Guverinamo y’u Rwanda yatesheje agaciro itangazo rya leta ya uganda rivuga ko u Rwanda rwakoresheje imbaraga z’umurengera mu gukumira Abagande bambukanaga magendu bayizana mu Rwanda. U Rwanda kandi...
Abanyekongo bakoze agashya bigana uburyo itangazo rya Ambasade ya Amerika iwabo ikora amatangazo basohora irivuga ko Leta ya Amerika yasabye u Rwanda guhagarika gufasha M23 no gukura ingabo ku...
Ni itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba wa M23, mu byapolitike bwana Lawrence Kanyuka kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2023, ryamagana ubwicanyi bukomeje gukorerwa Abatutsi bo...
Umuherwe waguze Arsenal, Stan Kroenke,yasohoye itangazo rivuga ko atazigera agurisha iyi kipe nubwo abafana b’iyi kipe bari kwigaragambya bamusaba kuyivamo.
Abagore 11 bakomoka mu karere ka Serenje mu gihugu cya Zambia bari mu gahinda kenshi ko kuba barabuze abagabo ariyo mpamvu bitabaje Radio yo muri aka gace ibatangira itangazo ibamenyeshereza...
Umuraperikazi nyarwanda Uzamberumwana Pacifique uzwi ku izina rya Oda Paccy yasubije Bamporiki Edouard wamwambuye ’UBUTORE’ uherutse no kuvuga ko adashobora kumusaba imbabazi ku cyemezo...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZAGURISHA MURI CYAMUNARA IMITUNGO ITIMUKANWA YA THOMAS NA PIRON GRAND LACS LTD IHEREREYE MU MU MUDUGUDU WA NYIRABWANA, AKAGALI KA...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 26/1/2019 saa tanu z’igitondo (11h00) azasubukura mu cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu kagali ka Cyugaro,...
Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, yatangaje ko igiye kongera ibiceri bya 100 Frw na 50 Frw ku isoko, nyuma y’uko bigaragaye ko byabaye bike mu gihugu, bikabangamira imigendekere myiza ya bimwe mu...
Umuhesha w’ Inkiko w’ Umwuga Me KUBWIMANA Emmanuel aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Thomas & Piron Grands Lacs Ltd iherereye mu Mudugudu wa...
Umuhesha w’ Inkiko w’ Umwuga Me KUBWIMANA Emmanuel aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Thomas & Piron rands Lacs Ltd iherereye mu Mudugudu wa Nyirabwana,...
Hashingiwe ku ngingo ya 287 y’itegeko No 007/2021 ryo kuwa 05/02/2021 rigenga amasosiyete y’Ubucuruzi,Umwanditsi mukuru aramenyesha abantu bose ko yasabwe kongera kwandika mu gitabo cy’Amasosiyete...
Rubicishije kumbuga zabwo, ubuyobozi bw`ingabo z`u Rwanda bwamenyesheje abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z`uRwanda ku rwego rwa Ofisiye ko kwiyandikisha ku turere no kumirenge...