Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Nzeri 2017 Prof Romain Murenzi yongeye gutorerwa kuyobora Inteko y’intiti muri sciences ku Isi izwi ku izina rya TWAS (The World Academy of Sciences).
Uyu...
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yasubije ibaruwa yandikiwe na Kiliziya Gatolika yasabaga ko umunsi wo gutangira kw’Abanyeshuri mu gihembwe cya Kabiri wakwigizwa inyuma bakazasubirayo kuwa...
Nyuma y’aho Minisiteri y’Ubuzima itangaje ko amashuri na za kaminuza zo mu Rwanda bifunga kubera icyorezo cya Coronavirus cyageze mu Rwanda,MINEDUC yasabye abanyeshuri bose biga bacumbitse ku...
Minisiteri y’Uburezi,MINEDUC, yatangaje ko yatangiye kwiga ku ngengagihe nshya ku buryo umwaka w’amashuli wazongera gutangira mu kwezi kwa Nzeri muri 2022 nkuko byari bimeze mbere ya 2005, mu...
MINEDUC yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2019, aribwo itangaza amanota ibizamini bya Leta byasoje amashuri yisumbuye byakozwe m’ Ugushyingo...
Dr. Gahutu, Umuyobozi wa RIU
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye muri MINEDUC, Isaac Munyakazi yagaye uburyo Dr. Gahutu n’ubuyobozi bwa Rusizi International University...
MINEDUC yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19, amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu mujyi wa Kigali afunze guhera kuri uyu wa...
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Perezida wa Repubulika, yemeje ko amashuri yose (yaba aya Leta n’ayigenga) harimo na za kaminuza yemerewe gufungura kuwa 23 uku kwezi...
Bamwe mu banyeshuri basinyanye amasezerano na Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) muri Kamena 2023, babwirwa ko bazahita bahabwa mudasobwa mu mezi atatu yari gukurikiraho, kugeza ubu...
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Papias Musafiri
Mu itangazo MINEDUC yashyize hagaragara uyu munsi iravuga ko nta barimu b’abaganda yirukanye nk’uko byari byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga...
MINEDUC yatangaje ko ku wa Mbere tariki 15 Ugushyingo izatangaza amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye, uwa 3 w’amashuri nderabarezi n’uwa 5 (L5)...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abarimu bo mu mashuli abanza n’ayisumbuye batazongera gutegura ibizamini bisoza umwaka,kuko bigeye gushyirwa ku rwego rw’uturere n’igihugu mu rwego rwo gukumira...
Minisiteri y’Uburezi iratangaza ko mu minsi mike izashyira hanze urutonde rw’abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri batitwaye neza mu kazi kabo bigatuma ireme ry’uburezi...
Hari Minisiteri zikurikirana ibikorwa byazo kugeza hasi ku muturage. Ariko hari igice cy’imirimo ya zimwe muri Minisiteri gikorwa na Minaloc! Mu kiganiro Akarayifumbwe
twibajije mu gihe Mineduc...
Minisiteri y’Uburezi yavuze ko abanyeshuri benshi batabashije kurara ku mashuri mu mpera z’iki cyumweru kubera kutubahiriza gahunda yashyizweho bakazira rimwe kuwa Gatandatu no ku cyumweru....