Ku urugo rwa SSgt Rubango hari hamanitse umusaraba wanditseho uwitwa Kimonyo ngo wapfuye taliki 18/2/2019
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki 28/3/2019 umusilikali witwa SSgt Benjamin...
Umugore witwa Mukampabuka Beatrice, wo mu mu mudugudu wa Rugina ,mu murenge wa Jali,mu karere ka Gasabo, yatwitse Moto y’umugabo we witwa Kimonyo J.M.V irashya irakongoka...
Abakecuru babiri bo mu murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga batawe muri yombi nyuma yo kwemerera ubuyobozi ko ari abarozi ,berekana uburozi bakoreshaga nyuma banarondora amazina y’abo...
Uwingabire Marie Louise umubyeyi ufite uruhinja rw’ibyumweru bitatu, arashima Imana ko ubu ari umubyeyi ukikiye uruhinja, nyuma y’uko yari yaraboze munda,asigaye ava amashyira mu bice byo hepfo...
Claude Nikobisanzwe
Leta y’ u Rwanda yakoze impinduka mubijyanye na dipolomasi mu mpera z’ icyumweru gishize mu nama y’ abaminisitiri yayobowe na Perezida w’ u Rwanda Paul...
Perezida wa Repubulika, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo ya 111, kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019, Perezida Paul...
Umwaka wa 1994 ni umwaka utazibagirana mu mateka y’Abanyarwanda n’Isi yose kubera Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni. Ni ku nshuro ya 27 U Rwanda rwibuka inzirakarengane zazize...
Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’abaturage bagera kuri 40 bajyanywe mu bitaro nyuma yo gufatira amafunguro muri Resitora iherereye mu Mujyi wa Muhanga bikekwa ko umutobe warimo...
Kubaka igihugu cyimakaza ubutabera buboneye ndetse no gushyira umuturage ku isonga ry’ibimukorerwa, biri muri bimwe mu byagaragajwe nka zimwe mu nkingi zagize uruhare mu kubaka u Rwanda nk’igihugu...