Kuri uyu wa 25 Kanama 2018 Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko I, izafasha mu kubaka ibyumba by’amashuri 18...
Ambasade ya Israel mu Rwanda yahaye inkunga y’udupfukamunwa ibihumbi 4000 abanyarwandakazi barimo Abanyamuryango ba AVEGA bahawe utugera ku bihumbi 2000 mu gihe utundi ibihumbi 2000 twahawe...
Ku mugoroba wo kuwa wa gatandatu taliki 27/4/2019 nibwo abagenderaniraga umunsi ku wundi na Francine Uwimbabazi wari utuye mu murenge wa Kimironko, Akagali ka Kibagabaga, Umudugudu wa Ramiro...
Ahagana ku isaa sita z’amanwa zo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 13 Nyakanga 2019, Agakiriro ka Kimironko gaherereye mu Kagari ka Bibare mu Karere ka Gasabo nako kafashwe n’inkongi...
Polisi y’ u Rwanda iravuga ko kugeza ubu igikora iperereza ku rupfu rw’ umukobwa wari umukozi mu rugo ruherereye mu murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali. Amakuru yasakaye ku...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 10/03/2020 saa yine za mu gitondo(10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Ndahayo Theodore ugizwe...
Ku mugororoba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Kamena 2023, nibwo Ikamyo yakoze impanuka ubwo yari igeze ku Kimironko mu Karere ka Gasabo ihitana umunyamaguru wari mu nkengero z’umuhanda....
Dr Frank Habineza watanzwe n’ishyaka Green Party avuga ko afite icyizere gikomeye cyo gutsinda amatora y’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, ku kigereranyo cy’amajwi agera kuri 70%. Ngo amatora n’aba mu...
Kuri uyu wa Gatatu, isiganwa rya Tour du Rwanda ryakomeje ku umunsi waryo wa kane, mu gace kahagurukiye i Kigali [Kimironko] kerekeza mu Karere ka Gicumbi, ku ntera y’ibilometero...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo,bwafunze by’agateganyo zimwe mu nsengero buvuga ko zitubahirije ibisabwa, nko kuba zidakumira urusaku rujya hanze no kutagira ubwiherero...
Ubushinjacyaha ku rwego rw’ibanze n’urwisumbuye mu karere ka Gasabo bwarekuye abantu 95 barimo abagore 14 n’abagabo 81, bari bafungiwe muri kasho za Kimironko na Rusororo mu Karere ka Gasabo na...
Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ari i Gasabo, ashingiye ku ngingo ya 148 y’Itegeko no 22/2018 ryo kuwa 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi,...
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, usanzwe atoragura ibyuma akabigurisha,yakoze ku nsinga zikikije igipangu zarimo umurimo umuriro w’amashanyanyarazi...
Umunya Kazakhstan w’imyaka 20, Yevgeniy Fedorov ukinira ikipe ya Vino Astana Motors watatse ku kirometero cya 3 mu gace ka mbere ka Tour du Rwanda yakoze atwara agace ka mbere k’iri rushanwa...
Kuri uyu wa mbere saa tanu za mu gitondo ku bufatanye n’abaturage Polisi ikorera mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko mu kagari ka Bibare mu mudugudu w’Intashyo yafashe uwitwa Tuyizere Eric...
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 01 Kanama ku kicaro cya Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Rwezamenyo Polisi yeretse itangazamakuru abantu 25 bafatiwe mu birori...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko tariki 21 Mata 2022, rwafashe abantu babiri mu Mujyi wa Kigali bari bagiye kugurisha ubutaka butari...
Ahagana saa yine za mu gitondo kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Gicurasi 2022 nibwo umusore witwa Moses uri mu kigero cy’imyaka 29 yasanzwe mu irimbi ryo mu kagari ka Nyagatovu ko mu murenge wa...
Iburanisha mu rubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yakowe Abatutsi mu Rwanda ryakomeje kuri uyu wa gatatu, umutangabuhamya uvuga ko yahoze mu Nterahamwe zabaga mu rugo kwa Kabuga...