Umukinnyi Mohamed Salah uri kubica bigacika mu ikipe ya Liverpool yakoze igikorwa cy’urukundo ubwo yarekuraga umujura wari umaze kwiba papa we,aho kumujyana muri...
Umuhanzi Mpuzamahanga Mohombi Nzasi Moupondo uzwi nka Mohombi ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ari mu Rwanda aho yitabiriye imikino ya Shampiyona Nyafurika ya Basketbal izatangira...
Umukinnyi Mohamed Salah arashinjwa gukubita urushyi mu maso myugariro Bruno Martins Indi bishobora kumuviramo ibihano byo guhagarikwa imikino 3 ya shampiyona isigaye,ntabashe guca agahigo ko kuba...
Kabuhariwe Mohamed Salah yatangaje ko ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League atazaba ahanganye na Cristiano Ronaldo nkuko bamwe babikeka,ahubwo azaba arajwe ishinga no kugira ngo Liverpool...
Umunyamisiri Mohamed Salah yaraye atsinze igitego cya 30 mu mikino ya Premier League y’uyu mwaka,ubwo ikipe ya Liverpool yatsindaga AFC Bournemouth ibitego 3-0,bituma aba umukinnyi w’umunyafurika...
Umukinnyi Mohamed Salah yatangaje ko yagarutse mu Bwongereza kugira ngo yereke ubuyobozi bwa Chelsea ko bwibeshye kumurekura mu buryo budakwiriye ndetse ko hari ibyo yari...
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool Mohamed Salah yatangaje ko nyuma y’umukino wa nyuma wa UEFA Champions League batsinzwemo na Real Madrid ibitego 3-1,Sergio Ramos wamuvunyeku munota wa 29 ntarangize...
Abakinnyi ba Liverpool barimo Umunya-Misiri Mohamed Salah, bagaragaye mu myitozo yo muri Gym bumva indirimbo ‘Fresh’ y’umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie.
Umwana muto witwa Louis Fowler w’imyaka 11 yaciye ibintu hirya no hino mu binyamakuru kubera ukuntu yagonze itara ryo ku muhanda ari kwiruka ku modoka ya rutahizamu wa Liverpool Mohamed Salah ngo...
Ibintu byazambye mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo gutsindwa na FC Barcelona inshuro 3 muri uyu mwaka w’imikino byatumye ubuyobozi bw’iyi kipe butangira gushaka abakinnyi bakomeye barimo Mohamed...
Umunya Misiri Mohamed Salah ukinira ikipe ya Liverpool niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka wa 2018 muri Africa atsinze mugenzi we bakinana muri Liverpool,Sadio Mane na Pierre Emerick Aubameyang...
Mu minsi ishize nibwo benshi mu banyamisiri bitabiriye amatora ya perezida wabo aho abasaga miliyoni banditse ku mpapuro z’itora ko bashaka ko Mohamed Salah ukinira Liverpool uri kwitwara neza...
Abadepite n’abasenateri batoreye Mohamed Abdullahi Mohamed "Farmajo" wahoze ari Minisitiri w’Intebe kuba Perezida w’icyo gihugu.
Yatowe mu matora yabaye uyu munsi ku wa Gatatu tariki ya 8...
Abakinnyi batatu b’ikipe ya APR FC barimo Ishimwe Jean Pierre, Ruboneka Bosco na Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka Nzotanga, bagarutse mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Busuwisi mu rubanza bari...
Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi, FIFA, ryamenyesheje APR FC n’uwahoze ari Umutoza wayo, Adil Mohammed igihe umwanzuro w’urubanza rwabo uzasohokera.
FIFA yavuze ko umwanzuro ku rubanza rwa APR FC...
Umutoza uhembwa menshi mu Rwanda Adil Mohamed utoza APR FC yamaze kwangirwa na CAF gutoza mu mikino ya CAF champions League kubera kutagira ibyangobwa bihuye nibyo CAF...
Rutahizamu Mohamed Salah ukinira Liverpool yatangaje ko kuva yagera muri Liverpool umukinnyi watumye arira ari Dejan Lovren bahoze bakinana ubwo yamubwiraga ko agiye kuva muri iyi kipe akerekeza...
Rutahizamu Mohamed Salah wa Liverpool yahangayikishije abafana b’iyi kipe ubwo yacaga amarenga ko FC Barcelona cyangwa Real Madrid zimushatse ashobora kuzerekezamo akabatera...
Umunya Misiri Mohamed Salah ukina mu ikipe ya Liverpool yavuze ko ibivugwa ko atumvikana na mugenzi we bakinana Sadio Mane ari ibihuha ahubwo ng icyo bahuriyeho ari uko bababazwa nuko iyi kipe...
Uwahoze ayobora Misiri akaza guhirikwa ku butegetsi mu mwaka wa 2013, Mohamed Morsi, yitabye imana ari mu rukiko kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena...
Umukinnyi wa Liverpool,Mohamed Salah yaraye avunikiye mu mukino ikipe ye yatsinze Newcastle ibitego 3-2 muri shampiyona y’Ubwongereza,ubwo yangirika umutwe nyuma yo kugongana n’umunyezamu Martin...