Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Nzeri Polisi yeretse itangazamakuru abantu 28 bafatiwe mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Kanombe, Akagari ka Kabeza bari mu birori byo kwizihiza isabukuru...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa n’imyambarire y’umugore we ari ibisambo, ngo umukunzi we n’umunyamideli ukomeye.
Shalifah Uwimbabazi, umugore...
Umuraperi Khalifan ukunzwe n’abatari bake mu muziki, yemeje ko akundana n’umuririmbyikazi Marina Deborah, avuga ko iby’urukundo rwabo abona hari indi ntera nziza biri kugenda...
Igitatamo cya mbere cy’ irushanwa Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya 8, kw’ikubitiro ryatangiriye i Gicumbi aho abahanzi uko ari icumi bahatanira kwegukana iri rushanwa bari babukereye...
Ismail Mrisho Khalfan wakiniraga ikipe ya Mbao FC y’abaterengeje imyaka 20, yapfuye nyuma yo gutsinda igitego ikipe ya Mwadui FC. Uyu mukino ukaba waberaga mu Ntara ya Bukoba.
Ishyirahamwe...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2021, nibwo habaye uyu muhango ngaruka mwaka ikipe ya Rayon Sports ikora wo kwerekana abakinnyi iba igiye gukoresha mu mwaka w’imikino uba giye gutangira...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika, yamaze gutangaza ko Dream Boys na Christopher aribo bahanzi berekanye ko bafite inyota yo kuvamo umwe wegukana irushanwa rya Primus Guma Guma...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa n’imyambarire y’umugore we ari ibisambo, ngo umukunzi we n’umunyamideli...
Umuraperi Bull Dog atangaza y’uko hari abahanzi b’abaraperi bagenzi be abona bakoze neza uyu mwaka bagakwiye guhabwa umwanya n’abo bagahatana/bakongera guhatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma...
Rwandarushya Aimable wamenyekanye ku izina rya Nameless Campos,yakoreye Video yo ku rwego rwo hejuru umuhanzi Nyarwanda uvuye kwiga umuziki mu ishuli ryo ku Nyundo.
Umuhanzi akaba akoresha...