Perezida wa Misiri, Abdel Fattah al-Sisi, kuri uyu wa gatatu yavuze ko miliyoni z’abanyamisiri batashyigikira ko Abanyepalestina bimurirwa ku ngufu muri Sinayi. Yongeyeho ko igikorwa nk’icyo...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yari ku kibuga cya Kigali Arena aho yarebaga umukino wa kabiri wa Zone ya 5 mu gushaka itike yo kwerekeza muri AFROBASKET,ikipe ya Misiri y’abakobwa...
Ikipe ya Misiri yanganyije na Ghana ibitego 2-2 mu gikombe cya Afurika mu gihe Cote d’Ivoire yatsindiwe mu rugo igitego 1-0 na Nigeria yafatwaga nk’idakanganye.
Umunyezamu wa mbere akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Uganda, Uganda Cranes’ yavunikiye mu mukino waraye ubahuje na Misiri yakiriye igikombe cya Afurika.
Rutahizamu Amr Warda wari mu bakinnyi 23 bahamagawe mu gikombe cy’Afurika n’ikipe ya Misiri,yamaze kwirukanwa mu irushanwa n’ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri iki gihugu nyuma yo...
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el Sisi w’imyaka 66 y’amavuko yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda.Ambasaderi wa Misiri mu Rwanda yabwiye ibitangamakuru byo muri kiriya...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi...
Perezida w’Amerika Joe Biden yageze ku masezerano na Misiri yo gutanga imfashanyo nkeya muri Gaza mu rwego rwo koroshya amakuba ashingiye ku mibereho mu gihe intambara hagati ya Israel na Hamas...
Misiri kuri uyu wa kane yatabarije abasivili b’Abanyepalestina bari imbere mu ntara ya Gaza ivuga ko irimo kwerekeza indege zo ku rwego mpuzamahanga zitwaye imfashanyo ku kibuga cy’indege cya Al...
Uwahoze ayobora Misiri akaza guhirikwa ku butegetsi mu mwaka wa 2013, Mohamed Morsi, yitabye imana ari mu rukiko kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena...
Abantu bagera kuri 18 bishwe kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri mu mujyepfo y’umujyi wa Sinaï muri Misiri mu gitero cyakozwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu ku bashinzwe...
Kuri uyu wa Kabiri Saa 16:45, nibwo APR FC ihaguruka I Kigali yerekeza i Cairo mu Misiri, gukina umukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League izahuramo na Pyramids...
Ikipe ya Misiri yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika isanzeyo Senegal nyuma yo gutsinda Cameroon kuri penaliti 3-1 nyuma y’uko iminota 120,yakinwe kuri uyu wa Kane, yarangiye ari 0-0 ku...
Ikipe y’igihugu ya Senegal yakuye igisuzuguriro ku mugabane w’Afurika mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka kuko yatsinze ikipe ya Pologne ibitego 2-1, mu mukino wo mu itsinda H,mu gihe Misiri yo ibaye...
.
Kuri uyu munsi wa mashami, umunsi uzwi nk’umunsi wera wizihizwa n’abakirisitu benshi ku Isi, aho baba bibuka umunsi Yesu yinjira mu mujyi w’i Yerusalemu ahetswe n’icyana cy’indogobe, ubwo...