Mu gitondo cyo kuwa gatatu taliki ya 13 werurwe 2024 , nibwo abatuye mu mujyi wa Maputo muri Mozambike basanze imodoka y’umushoramari Innocent Rutayisire mu mugezi wa...
Cassien Ntamuhanga watorotse gereza yo mu Rwanda mu 2017 yafatiwe muri Mozambique nk’uko byemezwa n’abo mu ishyaka rye rya politiki.
Itangazo ryasohowe n’ishyaka Rwandan Alliance for the National...
Abahanzi mu ndirimbo zo kurumya no guhimbaza Imana, Adrien Misigaro, Israel Mbonyi na Serge Iyamuremye bari kubarizwa mu mujyi wa Maputo mu gihugu cya Mozambique aho bagiye gukorera igitaramo ku...
Ikipe ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Basketball Africa League, yatomboye kuzahura na Ferroviário de Maputo yo muri Mozambique mu mukino wa ¼ uzaba ku wa Kane tariki ya 27...
Amavubi yageze muri Mozambike ku munsi w’ejo saa munani n’igice za Kigaliari nazo za Maputo,agiye gutangira gushaka itike yo kwerekeza muri CAN 2021 ,yakoze urugendo rwo kunanura amaguru uyu munsi...
Perezida Paul Kagame na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron bakurikiranye umukino WA 1/4 w’irushanwa rya BAL uhuza Patriots BBC na Ferroviário de Maputo muri Kigali...
Ikipe ya Rayon Sports yahuye n’imbogamizi yo kubura urumuri ruhagije ku kibuga yagombaga gukoreraho imyitozo mu mugi wa Maputo,byatumye abanyarwanda baba muri uyu mugi bacana amatara y’imodoka zabo...
Ikipe y’igihugu ya Mozambique "MAMBAS" yakoreye imyitozo ya nyuma kuri stade ya kigali i Nyamirambo, yitegura umukino uzaba ku munsi w’ejo saa cyenda mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika...
Mu myitozo ya mbere ya mbere Amavubi yakoreye I Maputo yitegura Mozambike mu mukino wa mbere wo mu itsinda F wo gushaka itike yo kwerekeza muri CAN 2021,myugariro Emery Bayisenge yayigiriyemo...
Amavubi yari amaze iminsi ari mu buki,yahuriye n’uruva gusenya mu mujyi wa Maputo muri Mozambike aho yatsinzwe n’iki gihugu ibitego 2-0 mu mukino wa mbere wo mu itsinda F mu gushaka itike yo...
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda,Shaddy Boo,yashimishijwe cyane n’uburyo Mugabe Aristide yaraye yitwaye mu mukino ikipe ye ya Patriots BBC yaraye itsinze Ferroviário de Maputo yo muri...
Abakinnyi 22 b’ikipe yigihugu Amavubi bahagurutse i Kigali mu rukerera rwo kuwa mbere bamaze kugera i Maputo aho baza guhurira n’umukinnyi Bizimana Djihad ukina mu Bubiligi hanyuma bakuzura 23...
Myugariro w’amavubi Bayisenge Emery ntabwo azakina umukino wa Mozambike kuri uyu wa kane kubera imvune yagize ku munsi w’ejo mu myitozo ya mbere Amavubi yakoreye I Maputo kuri stade ya Costa do...
Uwiringiyimana Theogene [Theo Bosebabireba] yashimangiye bidasubirwaho ko ari Umwami w’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Karere k’Afrika y’Iburasirazuba ubwo yakirwaga mu buryo budasanzwe...
Papa Francis yanze gucumbikirwa muri hoteli ihenze ubwo azaba ari mu rugendo rw’iminsi itatu muri Mozambique mu kwezi gutaha kwa cyenda, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Domingo cyo muri iki...
Ikipe ya Basketball ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda , yiyongereye ku makipe 11 yamaze kubona itike yo kuzakina imikino yanyuma ya Basketball African League ’BAL’ iteganijwe kuzatangira muri...
Imbere ya Perezida Kagame na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, Patriots BBC yasezereye Ferroviário de Maputo yo muri Mozambike muri 1/2 cy’irushanwa rya BAL 2021 riri kubera muri Kigali...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Jacky Minnaert yatangaje ko umukino ubanza azakinira I Kigali na Costa Do Sol ari wo agomba gukoresha kugira ngo asezerere iyi kipe yo muri Mozambike akore...
Perezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, barahurira i Rubavu aho baza gusura ibice byangijwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo...
Umugabo wari mu bakuriye impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique yishwe arashwe ku mugoroba wo ku wa mbere ageze hafi y’iwe mu murwa mukuru Maputo, nk’uko ukuriye ishyirahamwe ry’izo mpunzi abivuga....
Ntamuhanga Cassien wakatiwe n’inkiko zo Mu Rwanda igifungu cy’imyaka 25, nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo kugambirira kugirira nabi umukuru w’igihugu, Kuri ubu bamwe mu babarizwa mu ihuriro...
Mashami Vincent ntiyahamagaye Sugira mu bakinnyi 27 bazamufasha gutangira urugendo rwo gushaka itike yo kwerekeza muri CAN 2021 nyuma yo guhagarikwa n’ikipe ye ya APR FC mu gihe kingana n’amezi 2...
Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa Kane aratangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukurikira urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu mu Ukwakira 2016.
Uruzinduko rwa...