Ishyirahamwe ry’umupira wamaguru mu Rwanda,FERWAFA, riratangaza ko ritagomba kubazwa amafranga yo kwishyura uwahoze ari umutoza w’Amavubi Jonathan Mckinstry ko agomba kubazwa MINISPOC kuko ariyo...
Amakipe azahagarira u Rwanda mu mikino nyafurika arimo APR FC izaserukira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League na Mukura VS izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League,zimwe...
• FERWAFA yatangaje ko umutoza Antoine Hey yataye akazi nta ruhushya asabye
• Antoine Hey yahakanye ko yataye akazi nkuko FERWAFA na MINISPOC babivuze ko ahubwo yari mu kazi ke
• Kuvuguruzanya...
Umusore Hadi Janvier wahoze akina umukino wo gusiganwa ku magare ndetse akegukana umudali wa zahabu mu mikino Nyafurika yabereye muri Congo Brazzaville 2015,yasabye minisiteri ya Siporo n’umuco...
Ikipe ya IPRC y’Amajyepfo yikuye mu marushanwa y’akarere ka Gatanu azabera mu gihugu cya Uganda guhera ku italiki ya 01 kugeza ku ya 8 Ukwakira aho yashinje minisiteri ishinzwe imikino gutonesha...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Mashami Vincent yavuze ko itsinda rya F u Rwanda ruhereremo mu majonjora yo gushaka itike ya AFCON 2021 rikinika gusa avuga ko bashobora kuzitwara neza igihe ikipe...
Umuyobozi w’imikino muri MINISPOC Bugingo Emmanuel yatangaje ko abakinnyi ba Team Rwanda batigeze bahungabanywa no kuba batarabona uduhimbazamusyi twabo tumaze igihe tutaratangwa mu gihe abakinnyi...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangarije Radio Rwanda ko biteguye gukurikirana umutoza Antoine Hey wataye akazi akigira mu biruhuko iwabo mu Budage atabibwiye...
Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yatangaje ko yifuza ko abakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bakwiye kurenga amarushanwa yo muri Afurika bagaharanira guhangana mu yakinirwa hanze...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda riratangaza ko Antoine Hey atari we mutoza w’Amavubi, kuko La Jeune Afrique atariyo itangariza u Rwanda umutoza. Umutoza w’Amavubi kugeza ubu...
Minisitiri muri Minisiteri ya Siporo (MINISPOC), Aurore Mimosa Munyangaju yagaragaye ku kibuga cya Lyce de kigali (LDK) ku mukino wahuje Espoir BBC na NBA...
John Kwezi Umuyobozi wa Federasiyo ya filime mu Rwanda yasubije abizaga impamvu batarimo gukurikirana ubuzima bwa D’Amour urwaye , aho yavuze ko kuva babimenya bamukoreye ubuvugizi gusa birinda...
Umuhanzi Nsengiyumva Francois uzwi nka Igisupusupu yavuze ko inkubiri yo kwigarurira imitima y’abakunzi ba muzika mu Rwanda yakomereje ku bayobozi kuko ngo Meya wa Gatsibo asigaye amwirahira...
Muri iki cyumweru Ku ngengabihe y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA hateganyijwe imikino mpuzamahanga yaba mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi ndetse n’imikino ya gicuti ku...
Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...