Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru,imodoka ya bisi yavaga Kakamega yerekeza Nairobi yataye umuhanda yibirindura ku musozi ariko kubwa amahirwe abantu 60 bari bayirimo ntawahasize...
Umutoza wa PSG,yabyukije intambara y’amagambo na Neymar Jr kuko yamunenze kubera imyitwarire mibi yagize kuwa Gatandatu,agakubita igipfunsi umufana wa Rennes warimo gufata amashusho abakinnyi ba...
Umugabo witwa Edward Alukuma ukomoka mu gace kitwa Shinyalu mu ntara ya Kakamega muri Kenya yaciye ibintu nyuma yo kurya ibiro 12 bya kawunga arabimara,ntibyamugiraho...
Rutahizamu kabuhariwe wa Juventus yatangaje ko yifuza ko uyu mwaka wa 2019 wazarangira amaze kugirwa umwere ku byaha ashinjwa n’umunyamerikakazi Kathryn Mayorga wamushinje ko yamufashe ku ngufu...
Umunyamerikakazi Melissa Satta-Boateng usanzwe ari umugore wa rutahizamu w’umunya Ghana Kevin Prince Boateng ukinira Sassuolo,yatunguye benshi kubera amagambo yatangarije kuri TV ko we n’uyu mugabo...
Umunyamerikakazi witwa Kierah LaGrave w’imyaka 22,yibeshye ku murinzi w’ibigango wo mu kabyiniro amukubita igipfunsi ata ubwenge nyuma yo kumukekaho ko yamukoze ku...
Umunyamerikakazi witwa Aubrey Lane w’imyaka 32 yareze ubuyobozi bwa kompanyi y’indege ya American Airlines kubera ko butamurindiye umutekano bigatuma afatirwa ku ngufu mu bwiherero bwayo n’umugabo...
Umugabo witwa Mukonga Lijodi wo mu gace ka Shinyaru mu ntara ya Kakamega muri Kenya yaguwe gitumo ari gucukura imva yo guhambamo se ari muzima kubera bafitanye...
Umugore w’umwongereza witwa Katy Williams n’umwana we Finn Williams, bahuye n’uruva gusenya ubwo agasumbashyamba kabasangaga hafi y’urugo rwabo muri Afrika y’Epfo kakabakubita umutwe byatumye uyu...
Umuhungu ukomoka muri Kenya mu ntara ya Kakamega witwa Fred Makokha yashakanye na mushiki we Rebecca Makokha mu bukwe bwatangaje benshi ndetse buvugwa cyane mu bitangazamakuru byo muri Kenya...
Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye avuga ko uyu mukinnyi w’ikipe ya Liverpool yatandukanye n’ikipe y’igihugu ubwo bari bari mu Burusiya aho igikombe cy’Isi kiri kubera maze akajya mu gace...
Abagore babiri b’inshuti barimo Joanne Heckles uzwi nka Black Juicy n’uwitwa Lyndsey Stewart “Lizzie” bakomoka mu Bwongereza, bakwirakwiye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga,ubwo barwanaga...