Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FDA), cyemeje ikoreshwa ry’akuma k’ikoranabuhanga kazajya kifashishwa mu gupima Covid-19, binyuze mu mwuka umuntu...
Abasirikare ba Kenya (KDF) bagabye igitero mu burusirazuba bw’igihugu cya Congo mu gace ka Beni, bica ibyhebe bitanu byo mu mutwe wa Islamic state uzwi nka (...
Indenge itwara abagenzi ya RwandaAir yaguye ku kibuga cy’idenge mpuzamahanga cya ENTEBBE mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu yari itwaye abantu bagera kuri 60 barimo n’abashyitsi bagera kuri 20...
Ku munsi w’ejo ku cy’umweru ku ya 1 Gicurasi nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho n’amafoto y’umwana muto wabonye Perezida Paul Kagame akirukanka ajya kumuhobera undi na we amwakirana...
Uwahoze ari icyamamare mu mupira w’amaguru mu Bwongereza, David Beckham yirengagije bagenzi be bose bakinannye muri Manchester United ubwo yasabwaga kuvuga umukinnyi mwiza kurusha abandi bose mubo...
Mu kanwa kacu huzuyemo bagiteri ibihumbi n’ibihumbi. Usanga ku menyo, ku ishinya ku rurimi n’ahandi hanyuranye mu kanwa. Izo bagiteri zifite akamaro nyamara hari igihe ziba mbi zikaba ari zo zigira...
Ku wa Kane, Umunyamerikakazi ukina umukino wo koga byabaye ngombwa ko atabarwa n’umutoza we nyuma yo gucika intege ari mu marushanwa ya shampiyona y’isi bigatuma atangira kurohama mu mazi.
Anita...
Kapiteni wa Rayon Sports,Muhire Kevin,yanenze abakinnyi ba Rayon Sports bavuye mu ikipe y’igihugu bakanga kugaruka gukinira Rayon Sports ndetse yemeza ko amasezerano ye yarangiye ari gushaka...
Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate,yatangaje ko yishimiye ko ibyo yaharaniye byagezweho kuko akayabo yifuzaga ko uruganda rwa SKOL ruha Rayon Sports katanzwe.
Ibi byabaye...
Abapolisi babiri bajyanywe mu bitaro bameze nabi nyuma yo gukubitwa n’abaturage bo mu gace bakoreragamo.
Ku wa gatanu w’icyumweru gishize nibwo aba bapolisi babiri bakomerekejwe bikabije nyuma...
Umuhanzikazi Jennifer "JLo" Lopez yemeje ko yashakanye na Ben Affleck, kabuhariwe mu gukina filime akanazitunganya, mu butumwa yasohoye kuri iki cyumweru.
Aba bombi basezeraniye i Las Vegas...
Perezida Xi Jinping w’Ubushinwa na Vladimir Putin w’Uburusiya bazaganira ku ntambara muri Ukraine hamwe “n’ingingo mpuzamahanga n’iz’akarere” mu nama izatangira kuwa kane, nk’uko bivugwa na Kremlin....