Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Aha Mpayimana Philippe yari amaze gutanga dosiye ari kumwe n’ abamufashije Madamazella Mukamana Rachel wamuhagarariye mu karere ka Nyaruguru n’inshuti ye Otto Ahmed babana mu mujyi wa Kigali...
Philippe Mpayimana w’imyaka 47 y’amavuko uhatanira kuyobora u Rwanda, yavuze ko mu gihe cyose amaze mu bikorwa byo kwiyamamaza yabonye umutekano usesuye.
Mpayimana usanzwe ari umukandida wigenda...
Philippe Mpayimana, umunyapolitiki wangiwe gukorera ikiganiro n’ abanyamakuru aho yari yateguye aravuga ko ba nyiri Bar Plus250 batamubereye inyangamugayo nabo bakavuga ko batari bamenye ko ari...
Imibare y’ amateganyo y’ ibyavuye mu matora ya Perezida w’ u Rwanda iragaragaza ko Paul Kagame ariwe watsinze amatora n’ amajwi 98, 63%, agakurikirwa na Mpayimana Philippe ufite 0,73 nawe...
Umunyapolitiki Mpayimana Philippe uherutse gushinga ishyaka rya politiki rihanira Iterambere ry’ Abanyarwanda PPR yavuze ko iri shyaka niryandikwa kimwe mu byo rizakemura ari ikibazo cy’...
Umunyarwanda Mwenedata Gilbert wiyamamarizaga kuyobora Igihugu ariko ntabigereho yikomwe na mugenzi we, Mpayimana Philippe umushinja kumwita igikoresho cya Leta.
Kuri uyu wa kane tariki ya 22...
Mpayimana Filipe na Dr Frank Habineza batumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 kuri sitade Amahoro I Remera.
Aba...
Umunyarwanda Mpayimana Philippe yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yiteguye guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri uyu mwaka.
Mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa 4...
Umukandida wigenga Mpayimana Philipe wahatanye mu matora ya Perezida wa Repubulika ariko ntatsinde, avuga ko ahawe umwanya muri Guverinoma nshya iyobowe na Perezida Kagame Paul yawemera ari uko...
Philippe Mpayimana w’imyaka 47 y’amavuko akaba umukandida wigenda ku mwanya w’umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe tariki ya 04 Kanama uyu mwaka, yatangaje ko yizeye intsinzi mu majwi...
Umunyapolitiki Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’ umukandida ku mwanya wa Perezida w’ u Rwanda ntatsinde, akiyamamariza ari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ntatsinde yashyinze ishyaka rya...
Philippe Mpayimana wari umukandida wigenga mu matora y’umukuru w’igihugu aherutse kuba mu Rwanda muri Kanama 04-03, yatangaje ko atazasubira mu gihugu cy’u Bufaransa ndetse ko adateganya gushinga...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017, ni umunsi wa kabiri wo kwiyamamaza ku bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama.
Umukandida...
Mpayimana Philippe uri muri batatu bahatanira kuyobora Igihug cy’u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi , yibarutse umwana w’umuhungu mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga.
Mu ijoro...
Mpayimana Philippe wiyamamarije kuba umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda mu mwaka wa 2017, ku mwanya yari ahataniye na Perezida Paul Kagame na Dr Frank Habineza,yakoze...
Umukandida wigenga, Mpayimana Phillippe, yamaze gutangaza ko agiye guhatana mu matora y’abadepite ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2018, ni nyuma y’uko atsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa...
Umunyapolitiki Mpayimana Philippe wamamaye cyane ubwo yahatanaga mu matora ya perezida wa Repubulika aheruka yatsinzwe na Perezida Kagame,yatangaje ko yahisemo guhagarika ibyo gushinga ishyaka...
Mpayimana Philippe uhatanira kuyobora u Rwanda, aravuga ko kuba abanyarwanda bishimiye ari intsinzi ikomeye kuri we, ngo no muri 2024 yiteguye kongera kwiyamamaza naramuka adatsinze amatora yo...
Kuri iki cyumweru Tariki ya mbere Mutarama 2017 nibwo Umunyarwanda Mpayimana Philippe ubarizwa muri Diaspora nyarwanda mu Ubufaransa yashyize ahagaragara itangazo avuga ko aziyamamariza kuyobora...
Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’umukandida wigenga mu matora ya Perezida wa Repubulika aheruka muri 2017,yiyemeje kongera kugerageza amahirwe muri uyu...
Komisiyo y’Amatora yari yavuze ko ku isaha ya saa ine (10h30 a.m) yakira inyandiko z’ibisabwa Umukandida wigenga Phillipe Mpayimana.
Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho...
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe uri mu biyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze ko iyo avuga ko nta muntu ukwiye kubyara abana barenze batatu umuntu aba avuga ari umugore.
Mu turere...
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza umwanya wa Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga yiyamamarije I Kamembe mu karere ka Rusizi yizeza abaturage ko nibamutora...
Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Nyakanga 2017, Mpayimana Philippe uhatanira kuyobora u Rwanda yatangiriye ibikorwa bye mu karere ka Bugesera mu ntara y’Iburasirazuba.
Mpayimana Philippe yabimburiye...
Mpayimana Philippe wiyamamarije kuba Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ntibimuhire yongeye guhamya ko ashaka kuzaba umwe muri 80 bazaba bagize inteko ishinga amategeko mu Rwanda.
Yabitangarije...