skol
Kigali

Search: Marina (161)

Menya ibyahishwe ku rukundo rwihariye ruri kuvuza ubuhuha hagati ya The Ben na Marina-AMAFOTO

Inkuru duheruka kubagezaho y’urukundo rwihariye The Ben agirana na Marina ariko nyuma bakaza kubihakana,nyamara ibimenyetso simusiga byageze hanze bihamiriza urukundo rudasanzwe rwaba bombi ndetse...
24 August 2017 16273 0

Urukundo hagati ya The Ben n’umuhanzikazi nyarwanda Marina rwafashe indi ntera mu gihe Edsha we ahekuwe uwo yari...

Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito...
6 June 2017 14864 0

Marina nawe yasezeye muri The Mane igeze aharindimuka

Umuhanzi Ingabire Marina yamaze gusesa amasezerano yari afitanye n’inzu ifasha abahanzi ya The Mane. Marina aje yiyongera kuri Queen Cha na Aristide Gahunzire nabo batandukanye na The Mane mu...
28 April 2021 903 0

Edsha yanyomoje Uncle Austin atanga ibisobanuro ku ifoto ye na Marina basomana

Umuhanzi Nyarwanda uririmba mu njyana ya Hip Hop uzwi nka Edsha yanyomoje Uncle Austin ugenda uvuga ko atari aziko Marina afite umusore bakundana ndetse avuga nuko ifoto yagiye hanze. Ku munsi...
16 October 2017 3743 0

Derek wo muri Active yavuze ku rukundo rw’agahararo afitanye na Marina[AMAFOTO]

Nyuma y’igihe gito hasakaye inkuru ivuga iby’urukundo rw’ibanga hagati ya Derek Sano wo mu itsinda rya Active n’umuhanzikazi Marina, ndetse bigateza impaka hagati y’abakunzi babo bamwe bemeza ko ari...
28 July 2018 1579 0

Marina yatangaje icyatumye asaba imbabazi The Mane nyuma y’igihe gito yaramaze ayisezeye

Tariki ya 21 Mata 2021, ni bwo Marina yatangaje byeruye ko yitandukanyije na The Mane Music Label, inzu yagize uruhare mu iterambere rya muzika ye. Gusa nyuma Bad Rama aza gutangaza ko yagarukiye...
3 June 2021 1464 0

Ifoto ya Marina yambaye Ipantalo igaragaza umubyimba n’imiterere by’igitsina cye yaciye ibintu ku mbuga...

Ifoto ya Marina ari kumwe na Badrama ndetse na Queencha bose babarizwa muri Label imwe yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda kubera ipantalon yari...
19 October 2018 18188 0

Marina yashyize hanze indirimbo nshya isaba Imbabazi yitwa “I’m soryy”[Video]

Marina nyuma y’igihe gito asezeye muri The Mane Music akaza kuyisubiramo, yahise akora indirimbo asaba imbabazi mu buryo bweruye, yumvikanamo amagambo yo kwicuza amakosa yagiye akora mu bihe...
4 June 2021 3119 0

Marina nyuma yo kuvuga ko ishyari ariryo ryatumye Clement amukura igitaraganya ku rubyiniro yibasiye bikomeye na Butera...

Umuhanzikazi Ingabire Marina Deborah,wamenyekanye ku izina rya Marina mu ruhando rw’umuziki Nyarwanda, yibasiye mugenzi we Butera Knowless nyuma y’uko aherutse gukurwa ku rubyiniro i Musanze...
7 March 2019 7168 0

Imyitwarire idahwitse iteye isoni idakwiye no kurebwa n’abana nibyo byatumye Marina aherutse gukurwa igitaraganya ku...

Ubwo Marina yaririmbaga mu gitaramo giherekeza Tour du Rwanda cyabereye i Musanze , yagaragaje imyitwarire idakwiye bituma akurwa ku rubyiniro igitaraganya ndetse ntiyanaririmba mu gitaramo...
4 March 2019 7038 0

Ifoto ya Marina aryamanye n’umuraperi Edsha bari gusomana mu buryo budasanzwe ikomeje guca ibintu(AMAFOTO)

Uwase Deborah umaze kumenyekana cyane ku izina ry’ubuhanzi rya Marina nta kindi kiri gukwirakwizwa cyane ku mbuga nkoranyambaga usibye ifoto ye ahana igisomyo n’umusore bigeze gukundana mu minsi...
15 October 2017 9407 0

Ray C yabyinishije abasore abanje kubambura ,Marina agaragaza imiterere y’amabere ye -AMAFOTO

Umuhanzikazi wigeze kukanyuzaho mu gihugu cya Tanzania no mu karere duherereyemo muri rusange Ray C yakoreye igitaramo mu Mujyi wa Kigali ari kumwe n’umuhanzikazi nyarwanda Marina, byari udushya...
9 September 2017 7890 0

Uburanga n’ impano nizo turufu umuhanzikazi “MARINA” azanye mu muziki(AMAFOTO YE)

Marina ubusanzwe ufite amazina y’ababyeyi ya UWASE Ingabire Marina bakunze kwita Deborah,akaba yinjiye mu ruhando rw’abahanzikazi Nyarwanda ku myaka 20 y’amavuko ndetse akaba ahamya ko iturufu ye...
24 May 2017 6697 0

Bad Rama yahakanye amakuru yo gutandukana kwa The Mane na Marina

Umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya The Mane, Bad Rama yahakanye amakuru yavugaga ko iyi nzu ahagarariye yatandukanye n’umuhanzikazi Marina.
22 February 2023 572 0

