Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi,Rwatubyaye Abdul,wakinaga muri Amerika mu ikipe ya Colorado Springs Switchbacks yo mu cyiciro cya 2 muri USA yamaz kuyivamo yrekeza mu gihugu cya Macedonia mu...
Myugariro Rwatubyaye Abdul yamaze gufata indege imwerekeza mu gihugu cya Macedonia gukora igeragezwa mu ikipe ya FC Shkupi ikina mu cyiciro cya mbere muri iki gihugu.
Rwatubyaye wari ufatiye...
Ikipe y’igihugu ya North Macedonia yatunguye Ubudage bufite ibikombe by’isi bine, ku gitego cy’intsinzi cyo mu minota ya nyuma cyatsinzwe na Eljif Elmas.
Myugariro Rwatubyaye Abdul wari kapiteni wa Rayon Sports,yandikiye iyi kipe ayisaba ko batandukana nyuma yo kwerekeza muri Macedonia rwihishwa,ata akazi.
Ikipe ya Real madrid ikomeje umuvuduko wo kwegukana ibikombe nyuma y’aho yaraye itwaye igikombe cya Super Cup itsinze Manchester United 2-11 umukino wabereye ku kibuga Filip II Arena mu mugi wa...
Myugariro Rwatubyaye Abdul yamaze kubona ikipe muri Macedonia yitwa FC Shkupi ndetse biravugwa ko ku mugoroba wo kuri uyu Kane Taliki ya 17 Mutarama 2019,yerekeza muri iki gihugu gukora...
Myugariro Rwatubyaye Abdul ashobora kugaruka mu Rwanda kubera ko ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia yari yamwifuje,yanze kumugura ahubwo ikamutira Rayon Sports mu gihe cy’amezi...
Myugariro Abdul RWATUBYAYE yaciye Rayon Sports mu rihumye,yigira mu ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia ndetse yagaragaye mu myitozo iri gukorera muri...
Ikipe ya FC Shkupi ikinamo myugariro w’umunyarwanda, Rwatubyaye Abdul yatangaje ko uyu myugariro yagiriye imvune, mu mukino batsinzwemo na Lech Poznan ibitego 4-1. Yavuze ko agomba kumara hagati...
Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) Rwatubyaye Abdul yerekeje mu ikipe ya FC Shkupi yo muri shampiyona ya Macedonia aho yasinye amasezerano y’umwaka n’amezi...
Umukinnyi Muhire Kevin uri mu bari kwitwara neza muri CECAFA Kagame Cup iri kubera muri Tanzania ashobora kwerekeza mu ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Macedonia yitwa FK Shkupi...
Nyuma yo kwegukana Euro 2020 mu mpeshyi ishize, Ubutaliyani bwananiwe kujya mu gikombe cy’isi 2022 nyuma yo gutsindwa na North Macedonia igitego 1-0 mu mikino ya kamarampaka yo kwerekeza muri...
Uyu munsi ni tariki ya 22 Kamena, ni umunsi wa 173 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 192 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo kiliziya gatorika yategetswe...
Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) Rwatubyaye Abdul , n’ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia yatangaje ko ikipe ya APR FC, AS Kigali na Rayon Sports imwe muri zo...
Umusore w’imyaka 22 y’amavuko mu burasirazuba bwa Macedonia mu gace ka Kocaniwitwa Oliver Ilic yahamagaye polisi nyuma yo gukoresha akuma kameze nk’urwembe bakoresha kwa muganga ubundi agakata...
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Rwatubyaye Abdul, yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, nyuma yo gutandukana n’Ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia yari amazemo umwaka urengaho....
Namenye Patrick,Umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports,yatangaje ko basabye myugariro wabo akaba na kapiteni,Rwatubyaye Abdul,kugaruka vuba na bwangu kuko yagiye hanze nta ruhushya bityo bamufata...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports,Abdul Rwatubyaye na mugenzi we,Raphael Osaluwe Oliseh,bagarutse mu myitozo rusange nyuma yo kugira imvune zikomeye zatumye badakina cyane mu gice kibanza cya...
Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis yemeje ko kapiteni w’iyi kipe atari mu bakinnyi azakoresha muri uku kwezi k’Ukuboza 2022 ko ahubwo bamutegereza umwaka utaha.
Rwatubyaye Abdul aheruka...
Umuhanzi Ommy Dimpoz n’Umunyarwenya Idris Sultan bashenguwe n’urupfu rw’Umunyamideli Maya Mia wakanyujijeho mu rukundo n’aba bombi mu bihe bitandukanye.
Umunyezamu w’umurundi w’imyaka 23 y’amavuko,Rukundo Onesme,wakiniraga ikipe ya Le Messager Ngozi,agiye kuza gukinira ikipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda, Rayon Sports,
Amakuru aravuga ko uyu...
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko kapiteni wayo mushya ari myugariro Rwatubyaye Abdul uherutse kuyisinyira amasezerano y’imyaka 2 avuye Muri Macedonia.
Mu kiganiro Rayon Sports yagiranye...
Rayon Sports yasinyishije Paul Were, Rutahizamu w’umunya-Kenya amasezerano y’umwaka umwe nyuma yo kugera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu nijoro.
Yasinyiye Rayon Sports kuri uyu wa Kane mbere y’uko...
Ba rutahizamu Paul Were na Boubacar Traore intwaro Rayon Sports igomba kwifashisha muri Shampiona zamaze kugera mu Rwanda ndetse zivuga ko zije kuyifasha gutwara igikombe.
Rutahizamu w’umunya...