skol
Kigali

Search: Johannesburg (139)

Mayor mushya wa Johannesburg yapfiriye mu mpanuka y’imodoka

Perezida w’Afurika y’epfo Cyril Ramaphosa yahaye icyubahiro uwari umuyobozi mushya w’umujyi wa Johannesburg, nyuma y’urupfu rwe mu mpanuka y’imodoka ku myaka...
20 September 2021 783 0

Muri Afurika Yepfo ibikorwa byo kurwanya abanyamahanga bikomeje kuvuza ubuhuha

Mu Mujyi wa Johannesburg ibikorwa byo kurwanya abanyamahanga bikomeje kuvuza ubuhuha, aho amaduka yabo arimo gusahurwa, imodoka zigatwikwa ndetse bagakorerwa...
3 September 2019 2416 0

Umugabo yarezwe kwica umugore utwite w’imyaka 28 bakundanaga

Umugabo wakundanaga n’umugore wo muri Afurika y’epfo, wapfuye bigatuma mu gihugu haba inkubiri y’imyigaragambyo yo kwamagana urugomo rukorerwa abagore, yarezwe mu rukiko rw’i Johannesburg kwica uwo...
23 February 2021 1092 0

Grace Mugabe ushinjwa gukomeretsa umukobwa muri Afurika y’ Epfo yatashye

Umugore wa perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe, Grace Mugabe ubu yamaze kugera mu gihugu cya Zimbabwe nubwo ashinjwa gusagarira umukobwa muri Afurika y’ Epfo amusanganye n’ abahungu be muri hoteli I...
16 August 2017 1448 0

Umupasiteri yarasiwe imbere y’abayoboke be ahita ahasiga ubuzima

Umupasiteri, Dwayne Gordon yarashwe n’abagizi ba nabi ahita apfa ubwo yari mu rusengero i Johannesburg, muri Afurika y’Epfo.
9 October 2023 2857 0

Putin yagejeje ijambo rye ku nama ya BRICS yirengagiza iby’rupfu rwa Prigozhin yageretsweho

Perezida Putin w’u Burusiya yagejeje ijambo rigufi abinyujije muri videwo ku bitabiriye inama ya BRICS yaberaga i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, yibanda ku byo yateguye kubagezaho byo kwagura...
24 August 2023 1119 0

Indege ya Air Zimbabwe yafashwe n’inkongi y’umuriro muri moteri abagenzi bashya ubwoba

Kompanyi y’indege yo mu gihugu cya Zimbabwe, Air Zimbabwe,yatangaje ko moteri y’imwe mu ndege zayo yagize ikibazo,ifatwa n’inkongi y’umuriro ubwo yavugaga ku kibuga cy’indege mpuzamakungu cya Oliver...
29 April 2019 3513 0

Ijambo Julius Malema yavugiye ku kiriyo cya Winnie Mandela ryatumye yitwa igihangage avugwa ibigwi n’ibyiza babona...

Ijambo Julius Malema yavugiye mu kiriyo cyo gusezera mu cyubahiro nyakwigendera Winnie Mandela I Johannesburg, ahari hakoraniye imbaga y’abantu baturutse imihanda yose, ryakije umuriro hirya no...
14 April 2018 6636 0

Abantu Barenga 70 bibasiwe n’inkongi yatwitse Igorofa muri Afurika Y’Epfo

Abashinzwe ubutabazi muri Afurika y’Epfo baraye mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yadutse muri rimwe mu magorofa ari i Johannesburg.
31 August 2023 185 0

Rwandair yahagaritse ingedo muri Afurika y’Epfo, Zambia na Zimbabwe kubera Covid-19

Kompanyi y’indege ya leta y’u Rwanda,Rwandair, yatangaje ko kuva uyu munsi kuwa mbere ihagaritse by’agateganyo ingendo zijya i Johannesburg, Lusaka na Harare kubera ubwoko bushya bwa...
8 February 2021 556 0

Facebook igiye gufungura ishami ryayo muri Nigeria

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Facebook cyatangaje ko umwaka utaha kizafungura ishami ryacyo mu mujyi wa Lagos muri Nigeria.Icyo cyicaro nigifungurwa, kizaba kibaye icya kabiri Facebook igize ku...
20 September 2020 295 0

Igerageza ry’urukingo rwa Coronavirus rigiye gutangirira muri Afurika

Igerageza rya mbere ry’urukingo rwa Coronavirus rigiye gutangira muri Afurika y’Epfo. Ibi byatangajwe na Kaminuza ya Wits y’i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, rikaba ari na ryo gerageza rya mbere...
24 June 2020 1713 0

Miss Universe Tunzi ubwo yagarukaga ku ivuko abenshi bataye akazi abandi bava mu mashuri[AMAFOTO]

Miss Universe,Zozibini Tunzi ubwo yagarukaga ku ivuko yafashe umwanya wo gusuhuza abatuye Johannesburg aho yagendaga ahagaze muri busi ifunguye hejuru mu mihanda y’uyu mujyi mu buryo bwo...
17 February 2020 5150 0

Abanyamahanga 100 batawe muri yombi na Polisi yo muri Afurika Y’Epfo

Polisi yo muri Afurika y’Epfo yakoze umukwabu mu Mujyi wa Johannesburg, ita muri abanyamahanga ijana (100) badafite ibibaranga mu karere ka Diepsloot kari mu majyaruguru y’uyu...
29 January 2020 1223 0

Perezida Kagame arifuza ko u Rwanda ruba urwa mbere ku isi mu korohereza ishoramari

Mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwifuza kuza ku mwanya wa mbere muri Afurika mu koroshya ubushabitsi...
11 November 2019 1066 0

Umubyeyi yabyaye abana 5 bavukira igihe kibura ibyumweru 10

Umugore wo muri Afurika y’Epfo ari mu byishimo by’ivuka ry’impinja eshanu mu bitaro biri hafi y’umujyi wa Johannesburg. Urugaga rw’ibitaro rwa Clinix Health Group, ari narwo ny’ir’ibitaro bya Clinix...
14 September 2018 1265 0

Reba imijyi 10 myiza cyane muri Afurika muri 2020 irimo na Kigali[AMAFOTO]

Amakimbirane, ubukene, indwara n’inzara byerekana agace gato ka Afurika, kimwe n’indi migabane yose, Afurika ikunze kuvugwa nabi mubitangazamakuru byo muburengerazuba, byerekana umugabane nkuko...
7 August 2020 4341 0

Why Barack Obama came in Africa again

South Africa celebrates the 100th anniversary of Nelson Mandela’s birth this week with a flagship speech by former US president Barack Obama and an outpouring of memories and tributes to the late...
15 July 2018 659 0

Amateka ya Tyla,umukobwa wafashe isi yose kubera indirimbo imwe

Rimwe na rimwe indirimbo imwe niyo gusa uba ucyeneye nk’umuhanzi. Muri uyu mwaka, Tyla yabonye iye.
2 January 2024 3510 0

Hamenyekanye imijyi 5 muri Afurika iryoshye kuyibamo [URUTONDE]

Raporo yakozwe na Brand Finance City Index 2023 ivuga ko Cape Town, umujyi wo muri Afurika y’Epfo,ariwo mujyi wa mbere muri Afurika mwiza wo kubamo,gukoreramo no gushora...
1 September 2023 2648 0

Diyama iri mu ikamba ry’umwami w’Ubwongereza yibwe muri Afurika y’Epfo

Bamwe mu Banyafurika y’Epfo barahamagarira u Bwongereza gusubiza diyama nini ku Isi, izwi ku izina ry’Inyenyeri ya Afurika (Star of Africa), yashyizwe mu ikamba ry’ubwami Umwami Charles III agiye...
4 May 2023 1208 0

Kizigenza wakinnye mu Bwongereza yaririye mu rukiko kubera indezo yaciwe ku mwana umwe kandi afite 13...

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru muri Zimbabwe no muri Afurika,Peter Ndlovu, yatakambiye urukiko arubwira ko atabona indezo rwari rwamuciye ku mwana umwe kandi afite abandi bagore babyaranye abana...
6 February 2023 2177 0

Impanuka y’iturika ry’ikamyo imaze guhitana abarenga 30

Impanuka yatumye habaho iturika ry’ikamyo yari itwaye gaz, iheruka kubera mu gace ko mu burasirazuba bw’umujyi wa Johannesburg, mu ijoro rya Noheli,yahitanye abagera kuri 34, barimo 10 b’abakozi bo...
3 January 2023 2676 0

Afrika y’Epfo: Abantu 14 batwawe n’uruzi bari mu masengesho

Abantu 14 muri Afrika y’Epfo bapfuye bahitanywe n’umwuzure wateye uruzi bari bari gukoreramo ibirori by’urusengero rwabo. Ku wa gatandatu, bamwe mu bari mu masengesho barenga 30 bari bahagaze ku...
5 December 2022 906 0

Biravugwa ko Umwe mu banyezamu b’Amavubi yagerageje gutoroka inshuro 3 agafatwa

Nyuma y’umunsi umwe gusa Ikipe y’Igihugu "Amavubi" yerekeje muri Afurika y’Epfo, kwitegura umukino izahuramo na Mozambique kuwa Kane saa 16:00’ w’icyumweru gitaha,mu gushaka itike y’igikombe...
30 May 2022 4158 0

Umugabo wagendeye mu mapine y’indege amasaha 11 akarokoka yamenyekanye

Polisi mu Buholandi ivuga ko yasanze umuntu muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo. Nyuma, Polisi yemeje ko uwo...
24 January 2022 2025 0

Umugabo yarokokeye mu mapine y’indege yagenze amasaha 11 yerekeza Amsterdam

Polisi mu Buholandi ivuga ko yasanze umuntu muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo. Indege zivuye i Johannesburg...
24 January 2022 1209 0

Bishop Desmond Tutu wafashije mu gusoza apartheid akanahabwa Igihembo cya Nobel yatabarutse

Musenyeri mukuru Desmond Tutu, watsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel akanafasha gusoza ubutegetsi bw’ivanguramoko bwa ba nyamucye b’abazungu bwa apartheid muri Afurika y’epfo, yapfuye ku...
26 December 2021 742 0

Banze gushyingura Pasiteri umaze amezi 3 apfuye ngo bategereje ko azuka

Umupasitori uzwi cyane wo muri Afrika yepfo,umaze amezi atatu apfuye,ntarashyingurwa kubera ko umuryango we ugitegereje izuka rye. Nk’uko IOL ibitangaza, umurambo wa Pasiteri Siva Moodley...
7 December 2021 1715 0

Afurika y’Epfo: Leta yasabye abasirikare ngo bahangane n’abaturage bari mu myigaragambyo yo kwamagana ifungwa rya...

Perezida w’Afurika y’epfo Cyril Ramaphosa yasabye abaturage "kurwanya urugomo" kubera imidugararo yavutse igapfiramo abantu yatewe n’ifungwa ry’uwahoze ari Perezida Jacob...
13 July 2021 845 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120