Ejo ku cyumweru umudepite wo ku ruhande rwa visi Perezida William Ruto n’abayobozi mu ishyaka rya Jubilee rya Perezida Uhuru Kenyatta bateye rwaserera mu rusengero, ibi byatumye abanyakenya biha...
Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza yatutswe n’ abantu batandukanye ku rubuga rwa Twitter nyuma yo kwandikaho ko yifatanyije na Perezida Kenyatta wa Kenya ku ntsinzi yabonye mu matora yabaye ku...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Kanama 2017 nibwo Komisiyo y’ amatora yatangaje ibyavuye mu itora rya Perezida wa Repubulika ya Kenya ku wa Kabiri tariki 8 Kanama.
Ubwo hatagazwaga...
Abanya Kenya kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kanama 2017, babyukiye mu gikorwa cyo matora gutora umukuru w’igihugu aho aba mbere mu masaha ya saa cyenda z’igicuku bari bageze ku biro by’itora....
Mu mujyi wa Kampala habaye guturika kw’ ibisasu 2 ahantu habiri hatandukanye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Kimwe mu biturika cyturikiye ku muhanda werekeza ku nteko ishinga amategeko...
Umuntu umwe yatakarije mu myigaragarambyo yakurikiye amatora ya Perezida w’ igihugu cya Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017. Ibyavuye mu matora byerekanye ko Perezida Uhuru...
Uhuru Muigai Kenyatta yavutse ku ya 26 Ukwakira 1961 ni umunyapolitiki wo muri Kenya akaba na Perezida wa Repubulika ya Kenya muri iki gihe. Yabaye Umudepite wa Gatandu y’Amajyepfo kuva 2002...
Umugore n’umugore bo mu Bwongereza bavugishije benshi kubera amafoto bafotowe bari gusambanira ku munara w’amateka uherereye ahitwa Bollington, Cheshire, muri iki gihugu...
Reba amwe mu mafoto meza yatoranyijwe mu cyumweru cyo kuwa 23-29 z’ukwa Gatandatu muri Afurika ndetse n’ay’abanya Afurika baba ahandi ku Isi.
Kenya: Umunsi umwe mbere cyari igihe cy’abakunzi...
Muri Kanama uyu mwaka 2017 mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika birimo Kenya, u Rwanda, na Angola abaturage bazitorera umukuru w’ igihugu.
Muri Kenya n’ u Rwanda ibikorwa byo...
Impanga zavutse zifatanye, Lupita na Carmen Andrade,b’imyaka 22 baherutse kuvuga ku kuntu bimera kuba baravutse bafatanye ndetse no kuba batumva kimwe ibyo gukundana ndetse n’ibindi.
Izi mpanga...
Umwe mubahanzi bari bakunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mugihugu cya Kenya, Dennis Mwangi uzwi nka Papa Dennis bamusanze iruhande rw’umuhanda...
Gatsinda Jean Paul wamamaye mu gutunganya indirimbo z’abahanzi b’abanyarwanda batandukanye agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Alice Mutoni [Big Tonny] umenyerewe mu ndirimbo zo guhimbaza Imana ndetse...
Binyuje mu ijwi ry’umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasabye Raila Odinga kudahirahira akomeza umugambi wo kurahirira kuyobora Kenya yirengagije ko Uhuru Kenyatta yatowe mu buryo...
Kenyatta yatowe kuri 98%
abaguye mu myigaragambyo ni bane
Abantu barenga imiliyoni 19 nibo bagombaga gutora
Amatora yitabiriwe na 40%
Mu gace ka Kitui amatora yakerewe bitewe ni uko bisi yari...
Raila Odinga yamaze gutangaza ko ashobora gukuramo kandidatire mu matora y’Umukuru w’igihugu ahatanyemo na Perezida Uhuru Kenyatta atenganyijwe gusubirwamo muri iki gihugu ngo nta muntu wamuhana...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yahaye imodoka nziza John Paul Mwirigi anasoza isezerano bagiranye agitangira kiyamamariza kuba Depite. Mwirigi wiyamamaje ngo abe umudepite uhagagariye Intara ya...
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Mount Kenya University yatsindiye kuba umudepite w’ amajyepfo y’ agace ka Igembe.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 10 Kanama 2017 nibwo byatangajwe ko Mr...