Gare ya Kacyiru ku munsi ikoreshwa n’ abarenga 1000, nta bwiherero ifite. Abayikoresha n’ abayituriye bavuga ko bibabangamiye kuko biteza umwana.
Abagenzi bakoresha iyi gare bavuga ko hari ubwo...
Imodoka yo mu bwoko bwa Toyota irahiye irakongoka ubwo yari igeze hafi y’ibiro bikuru bya polisi biherereye i Kacyiru mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali.
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 30/01/2020 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimuknwa uherereye mu mudugudu wa...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 29/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ebyiri za Etage...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 21/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ebyiri za Etage...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 24/04/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Harelimana Gaspard...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko guhera saa kumi n’ ebyiri z’ umugoroba umuhanda ujya cyangwa uva ku Kibuga cy’ indege I Kanombe urakoreshwa n’ abashyitsi...
Imodoka ya Polisi y’ u Rwanda yo mu bwoko bwa Pick up yagonganye na moto, irenga umuhanda abantu babiri barakomereka nayo irangirika
Iyo mpanuka yabereye Kacyiru ku masangano y’umuhanda kuri za...
Mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kacyiru habereye impanuka y’imodoka igonga umwana w’umunyeshuri wajyaga kwiga ahita ahsiga ubuzima.
Umuhanzi Nsengiyumva Francois wamenyekanye nka Igisupusupu yabajijwe amakuru y’undi mu gore yacyuye ahitwa Kacyiru mu mujyi wa Kigali, ayahakana yivuye inyuma ko mu buzima bwe afite umugore umwe...
Mu rugendoshuri rw’ibyumweru bibiri itsinda ry’impuguke ziri guhererwa amasomo yo mu rwego rwo hejuru ajyanye n’iby’ubuyobozi muri National Institute for Policy and Strategic Studies (NIPSS) riri...
Inzu ya Ngabonziza Norbert na Bantegeye Kayitesi iherereye mu Mudugudu w’Amahoro, Akagari ka Kibaza, Umurenge wa Kacyiru mu Karere Gasabo yafashwe n’inkongi y’umuriro watewe na buji,bituma abana...
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 01 Kanama ku kicaro cya Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Rwezamenyo Polisi yeretse itangazamakuru abantu 25 bafatiwe mu birori...
Ndayisabye Jean Paul utuye mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo, tariki ya 1 Mutarama 2021 yandikiye Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame atabariza abana b’incuke n’abo mu cyiciro cya mbere...
Prof. Laurent Nkusi wakoze wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda mu gihe kingana n’imyaka 8, yaguye mu bitaro byitiriwe Umwami Fayisali biherereye ku Kacyiru mu mujyi wa Kigali azize...
Abakozi babiri ba Banki ya Kigali ishami rya Kacyiru bafunzwe bakurikiranyweho guteza iyi banki igihombo cy’amafaranga arenga miliyoni 144 yaburiye muri ATM ariko bo bakabihakana bavuga ko ari...
Abahoze ari abayobozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi,REB, Dr Rutayisire John na Janvier Gasana barekuwe uyu munsi kubera ko ikirego cy’Ubushinjacyaha cayteshejwe agaciro n’urukiko rw’ibanze...
Kimwe n’izindi nyubako ndetse n’ibikorwa biherereye mu bishanga hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, ikigo cya APABENA cyafashaga abana batishoboye cyubatse ahazwi nko ku Kinamba mu Murenge wa Kacyiru...
Ntakirutimana Aloys w’imyaka 42 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Kacyiru, akagari ka Kigenge Umurenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi arashinjwa kwica umugore we amukubise ifuni mu mutwe. Intandaro...
Umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 22 na 28 y’amavuko wagaragaye mu mugezi wa Nyabugogo uherereye mu Murenge wa Kigali mu Karere ka...
Umugore witwa Nagapfura Brigitte w’imyaka 35 utuye mu murenge wa Gisozi mu karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, yahitanywe na Gaz yamuturikanye atetse ndetse inakomeretsa bikomeye umwana we...
Uko iterambere mu by’ikoranabuhanga rigenda rigera mu Rwanda, ninako rifasha abafite imigambi mibisha mu bikorwa by’ubujura n’ubutekamutwe. Ubu ubujura bwinshi mu mujyi wa Kigali, usanga atari...
Inzego zibanze zo zifatanyije na Polisi y’igihugu bari gushakisha umukecuru witwa Ntamugize Eugenie uri mu kigero cy’imyaka 67 aho akurikiranyweho gutwika umwana uri mu kigero cy’imyaka irindwi ku...