Umuherwekazi w’umugande wamamaye ubwo yari mu rukundo na Diamond Platnumz, yaburiye abakunzi be kwirinda abatubuzi barimo gukoresha amazina ye n’amafoto bakaka abantu...
Umugore w’imyaka 30 witwa Gentrix Wekesa ukomoka ahitwa Kakamega muri Kenya ari mu gahinda aterwa no kuba umugabo we yaranze ibyo kuboneza kuko ubu bafite abana 10 ndetse ngo yamubwiye ko yifuza...
Umunyamerikakazi witwa Kathryn Mayorga washinje Cristiano Ronaldo kumufata ku ngufu bari muri Hoteli yo mu mujyi wa Las Vegas yamusabye kumwishyura miliyoni 56 z’amapawundi zo gusana ibyo...
Kuri uyu wa Gatatu niwo wagaragaje ko hasigaye iminsi 100 gusa kugira ngo irushanwa rikundwa na benshi rya UEFA Euro 2020 ritangire aho ibihugu by’ibigugu bizesura kakahava muri iyi mikino...
Amaze imyaka 17 muri Guinness de record ntawuramukura ku mwanya wa mbere kubera kuryamana n’abagabo benshi ku Isi. Birumvikana ni umunyabigwi ninayo mpamvu yashyizwe mu gitabo cy’abafite uduhigo ni...
Mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize rishyira kuwa Mbere ku musozi wa Mukaka, Zone Buhoro, Komini Mabayi, mu Ntara ya Cibitoke, umuntu umwe bivugwa ko ari Imbonerakure yishwe aciwe umutwe n’abantu...
Ikipe ya Bayern Munich ikomeje kugaragaza ubukaka bwayo mu gutwara ibikombe kuko yatwaye igikombe cya UEFA Super Cup gihuza ikipe yatwaye UEFA Champions League n’iyatwaye Europa League itsinze...
Nibura abana 20 bato bafite hagati y’imyaka 10 na 18, ku wa mbere 20 Nyakanga2020 mu masaha ya saa sita, basanzwe barimo gukora imibonano mpuzabitsina kamera ziri gufata amajwi n’amashusho mu nzu...
Umusenateri witwa Gédéon Gahungu wo mu Burundi uheruka gutaha iwe agasanga umugore we yicaranye n’umushyitsi w’umugabo mu nzu, agahita afata agafuni kari mu mu modoka ye akakabahondaguza...
Imikino ya UEFA Champions League y’umunsi wa 05 mu matsinda kuva murya E kugera muri H yarangiye amakipe yo mu Bwongereza atagaragaje ubukaka bwayo kuko uretse Tottenham yatsinze izindi zose...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Ugushyingo, ku bufatanye bwa Polisi ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Mageragere n’inzego bafashe abagabo batatu biyitaga abasirikari bakaka amafaranga...
Agace ka 7 ka Tour du Faso kabaye kabi cyane kuri Mugisha Moise na Team Rwanda batakaje umwenda w’umuhondo nyuma y’aho uyu musore wari uwufite yaguye bakamusiga...
Umukinnyi wa filime Mukakamanzi Beata uzwi nka Mama Nick muri filime ya City Maid yatangaje ko amaze imyaka myinshi afana ikipe ya Rayon Sports yavuze ko mu rwego rwo kurushaho kuyishyigikira...
Icyamamare mu njyana ya R&B,Shaffer Chimere Smith wamamaye mu muziki nka Ne-Yo yageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 06 Kanama 2019 aho yatumiwe mu gitaramo gikomeye...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus mu Butaliyani yatangaje ko myuka 16 amaze akina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga atazibagirwa umwaka wa 2018 kubera ko wamugoye cyane...