Kompanyi y’indege yo mu gihugu cya Zimbabwe, Air Zimbabwe,yatangaje ko moteri y’imwe mu ndege zayo yagize ikibazo,ifatwa n’inkongi y’umuriro ubwo yavugaga ku kibuga cy’indege mpuzamakungu cya Oliver...
Kompanyi y’indege ya leta y’u Rwanda,Rwandair, yatangaje ko kuva uyu munsi kuwa mbere ihagaritse by’agateganyo ingendo zijya i Johannesburg, Lusaka na Harare kubera ubwoko bushya bwa...
Polisi yo muri Afurika y’Epfo yakoze umukwabu mu Mujyi wa Johannesburg, ita muri abanyamahanga ijana (100) badafite ibibaranga mu karere ka Diepsloot kari mu majyaruguru y’uyu...
Mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwifuza kuza ku mwanya wa mbere muri Afurika mu koroshya ubushabitsi...
Umugore wo muri Afurika y’Epfo ari mu byishimo by’ivuka ry’impinja eshanu mu bitaro biri hafi y’umujyi wa Johannesburg. Urugaga rw’ibitaro rwa Clinix Health Group, ari narwo ny’ir’ibitaro bya Clinix...
South Africa celebrates the 100th anniversary of Nelson Mandela’s birth this week with a flagship speech by former US president Barack Obama and an outpouring of memories and tributes to the late...
Raporo yakozwe na Brand Finance City Index 2023 ivuga ko Cape Town, umujyi wo muri Afurika y’Epfo,ariwo mujyi wa mbere muri Afurika mwiza wo kubamo,gukoreramo no gushora...
Bamwe mu Banyafurika y’Epfo barahamagarira u Bwongereza gusubiza diyama nini ku Isi, izwi ku izina ry’Inyenyeri ya Afurika (Star of Africa), yashyizwe mu ikamba ry’ubwami Umwami Charles III agiye...
Impanuka yatumye habaho iturika ry’ikamyo yari itwaye gaz, iheruka kubera mu gace ko mu burasirazuba bw’umujyi wa Johannesburg, mu ijoro rya Noheli,yahitanye abagera kuri 34, barimo 10 b’abakozi bo...
Abantu 14 muri Afrika y’Epfo bapfuye bahitanywe n’umwuzure wateye uruzi bari bari gukoreramo ibirori by’urusengero rwabo.
Ku wa gatandatu, bamwe mu bari mu masengesho barenga 30 bari bahagaze ku...
Polisi mu Buholandi ivuga ko yasanze umuntu muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo.
Nyuma, Polisi yemeje ko uwo...
Polisi mu Buholandi ivuga ko yasanze umuntu muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo.
Indege zivuye i Johannesburg...
Umupasitori uzwi cyane wo muri Afrika yepfo,umaze amezi atatu apfuye,ntarashyingurwa kubera ko umuryango we ugitegereje izuka rye.
Nk’uko IOL ibitangaza, umurambo wa Pasiteri Siva Moodley...