Zindzi Mandela-Hlongwane — umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’epfo Nelson Mandela — yapfuye ku myaka 59 nk’uko byemejwe n’umuryango we uyu munsi kuwa mbere mu...
Tariki ya 18 Nyakanga ni Umunsi Mpuzamahanga wa Mandela, warashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye mu mwaka wa 2009 mu rwego rwo kumuha icyubahiro nk’umuntu wagize ibigwi bikomeye mu guhirimbanira...
Umugore wa Nyakwigendera Nelson Mandela, Graça Machel, agiye gukurikirana mu nkiko uwari umugaga w’ umugabo Nelson Mandela kubera igitabo yanditse avuga ku buzima bwa Mandela mu munsi ya nyuma...
Afurika y’epfo yasabye ko hahagarikwa cyamunara y’urufunguzo rw’icyumba cyo ku kirwa (izinga mu Kirundi) cya Robben Island cyahoze gifungiwemo Nelson Mandela wahoze ari Perezida w’iki...
South Africa celebrates the 100th anniversary of Nelson Mandela’s birth this week with a flagship speech by former US president Barack Obama and an outpouring of memories and tributes to the late...
Igitabo gishya kivuga ku minsi ya nyuma y’ ubuzima bwa Nelson Mandela wigeze kuba Perezida w’ Afurika y’ Epfo nyuma yo kutavugwaho rumwe, icapiro ryagikoze ryagihagaritse.
Ni igitabo cyanditswe na...
Barack Obama has used his first high-profile speech since stepping down as US president to take swipes at "strongman politics" and politicians’ disregard for the...
Turi ku wa Gatandatu tariki ya 05 Kanama, ni umunsi wa 217 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 148 niyo isigaye ngo ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku wa gatandatu inshuro 56....
Ibaruwa umukinnyi w’ ikirangirire mu iteramakofi Mohammed Ali yandikiye Nyakwigendera Nelson Mandela yagurishijwe ibihumbi 7.200 by’ama Pawundi (arenga 7.200.000 mu manyarwanda).
Iyi baruwa...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyo yise “inyigisho z’amoko akomeye” mu kwigisha amateka y’Abanyamerika, nyuma yo gushinjwa ivanguramoko mu gitabo gishya cyanditswe...
Ahmed Kathrada wamenyekanye cyane muri Afurika y’ Epfo bitewe no guharanira uburenganzira bw’ abirabura muri icyo gihugu afatanyije na Nelson Mandela yitabye Imana ku myaka 87.
Kimwe na Mandela,...
Tariki ya 18 nyakanga umunsi ingabo za FPR Inkotanyi zafashe umujyi wa Gisenyi, ukaba n’umunsi wizihizwaho ubutwari bwa Mandela. Turi tariki ya 18 Nyakanga, ni umunsi w’ 199 mu minsi 365 igize uyu...
Ubushakashatsi bumaze iminsi bukorwa bwegeze ku musozo, aho bagaragaje ko Afurika yayoborwa na Paul Kagame iramutse ari igihugu nk’ibindi atari umugabane nk’uko bisanzwe.
Nyuma ya Sankara,...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kivuga ko 12% by’abatumiza ibicuruzwa mu mahanga cyane cyane mu Bushinwa n’I Dubai, baba bafite impapuro z’ibicuruzwa zidahuye n’ibyo baba binjije mu gihugu...
Ed Sheeran ,Beyonce ,Jay Z,Ppharrell Williams,Usher ,Tiwa Savage ni bamwe mu bahanzi batumiwe mu birori by’ iserukiramuco rya ‘Global Citizen’ ryabereye muri Afurika y’Epfo rihuzwa no kwizihiza...
Abaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi...
Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa uri mu bakobwa 80 bahatanye mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss World 2017 akaba anahagarariye u Rwanda, yatangaje ko iyo Nelson Mandela wayoboye Afurika y’Epfo aba...
Twese turibuka imbaraga Nelson Mandela ndetse n’abakuru b’ibihugu bo mu karere bakoresheje kugirango bagarure amahoro mu Burundi ubwo Leta ya Perezida Buyoya yarwanwaga n’imitwe itandukanye harimo...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame kuri iki Cyumweru tari 2 Ukuboza 2018 yitabiriye iserukiramuco rya Global Citizen Festival, ryahuriranye no kwizihiza...
Kuri iy’isi hagenda havugwa isenyuka ry’ingo nyinshi hirya no hino ku isi ariko bikaba agahomamunwa iyo bigeze mu ngo z’abakuru b’ibihugu aho nta muntu n’umwe wiyumvisha uburyo umugore wa Perezida...