ngelihle Zwane wamamaye nka Uncle Waffles uturuka muri Afurika Yepfo wari umaze iminsi ategerejwe i Kigali yasusurukije abantu karahava mu gitaramo cyahuje ada Dj batandukanye ba hano mu...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare ku wa Kabri tariki ya 31 Gicurasi, yafashe umugabo witwa Rukundo Jean Pierre w’imyaka 32, wamburaga amafaranga abaturage ababwira ko ari umupolisi...
Polisi ya Uganda ivuga ko igitero giherutse kugabwa ku biro bya Polisi mu gace ka Busiika mu Karere ka Luweero ndetse kigahitana Abapolisi babiri, cyakozwe n’agatsiko kiyise ‘Coalition for Change’...
Umusirikare w’Uburusiya ufite ipeti rya Lieutenant Colonel witwa Roman Venevitin yafunze n’abacanshuro ba Wagner kubera ko yabarasheho.
Ibi byagaragaye muri video iri ku mbuga nkoranyambaga...
Kuri uyu wa Kane tariki 15 Kamena 2023, Urukiko rwategetse ko Turahirwa Moise nta mpamvu zikomeye zituma akurikiranwa afunze. Rutegeka ko arekurwa akajya kurikiranwa ari hanze.
Ntagomba kurenga...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA ryahagaritse ikipe ya Al Nassr yo muri Arabie Saoudite kugura abakinnyi kubera umwenda ibereyemo Leicester City yo mu Bwongereza.
Iyi kipe yafatiwe...
Abayobozi bose bari bafite aho bahurira n’imyitwarire yo mu ishuri rya Sainte Trinite Nyanza T.S.S bakuwe mu nshingano hanafatwa izindi ngamba mu rwego rwo gukumira ko ibyaribayemo bitakongera...
Myugariro Ntaku Zibakaka ukomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo wakinaga mu ikipe ya Sagrada Esperança yo muri Angola yishwe n’uburwayi ubwo yari kumwe na bagenzi be bari mu...
Ikipe ya Al Hilal Benghazi yo muri Libya yaraye isezereye Kakamega Homeboyz yo muri Kenya iyitsinze ibitego 4-1 nyuma yo kunganya 0-0 muri Kenya mu mukino...
Mukakamanzi Beata wamamaye nka Mama Nick muri filimi y’uruhererekane ya City Maid ikundwa na benshi kuri RTV,yaraye mu bitaro aho agiye kubagwa nyuma y’impanuka yakoze ikamutera...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ukuboza 2017 nibwo habaye umuhango wo gusezeraho bwa nyuma umufasha wa Mukeshabatware Dismas witwa Mukakarangwa Marie Helene witabye Imana ku munsi w’ejo wo kuwa...
“Gasasangutiya” ni izina rya kamwe mu duce two mu Rwanda atangaje cyane . aka gace kakaba gaherereye mu Kagari ka Rubaya mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu. Ubu akaba ari agasoko...
Umugabo w’ahitwa Lugali mu gace ka Kakamega ho muri Kenya, yasize abaturanyi be mu gahinda gakomeye nyuma yo kwiyicisha umuriro ugurumana kubera amakimbirane yo mu...
Kuri uyu wa Kabiri,tariki 10 Werurwe mu Rugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rukorera mu Karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, hatangiye iburanisha mu mizi...
Yagoforreal uri mu banyamakuru bahagaze neza mu myidagaduro nyarwanda akaza no mu ba ‘Youtubers’ b’imbere mu gihugu cy’u Rwanda, yafashe umwanya atomagiza inkumi yibera muri Leta Zunze Ubumwe za...
Umunyamerikakazi Nikki Reed umenyerewe mu gukina filimi n’umugabo we Ian Somerhalder,basohoye amafoto bari gusomana mu buryo butangaje ubwo bakinaga umukino wa Yoga bombi...