Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito...
Umuhanzi Ingabire Marina yamaze gusesa amasezerano yari afitanye n’inzu ifasha abahanzi ya The Mane. Marina aje yiyongera kuri Queen Cha na Aristide Gahunzire nabo batandukanye na The Mane mu...
Tariki ya 21 Mata 2021, ni bwo Marina yatangaje byeruye ko yitandukanyije na The Mane Music Label, inzu yagize uruhare mu iterambere rya muzika ye. Gusa nyuma Bad Rama aza gutangaza ko yagarukiye...
Ifoto ya Marina ari kumwe na Badrama ndetse na Queencha bose babarizwa muri Label imwe yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda kubera ipantalon yari...
Marina nyuma y’igihe gito asezeye muri The Mane Music akaza kuyisubiramo, yahise akora indirimbo asaba imbabazi mu buryo bweruye, yumvikanamo amagambo yo kwicuza amakosa yagiye akora mu bihe...
Umuhanzikazi Ingabire Marina Deborah,wamenyekanye ku izina rya Marina mu ruhando rw’umuziki Nyarwanda, yibasiye mugenzi we Butera Knowless nyuma y’uko aherutse gukurwa ku rubyiniro i Musanze...
Ubwo Marina yaririmbaga mu gitaramo giherekeza Tour du Rwanda cyabereye i Musanze , yagaragaje imyitwarire idakwiye bituma akurwa ku rubyiniro igitaraganya ndetse ntiyanaririmba mu gitaramo...
Uwase Deborah umaze kumenyekana cyane ku izina ry’ubuhanzi rya Marina nta kindi kiri gukwirakwizwa cyane ku mbuga nkoranyambaga usibye ifoto ye ahana igisomyo n’umusore bigeze gukundana mu minsi...
Umuhanzikazi wigeze kukanyuzaho mu gihugu cya Tanzania no mu karere duherereyemo muri rusange Ray C yakoreye igitaramo mu Mujyi wa Kigali ari kumwe n’umuhanzikazi nyarwanda Marina, byari udushya...
Umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya The Mane, Bad Rama yahakanye amakuru yavugaga ko iyi nzu ahagarariye yatandukanye n’umuhanzikazi Marina.
Abahanzikazi bakunzwe cyane muri muzika nyarwanda 2 Queen Cha na Marina birashoboka ko impamvu yatumye basezera rimwe aruko babonye The Mane iri mumarembera ,bagashaka ubundi buryo hakiri...
Umuhanzi Yvan Muziki yategetswe na The Mane Music inzu isazwe ifasha umuhanzi Marina gusiba indirimbo “Aho “ yakoranye na n’uyu muhanzikazi iri kuri EP ye nshya yise ‘True Love’ yitegura gushyira...
Inzu ifasha abahanzi ya The Mane Music ikomeje kuvamo amakuru atari meza kuko nyuma yo guhangana na Safi Madiba bapfa ko yishe amasezerano bagiranye,kuri ubu bahanganye n’umuhanzi w’umunyabigwi...
Umuraperi Khalifan ukunzwe n’abatari bake mu muziki, yemeje ko akundana n’umuririmbyikazi Marina Deborah, avuga ko iby’urukundo rwabo abona hari indi ntera nziza biri kugenda...
Umuhanzikazi Marina Deborah yarakariye bikomeye inzu ya Kina Music yamukuye ku rubyiniro nabi,ashinjwa imyitwarire mibi y’urukozasoni mu gitaramo cya Tour du Rwanda yakoreye I Musanze...
Uwavuga ko Marina ari umwe mu bahanzikazi nyarwanda bari kwitwara neza mu muziki muri iyi minsi ntabwo yaba abeshye,kuko ni ari umukobwa w’impano ihambaye kandi ukora ibishoboka byose ku rubyiniro...
Umuririmbyikazi Nyarwanda Marina Debol arwariye mu bitaro I Remera kuva ku munsi w’ejo kubera indwara y’igifu ndetse yagize n’ikibazo cy’amaraso ye yaranduye ‘blood...
Kidum Kibido Kibuganizo umwe mu bahanzi bakomeye hano mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba , mu minsi ishize yari yatumiwe mu Rwanda aho yataramiye abari bitabiriye inama ya Transform...
Marina yanyomoje ko atwite avuga ko ababitangaza atazi aho babikura ndetse ko impamvu yatumye ahagarika kongera gukora video azabitangaza mu minsi iri...
Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe...