Abaturage bo muri komine Butaganzwa mu ntara ya Kayanza ku mutumba witwa Mufumya bavuga ko batewe n’igitero kinini cy’Imbonerakure zigakubita abantu benshi zikanabomora ibiro by’ishyaka CNL kuri uwo...
Abantu batandatu bishwe mu ijoro ryo kuwa Kane, babiri barakomereka mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana ku mutumba Nyarumanaga mu ntara ya Kayanza. Muri abo bishwe harimwo...
Guverineri w’Intara ya Kayanza mu Burundi ihana imbibi n’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, Cishahayo Remy,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu mu muhango wo gushyikiriza u Rwanda abanyarwanda barindwi...
Mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017 hafashwe abarundi 6 bari bafite ibiro 300 by’ikawa binjizaga mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko.
Ibi byabereye ku musozi wa Runyinya, komini...
Daniel Ngendakumana uri muri komisiyo y’ umutekano akaba no mu mbonerakure n’ umugore we Elisabeth Niyikiza biciwe mu ntara ya Kayanza ababikoze u Burundi bwatangaje ko bahungiye mu...
Umupolisi wo ntara ya Kayanza mu Majyaruguru y’Uburundi yarashe mugenzi we ku manywa y’ihangu aramwica amuhoye kurya ruswa y’ibihumbi 5000 FBU arangije ahita aburirwa...
Abantu bataramenyekana mu ijoro ryacyeye bateye igisasu cyo mu bwoko bwa ’grenade’ mu kabari (ikirabo) kari ri zone ya Kamenge mujyi wa Bujumbura, kugeza ubu ntiharamenyekana neza umubare w’abo...
Citoyenne Kezimana, umukandida wa CNL ku mwanya w’umudepite w’intara ya Bujumbura Rural ari mu baheruka gufungwa, yafashwe ejo kuwa kabiri nyuma y’ibikorwa byo kwiyamamaza mu ntara ya Bururi....
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020, abakandida 6 muri 7 bazahatana mu matora ya perezida w’u Burundi ateganyijwe kuwa 20 Gicurasi uyu mwaka batangiye kwiyamamariza mu bice bitandukanye...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Nzeri 2022, Polisi y’u Burundi mu Ntara ya Kayanza yerekanye abagabo batatu ivuga ko ari Abanyarwanda yafashe bagura ibishyimbo muri icyo gihugu.
Umuyobozi wa...
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko kuwa 29 Nzeri 2020 zafashe mpiri abarwanyi 19 bavuga ko ari abo mu mutwe wa RED TABARA wigamba ko urwanya Leta y’u Burundi.
Mu gihugu cy’u Burundi, amakuru yakwirakwijwe kuri twitter aravuga ko guhera kuwa Gatandatu gukomeza no kuri iki Cyumweru, itariki 27 Nzeri, hakomeje kuvugwa imirwano ihuza Ingabo z’u Burundi...
Perezida Ndayishimiye Evariste w’u Burundi yagaragaye ari mu murima ari gufatanya n’abahinzi gusarura ibirayi mu gace ka Kayanza.
Ibiro by’umukuru w’Igihugu,Ntare Rushatsi,byatangaje ko Perezida...
Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe, zagaragarije ubuyobozi bwa Leta y’u Burundi impungenge bayifitiye zituma badataha.
Itsinda ry’abayobozi batandukanye mu Burundi...
Ngaruko Kelly wari uhagarariye umujyi wa Bujumbura ni we waraye atorewe kuba Nyampinga w’u Burundi w’uyu mwaka, mu cyiciro cya nyuma cy’iri rushanwa cyabereye mu Kigobe.
Umushinga we ni uwo guteza...
None ku wa Gatanu, tariki ya 16 Werurwe 2018, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Leta y’u Rwanda irizeza iy’u Burundi ubufatanye mu gucyura ku bushake impunzi z’Abarundi ziri mu Rwanda, ni nyuma y’aho kuri uyu wa Mbere u Rwanda rwakiriye intumwa za leta y’u Burundi zije mu...
Inzego z’ubuyobozi mu Burundi zashyikirije u Rwanda inka eshatu ziherutse kwibwa mu Murenge wa Busanze mu Karere ka Nyaruguru zikajyanwa muri icyo gihugu.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo,Kayitesi Alice yakiriye abayobozi baturutse mu gihugu cy’u Burundi bayobowe na Guverineri w’Intara ya Kayanza.
Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa...