Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Imodoka yo mu bwoko bwa Coaster ya kompanyi itwara abagenzi ya RFTC,yabuze feri ita umuhanda igenda igonga amatara yo ku mihanda 3,imodoka na moto imwe, byari imbere yayo ku rundi ruhande,gusa...
Umuyobozi wa Rayon Sports Munyakazi Sadate yavuze ko we na komite ayoboye bihaye ibyumweru bibiri ngo imodoka y’ikipe ibe yagarutse mu maboko yabo ndetse izongere gutwara abakinnyi muri Kanama...
Ikigo cyo muri Amerika kigenzura ingendo zo mu kirere (FAA) cyatanze uruhushya rwo kugerageza imodoka ifite ubushobozi bwo kuguruka no kugendera ku butaka yakozwe na Sosiyete yo muri California...
Imodoka yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 niyo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo.
Ifoto y’iyi...
Lancashire mu Bwongereza, umwana muto w’umwaka n’amezi 8 yajyanwe mu bitaro igitaraganya afite ibikomere bikomeye nyuma yo kugwa mu muhanda avuye mu modoka yagendaga mbere yo kugongwa n’indi modoka...
Umukinnyi N’golo Kante ukina hagati mu ikipe ya Chelsea FC, yabwiye abanyamakuru ko we atazigera agura amamodoka ahenze nka FERRARI, Lamborghini, flash Range Rover n’izindi kubera ko mu bwana bwe...
Bamwe mu basitari bo mu Rwanda bazamutse ku rwego rwiza aho bamwe bamaze no kwigurira imodoka bagendamo.Ni mu mafato yafashwe na Kigali Today ducyesha iyi nkuru aho bamwe mu bahanzi n’abakinnyi...
Umugeni witwa Nyirahabimana Edith wo mu karere ka Nyamasheke yakoze agashya ku munsi w’ubukwe bwe ubwo yategaga imodoka itwara abagenzi agahitamo gutega imodoka imugeza hafi ya Kiliziya yari agiye...
Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Rayon Sports FC, Sugira Ernest we n’abandi bantu 15 bari bagiye gukoresha imodoka mu igaraje ry’ahazwi nko kwa Mutwe mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka...