Umupadiri w’umufaransa wo mu idini ry’aba Ortodogisi witwa Nikolaos Kakavelakis w’imyaka 52, yarasiwe mu kiliziya cye mu mujyi wa Lyon ku munsi mukuru wa Halloween n’umugabo wamushinjaga kumutwarira...
Umukobwa w’ikimero mu gihugu cya Kenya utunzwe no gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto ye yambaye ubusa,yahuye n’uruva gusenya ubwo yari agiye mu gashyamba kwifata amafoto agahagarara mu kiguri...
Umuyobozi w’urubyiruko mu rusengero ruherereye ahitwa Lumakanda mu ntara ya Kakamega muri Kenya witwa Fred Khamasi w’imyaka 32, yishwe nyuma yo gufatirwa mu cyuho ari gusambanya umugore w’umwe mu...
Mu gihugu cya Kenya ahitwa Kakamega, abanyeshuri 14 bigaga mu mashuri abanza bapfiriye mu mubyigano wabereye ku ishuri ryabo ariko kugeza ubu hakaba hataramenyekana...
Umupolisi wo mu Burundi utamenyekanye amazina yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yanyoye agasembuye kenshi ari mu kazi kakamwandagariza mu...
Umunyarwandakazi witwa Anastasie Mukakamali w’imyaka 66 yaguye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu karere ka Koboko we n’abandi bantu 5 barimo na meya w’aka karere Isaac...
Nsekanabo Jean Pierre uzwi nka Abega Kamara na Nkaka Ignace uzwi nka La Forge Fils Bazeye bari mu mutwe wa FDLR, bagejejwe imbere y’Urukiko kugira ngo baburane ku ifungwa n’ifungurwa...
Abagizi ba nabi bari bitwaje intwaro bateze imodoka ya Van yarimo Umunyamerikakazi wari wasuye igihugu cya Uganda mu bukerarugendo n’umushoferi we barabashimuta, kuri uyu wa...
Kuri uyu wa 9 Kanama 2018 nibwo hatangajwe uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo y’ umwaka w’ ingengo y’ imari 2017/18, akarere ka Rwamagana niko niko kaje ku isonga n’ amanota 84,5 kakaba gaciye...
Ubuyobozi bw’Akagali ka Kinyaga mu Murenge wa Nkaka mu Karere ka Rusizi burimo gukurikirana abantu bakekwaho gukubita umukobwa witwa Nyandwi Therese wabengewe ku rusengero agahabwa inkwenene na...
Umunyamerikakazi Nikki Reed umenyerewe mu gukina filimi n’umugabo we Ian Somerhalder,basohoye amafoto bari gusomana mu buryo butangaje ubwo bakinaga umukino wa Yoga bombi...
Umunya Kenya witwa Bernard Musyoki yahuriye n’Umunyamerikakazi witwa Deborah Jan Spicer w’imyaka 70, kuri Facebook mu 2017, barakundana birangira barushinze aho yamukoye idolari...
Umukunzi w’umupira w’amaguru ukomoka i Kakamega muri Kenya yaciye ibintu nyuma yo gutsindwa intego,akemera guha inshuti ye umugore we ngo amurarane amajoro...
Abayisenga Omar uzwi nka Dj Dizzo uvangira imiziki mu kabyiniro ka Bahaus yakomerekejwe n’agatsiko k’amabandi kamuteze mu ijoro kakamwambura kagerageza no kumwica ariko Imana...