Minisitiri w’Ubuzima wa Libani Hamad Hassan aratangaza ko abantu barenga 30 aribo bamaze kumenyekana ko bapfuye abandi bagera kuri 2500 bakaba bakomereyeke mu guturika gukomeye kwabereye mu murwa...
Igihugu cya Libani kiri mu cyunamo nyuma y’aho abantu bakabakaba 100 bamaze kumenyekana ko bapfuye abandi barenga 4000 bakaba bakomerekeye mu guturika kwabaye mu mujyi wa Beirut gutewe...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko "igihe kigeze cyo gucyura abantu bacu" nyuma yaho Amerika n’Abatalibani ejo bashyize umukono ku masezerano agamije kugarura amahoro...
Umubyeyi wo muri Ethiyopia Alemtsehay Nasir, yagiye muri Libani arota ko akazi ko mu rugo we katuma ashobora kubona amafaranga menshi kugirango abeho neza we n’umuhungu we...
Ku munsi w’ejo nibwo indege ya nyuma itwaye abasirikare ba US bari muri Afghanistan yahagurutse ku kibuga cy’indege I Kabul bituma Abatalibani bishima barasa mu kirere abandi batwara amasanduku ya...
Perezidansi ya Afghanistan yatangaje ko uwari Minisitiri w’ ingabo Abdullah Habibi n’ umugaba mukuru w’ ingabo Qadam Shah Shaheem beguye ku buyobozi bitewe n’ ibitero by’ Abatalibani bikomeje kwambura...
Ministri w’intebe wa Libani, Saad al-Hariri, yatangaje benshi avuga ko yeguye kuri uwo mwanya.
Yavuze ko ikibimuteye ari ubwoba bw’ubuzima bwe.
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru i Beirut, Bwana...
Umuvugizi w’aba Taliban yabwiye umunyamakuru wa BBC Yalda Hakim ko "nta kwihorera kuzabaho" ku baturage ba Afghanistan.
Suhail Shaheen yabwiye BBC ati: "Dusezeranyije abaturage ba Afghanistan,...
Leta ya Liban (Lebanon) ivuga ko abategetsi benshi bo ku cyambu cya Beirut ubu bafungishijwe ijisho hategerejwe ko iperereza ritangira ku iturika rikaze ryo ku wa...
Ibintu birimo guhinduka mu buryo bwihuse i Kabul kuri iki cyumweru.
Aba Taliban basohoye itangazo bavuga ko bategetse abarwanyi babo kuguma ku bice byinjira muri Kabul - bavuga ko hari ibyago...
Aba Taliban bavuze ko barasanye n’abagabo bashinjwa gushimuta abantu, bakabica, hanyuma bamanika imirambo mu bice bihuriramo abantu benshi mu mujyi wa Herat.
Iki gikorwa giteye ubwoba cyo...
Aba Taliban bategetse ko abagore bo muri Afghanistan bashaka gufata ingendo za kure mu muhanda bazajya babyemererwa gusa mu gihe bazajya baraba baherekejwe n’abo mu muryango w’abo w’igitsinagabo....