Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi buratangaza ko bwishimiye uko buhagaze muri gahunda yo kwesa imihigo muri uyu mwaka,kuko bwahize imihigo 68 ,muriyo 57 igeze ku kigero gishimishije mu gihe igera...
Abanyamuryango ba Koperative COAMALEKA yo mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Karama bishimiye ko umufatanyabikorwa wabo SAEMAUL wo muri Koreya y’Epfo yabubakiye ubuhunikiro bunini ubu bakaba...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nzeri yafashe abantu Barindwi bacyekwaho gutega abaturage bakabambura bitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro....
Umuyobozi w’ akarere ka Kamonyi yahumurije abaturage ba kavukire muri aka karere ko abakire baturuka I Kigali bakajya kuhatura batazahabimura, anabizeza ko ubutaka bwo guhinda...
Abatunze imbwa baributswa gufata ingamba zo kuzirinda kuzerera ku gasozi kugira ngo hirindwe kuba hagira umuntu cyangwa itungo zirya, ndetse no kuba zabangamira ituze rya rubanda mu buryo bumwe...
Abaturage bo mu murenge wa Runda na Rugarika,mu karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative yitwa Ubumwe bugamije iterambere [KOUBITE] ikorera mu gishanga cya Bishenyi, basoje amahugurwa yari...
Mu karere ka Kamonyi Ababyeyi bari mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rw’umwana wabo wapfiriye ku ishuri aho yigaga mu kigo cya cyeru bivugwa ko yazize agapfundikizo k’ikaramu kamwe ko hasi ariko...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo bwahagaritse by’agateganyo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagali ka Kabuga,gaherereye mu murenge wa Ngamba, Mbonyubwami Emmanuel nyuma y’aho...
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Gacurabwenge mu Kagari ka Gihinga yafashe umugabo w’imyaka 52 wacuruzaga inzoga muri butike saa yine z’ijoro ndetse afitemo urumogi...
Umugore wo mu karere ka Kamonyi yatangaje ko yabonye hanze y’ itaburiya,igitsina cy’ umuganga wo ku kigo nderabuzima cya Nyamiyaga warimo kumubyaza ariyo mpamvu akeka ko ashobora kuba...
Inzego zibanze zo zifatanyije na Polisi y’igihugu bari gushakisha umukecuru witwa Ntamugize Eugenie uri mu kigero cy’imyaka 67 aho akurikiranyweho gutwika umwana uri mu kigero cy’imyaka irindwi ku...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Musambira ifatanyije n’abayobozi b’inzego z’ibanze bari gushakisha umugabo bivugwa ko yari umupfumu akaba akekwaho icyaha cyo gusambanya...
Kuri Station ya Police ya Musambira mu karere ka Kamonyi hafungiye umugabo ukekwaho kwica umwana we w’imyaka itatu amukubise aho yamuhoraga ko yanyaye ku buriri.
Ubuyobozi bw’umurenge wa...
Miruho Isiaka afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Runda, mu karere ka Kamonyi akekwaho kwiba amafaranga kuri Konti z’abatanga serivisi za Mobile Money bakorera muri aka karere.
Umuvugizi wa...
Umukecuru witwa Niyitanga Esperance n’ abana be batatu bacumbikiwe kuri sitasiyo ya polisi ya Runda mu karere ka Kamonyi bakurikiranyweho urupfu rw’ umugabo we bikekwa ko yaba yariyahuye cyangwa...
Amashusho adasanzwe yagaragaje inkangu itengura ubutaka n’imyaka mu murenge wa Nyarubaka, mu karere ka Kamonyi,gusa igitangaje nuko nta mvura yarimo kugwa.
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iravuga ko kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Kamonyi mu murenge wa Gacurabwenge habereye impanuka yo mu muhanda ikanganye ariko ntihagira...
Mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Ngamba umugabo ukekwaho kwica umugore we amukubise ifuni nawe agahita yiyahura yasize urwandiko rusobanuro icyamuteye gukora ayo...
Ikamyo ifite ibirango byo muri Uganda yerekezaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yataye umuhanda igeze mu Kagari ka Karengera mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi, igonga...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nzeri Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi kubufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage bafashe itsinda ry’abantu 12 bacyekwaho gutega abaturage...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangaje ko bwafashe Ntigurirwa Daniel wari umaze amasaha ashakishwa nyuma yo kuburirwa irengero bikekwa ko yishe umugore we amukubise isuka mu...
Ikibazo cy’abagore bari kuruma imyanya y’ibanga y’abagabo babo gikomeje gufata indi ntera mu Rwanda kuko no mu karere ka Kamonyi havugwa umugore warumye udusabo tw’intanga [amabya] tw’umugabo...
Abagizi ba nabi bataramenyekana batemye ibitoki by’uwitwa Dany Uwihoreye utuye mu Mudugudu wa Kintama, Akagari ka Kigusa, Umurenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi warokotse Jenoside yakorewe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Werurwe 2020, ingona yishe umugabo wari uri gukora uburobyi butemewe ku mugezi wa Nyabarongo ku gice cyo mu karere ka...
Umugabo wa Senateri Mureshyankwano Marie Rose witwa Ngendahayo Edouard ari mu bantu 7 baguye mu mpanuka y’imodoka 3 zagonganiye ahitwa mu Nkoto mu karere ka Kamonyi mu ntara...