Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga ku wa Kane tariki 31 Kanama yahawe miliyoni 500 z’ amashilingi ya Kenya arazanga, bukeye atangaza ko ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya...
Kuri uyu wa kane w’iki cyumweru twitegura gusoza tariki ya 21 Werurwe 2019 nibwo ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB) na Kigali City Tour Ltd batagije ku mugaragaro igikorwa cyo kumurika Imodoka...
Uwera Dalila watowe tariki 17 Ukuboza 1993 kuba Miss Rwanda 1994, yamaze gutandukana byeruye n’umugabo we bari bamaranye imyaka 3 mu munyenga w’urukundo.
Gutora Nyampinga mu Rwanda byatangiye mu...
Uwera Dalila tariki 17 Ukuboza 1993 yatorewe kuba Miss Rwanda 1994 mu muhango wabereye kuri Hotel chez Lando i Remera, Uyu mubyeyi yibaza impamvu nawe atajya ahabwa umwanya muri aya marushanwa...
Rutahizamu Jacques Tuyisenge ukinira Gor Mahia yatangaje ko bitazongera kumworohera gutsinda ibitego AFC Leopards bahora bahanganye,kubera ko yaguze umunyezamu w’umuhanga mu Rwanda,Ndayishimiye...
Ubumwe Grande Hotel yegukanywe na sosiyete y’ubucuruzi yitwa Umubano Industries Ltd iyiguza asaga miliyari 30 Frw mu cyamunara cyabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Ukuboza...
Mutesi Dorah umwe mu bakobwa b’ubwiza bambitswe ikamba rya Nyampinga w’iyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu 2010 usigaye aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Georgia, yamaze gukora ubukwe...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Nyamirama yagaruje amwe mu mafaranga yari yibwe uwitwa Kayitankore Oliva w’imyaka...
Myugariro wa Sunrise FC, Mugabo Gabriel, yatawe muri yombi kuri uyu wa 10 Kamena 2021 ubwo umukino wahuzaga ikipe ye na Gasogi United wari ukirangira.
Mugabo akurikiranyweho gukoresha umugore...
Myugariro wa Sunrise FC,Mugabo Gabriel,watawe muri yombi tariki ya 10 Kamena 2021,kuri stade yiswe Gologota,nyuma y’umukino Sunrise FC yari yakiriye Gasogi United bakanganya igitego 1-1,yarekuwe....
Umujyi wa Kigali watangaje ko uzashora miliyoni 600 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022/23 mu kwagura Imbuga City Walk, ahantu hanini hatanyura imodoka I Kigali,hakaguka....