Umusirikare w’u Rwanda wo mu butumwa bwo kugarura ituze muri Centrafrique, buzwi nka MINUSCA, yiciwe mu gitero cy’abitwaje intwaro ubwo yari ari ku irondo.
Umuryango w’Abibumbye washimye Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) buzwi nka Multidimensional Stabilization Mission in Central African...
Umusirikare w’umunyarwanda uri mu butumwa bw’amahoro bwa UN muri Centrafrique yiciwe mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta zifatanyije n’iza UN hafi y’umurwa mukuru Bangui, nk’uko bitangazwa...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye mu gihugu cya Centrafrique (MINUSCA), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mata 2022, bambitswe imidari yo kubashimira ubwitange, umwete...
Abandi basirikare b’u Rwanda 140 barwanira ku butaka boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, bahagurutse mu Rwanda ku isaha ya satatu n’iminota 30 kuri uyu wa kabiri tariki...
Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize ku wa 16 Ugushyingo 2019, umuryango w’abibumbye wambitse imidari y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda 428 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro...
Ku itariki ya 28 Nyakanga, umuyobozi w’abapolisi bose baturuka mu bihugu bitandukanye biri mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Centrafrika (MINUSCA) Gen. Roland Zamora, yasuye itsinda ry’abapolisi...
Umusirikare w’u Rwanda wari mu butumwa bw’amahoro (MINUSCA) muri Repubulika ya Centrafrique yiciwe mu gitero cyagabwe kuri izo ngabo mu gace ka Nana-Mambéré kari mu majyaruguru y’uburengerazuba...
Ku wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe abapolisi b’u Rwanda bagera ku 139 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA)...
Ku wa Kane umutwe wiyise La Coalition des Patriotes pour le Changement (CPC), watangaje ko ubabajwe n’urupfu rw’uwari umuyobozi wawo, “Gen Mahamat Tom, wiyitaga Ben...
Batayo y’Ingabo z’u Rwanda iri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yagabye ibitero simusiga ku nyeshyamba za 3R/R3 (Return, Reclamation and Rehabilitation/Retour, Réclamation et Réhabilitation),...
Ku wa Gatanu, Intumwa nkuru ya UN muri Central African Republic, Dr Valentine Rugwabiza, yashyize indabo ku rwibutso ruri mu mbuga y’ahakorera ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri kiriya...
Sgt Tabaro Eustache uherutse kugwa mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrica,yashyinguwe mu cyubahiro kigenerwa abasirikare mu Irimbi rya gisirikare i Kanombe.
Ku itariki ya 15 Nzeri, abapolisi b’u Rwanda 430 barimo ab’igitsinagore 58 bari mu butumwa bwo kugarura no kubungabunga amahoro n’umutekano mu gihugu cya Centrafrique, bambitswe imidari y’ishimwe...
Kuri uyu wa Kane, taliki ya 5 Kanama 2021, biteganyijwe ko Perezida wa Repubulika ya Santarafurika Faustin-Archange Touadéra azagera mu Rwanda, mu ruzinduko rugamije gushimangira umubano w’ibihugu...
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Kanama 2021.Ku kibuga cy’indege yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi...
Mu kiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra bagiranye n’abanyamakuru bibanze ku mubano w’ibihugu byombi uhagaze neza muri iyi minsi n’ibikubiye mu masezerano...