Urukiko rukuru rwa Kenya rwatangaje ko umushinga wa guverinoma wo kuvugurura itegekonshinga udakwiye, udakurikije amategeko kandi unyuranyije n’itegekonshinga.
Perezida Ibrahim Boubacar Keita wa Mali yaraye atangaje iseswa ry’urukiko rw’itegekonshinga, mu kugerageza guhosha imidugararo yiciwemo abantu bane mu myigaragambyo yabaye ku wa...
Colin Powell wahoze ari umunyamabanga wa leta y’Amerika yanenze bikomeye uburyo Perezida Donald Trump yitwaye ku bijyanye n’imyigaragambyo yo kwamagana irondabwoko, avuga ko "yarenze" ku...
Ihuriro ry’amashyaka riri ku butegetsi muri Kenya rirahakana ko rifite akaboko mu busabe bw’umwe mu badepite baryo wasabye guhindura ingingo ya manda z’umukuru w’igihugu.
Itegekonshinga rya Kenya...
Umukuru w’akanama k’amatora ka Kenya yashinje bane mu bakozi bakuru (abakomiseri) bako batemeje ibyavuye mu matora ya perezida kugerageza guhungabanya itegekonshinga.
Mu itangazo, Wafula...
Uyu munsi tariki ya 11 Kamena 2020, hateranye inama y’Abagize Guverinoma yari iyobowe na visi perezida wa mbere w’u Burundi,Bwana Gaston Sindimwo, yafatiwemo umwanzuro wo kwandikira urukiko...
Kuwa Kane tariki ya 19 Ukwakira2017 abaturage batunguwe no kubona abapolisi bashyize hasi imbunda batera indirimbo z’amazamuka baramya umwami n’umukiza ari nako batamba basaba Imana kugarura ituze...
Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, RDC, aremeza ko mu mwaka w’2018 muri iki gihugu habaye ihirikwa ry’ubutegetsi bwari bugiye kujyayo...
Urukiko rw’itegekonshinga rwa Zambia ku wa gatanu rwemeje ko Perezida Edgar Lungu ashobora kwiyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka wa 2021.
Perezida Donald Trump avuga ko yumvise ko Kamala Harris wo mu ishyaka ry’abademokarate uziyamamazanya na Joe Biden akaba yamubera visi perezida "atujuje ibisabwa" byo kuba visi...
Umuyobozi w’umugi wa Kampala, Beti Kamya, yitabiriye ibiganirompaka bivuga ku kibazo cy’inzitizi y’imyaka mu kuyobora Uganda, ibiganiro Museveni aherutse kuvuga ko ari uguta umwanya.
Dailymonitor...
Perezida Joseph Kabila yatangaje ko atigeze asezeranya Abanyekongo igihe amatora azabera ahubwo ngo icyo yavuze ni uko arimo gutegura amatora vuba na vuba.
Ibi yabitangarije mu kiganiro...
Nyuma y’uko urukiko rurengera itegekonshinga mu Burundi rwemeje ko Evariste Ndayishimiye watowe ku mwanya w’umukuru w’igihugu ajya kuri uwo mwanya, ubu biteganyijwe ko azarahira kuwa kane w’iki...
Perezida wa Sénégal Macky Sall yasabye ko habaho ubumwe ubwo yari mu biro bye mu murwa mukuru Dakar imbere y’abamushyigikiye, avuga ko ku wa mbere azatangaza niba aziyamamariza manda ya gatatu mu...
Amnesty International irasaba abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukuraho ubutegetsi bwa gisirikare bumaze imyaka ibiri mu ntara ya Kivu ya Ruguru na Ituri, bumeze nk’ibihe...
Urukiko rurinda iremezo ry’itegekonshinga rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwatangaje ko rusanga nta bubasha rufite bwo kuburanisha uwahoze ari Minisitiri w’intebe Augustin Matata...
Hari hashize iminsi 2 mu Burundi hari ibihuha bivuga ko Ndayishimiye arwariye mu bitaro bya BUMEREC indwara itaravuzweho rumwe aho bamwe bavugaga Covid-19 abandi bakavuga uburozi gusa kuri uyu...
Amakuru atangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo mu Burundi aravuga ko General Major Evariste Ndayishimiye uherutse gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu yaba nawe arwaye uburwayi...
Perezida mushya wa Sénégal Bassirou Diomaye Faye yasezeranyije ko "impinduka yimbitse" hamwe n’"ubusugire bwinshi kurushaho" ari bimwe mu by’ingenzi ashyize imbere, ubwo yarahiraga ku wa...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida...
Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’u Burundi yatangaje ko hagiye gutangizwa ibikorwa bya kamarampaka ku itegekonshinga ry’ u Burundi (Activités relatives au Référendum de la Constitution du Burundi)....