Marina yayishuye byinshi ku mukunzi we mushya

Umuhanzikazi Marina yahishuye byinshi kurukundo rwe ,anahamya ko afite umusore utuye muri Diaspora watsindiye umutima we.
14 October 2021 1150 0

Menya ikihishe Inyuma ku isezera rya Queen Cha na Marina muri The Mane

Abahanzikazi bakunzwe cyane muri muzika nyarwanda 2 Queen Cha na Marina birashoboka ko impamvu yatumye basezera rimwe aruko babonye The Mane iri mumarembera ,bagashaka ubundi buryo hakiri...
29 April 2021 2314 0

Marina yagize icyo avuga ku isabukuru ya Yvan Muziki bivugwa ko bari murukundo

Umuhanzikazi Marina yifurije isabukuru nziza umuhanzi uzwi nka Yvan Muziki baherutse gukorana indirimbo bafatanyije na Intore Masamba binamaze iminsi bivugwa ko bari murukundo, Yvan Muziki...
29 March 2022 668 0

Indirimbo nshya ya Yvan Muziki yakoranye na Marina yategetswe kuyisiba

Umuhanzi Yvan Muziki yategetswe na The Mane Music inzu isazwe ifasha umuhanzi Marina gusiba indirimbo “Aho “ yakoranye na n’uyu muhanzikazi iri kuri EP ye nshya yise ‘True Love’ yitegura gushyira...
5 November 2021 5079 0

Kidum yashinje The Mane ubujura kubera indirimbo yakoranye na Marina

Inzu ifasha abahanzi ya The Mane Music ikomeje kuvamo amakuru atari meza kuko nyuma yo guhangana na Safi Madiba bapfa ko yishe amasezerano bagiranye,kuri ubu bahanganye n’umuhanzi w’umunyabigwi...
21 December 2019 1249 0

Khalifan yavuze ku rukundo ruri kugurumana hagati ye na Marina ushobora no kuba umugore we

Umuraperi Khalifan ukunzwe n’abatari bake mu muziki, yemeje ko akundana n’umuririmbyikazi Marina Deborah, avuga ko iby’urukundo rwabo abona hari indi ntera nziza biri kugenda...
22 November 2019 3254 0

Marina yavuze ko ishyari ariryo ryatumye Kina Music imukura ku rubyiniro nabi mu gitaramo cya Tour du Rwanda I...

Umuhanzikazi Marina Deborah yarakariye bikomeye inzu ya Kina Music yamukuye ku rubyiniro nabi,ashinjwa imyitwarire mibi y’urukozasoni mu gitaramo cya Tour du Rwanda yakoreye I Musanze...
6 March 2019 3001 0

Marina yatandukanye na Yvan Muziki bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo

Umuhanzikazi ukunzwe na benshi Marina Deborah yahamije amakuru yo gutandukana n’umuhanzi Yvan Mziki bari bamaze imyaka ibiri bavugwa mu munyenga w’urukundo
11 January 2023 1220 0

Umuhanzikazi Marina yahishuye urukundo yakundanye na Yannick Gisagara ahishura n’ubutumwa bwa nyuma buteye agahinda...

Uwavuga ko Marina ari umwe mu bahanzikazi nyarwanda bari kwitwara neza mu muziki muri iyi minsi ntabwo yaba abeshye,kuko ni ari umukobwa w’impano ihambaye kandi ukora ibishoboka byose ku rubyiniro...
19 August 2019 6234 0

Marina yagize icyo avuga ku mubano we na Derek bivugwa ko bakundana

Marina yavuze ko ari inshuti bisanzwe na Derek wo muri Active.
26 July 2018 1507 0

Umuhanzikazi nyarwanda Marina ararwaye ararembye[AMAFOTO]

Umuririmbyikazi Nyarwanda Marina Debol arwariye mu bitaro I Remera kuva ku munsi w’ejo kubera indwara y’igifu ndetse yagize n’ikibazo cy’amaraso ye yaranduye ‘blood...
6 June 2019 5793 0

Kidum yagiriye inama Marina yo kureka amatiku n’abahanzikazi bagenzi be amusaba no kubaha Knowless[AMAFOTO]

Kidum Kibido Kibuganizo umwe mu bahanzi bakomeye hano mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba , mu minsi ishize yari yatumiwe mu Rwanda aho yataramiye abari bitabiriye inama ya Transform...
22 May 2019 3194 0

Marina yiseguye ku bafana be nyuma yo gusebya bagenzi be ngo ni Shyari na Nyina

Marina yasabye imbabazi abafana be n’abanyarwanda muri rusange bafashe nabi kuba yarise Charly na Nina ko ari ‘Shyari na Nyina’.
14 December 2018 1846 0

Marina yagize icyo avuga ku nda bivugwa ko atwite

Marina yanyomoje ko atwite avuga ko ababitangaza atazi aho babikura ndetse ko impamvu yatumye ahagarika kongera gukora video azabitangaza mu minsi iri...
22 August 2018 2314 0

Marina mbere yo gukorerwa indirimbo yabanje gutsindira ama unite yo guhamagara kuri radiyo

Marina yatangaje ko kwinjira kwe muri muzika atari abyiteguye kuko byavuye kuri radiyo yahamagayeho nk’abandi bose ngo abashe gutsindira ama-unites yo...
3 May 2018 1939 0

Bad Rama yakubise amaso Marina kwifata biramunanira aramuterura(Amafoto)

Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe...
2 December 2022 2718 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150