Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu kirere mu gisirikare cy’u Butaliyani, Lt Gen.Vecciarelli, ari mu ruzinduko mu Rwanda rwatangiye kuri uyu wa 25 Nyakanga 2017 rukazamara iminsi ibiri.
Uwo...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
Imbunda yo mu bwoko bwa Karachnogov abakoresha icyongereza bazi nka AK47 yabonetse mu musarane mu rugo rw’ umuturage utuye mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi yaratoye umugese.
Iyi mbunda...
Ku isaha ya saa Saba z’ijoro ryakeye nibwo umubiri wa nyakwigendera Brig Gen Andrew Rwigamba wagejejwe mu Rwanda, uvanywe mu Bitaro bya Cairo mu Misiri aho yitabiye...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Kamena I Gikondo hateganyijwe urubanza ruregwamo abasikare bakurikiranyweho kwica barashe Aimé Ntivuguruzwa Yvan.
Mu ntangiriro za Gicurasi uyu mwaka nibwo...
‘Kubaho waratsinzwe nta kuzo ni ugupfa burundu’. Iyi ni imvugo yakoreshejwe na Napoléon Bonaparte wayoboye u Bufaransa, yaje kugenderwaho n’ingabo za FPR zabohoye u Rwanda zikaruvana mu menyo ya...
Ku wa Gatanu, tariki ya 30 Kamena 2017, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 26 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Minisitiri w’ umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko isiganwa ku maguru ryitiriwe Amahoro, Kigali Peace Marathon rigiye kuba ku nshuro ya 13 rizaba tariki ya 21 Gicurasi 2017 rizitabirwa n’...
Kuri uyu wa Gatandatu Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi aherekejwe na Madamu we bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu kagali ka Cyarwa mu muganda rusange usoza ukwezi...
Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 3 Nyakanga 2018 yafunguye ku mugaragaro icumbi ryiswe “Impinganzima Hostel” rigiye gucumbikira abakecuru n’abasaza bagera kuri 80 basigaye badafite...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yashyizweho ku wa 14 Nyakanga 2021 mu nama y’abaminisitiri, yahawe umuyobozi wayo wa mbere ariwe Dr Bizimana Jean Damascène wari usanzwe ayoboraga CNLG kuva mu...