Isaac Newton yavutse tariki ya 25 Ukuboza 1642 atabaruka ku itariki ya 20 Werurwe 1726/27 ni Umwogereza, yari umuhanga mu mibare , umuhanga mu bya Fiziki(ubugenge), umuhanga mu bumenyi...
Ntamuhanga Cassien wakatiwe n’inkiko zo Mu Rwanda igifungu cy’imyaka 25, nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo kugambirira kugirira nabi umukuru w’igihugu, Kuri ubu bamwe mu babarizwa mu ihuriro...
Ikipe ya AS Muhanga yatandukanye n’umutoza Nduwantare Ismael wayitozaga kubera umusaruro muke nyuma yo kumara imikino 3 yari atoje Muhanga nta nota irabona.
Mu karere ka Muhanga, raporo zatanzwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri zerekana ko abakobwa 243 babaruwe mu mirenge yose y’aka akarere, batewe inda hagati mu mezi bamaze batiga bakiri...
Mu ijoro ryo kuwa 27 Mata 2020,Polisi yo mu karere ka Muhanga yaguye gituma abantu 13 barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 bajya kunywera inzoga mu kabari kitwa Plateau du Centre ko mu Mujyi...
Ikipe ya AS Muhanga itunguye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda,kuko yatsinze APR FC ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona,ikoma mu nkokora urugendo rwayo rwo gushaka...
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiriye AS Muhanga iwayo ibitego 3-1, iryoshya urugamba rwo guhatanira igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka iri kuvugisha benshi mu bakunzi ba ruhago mu...
Abagororwa babiri batorokanye na Cassien Ntamuhanga muri Gereza ya Nyanza(Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira umwe yari afungiye ubuhotozi mugenzi we afungiye gusambanya ku gahato....
Cassien Ntamuhanga watorotse gereza yo mu Rwanda mu 2017 yafatiwe muri Mozambique nk’uko byemezwa n’abo mu ishyaka rye rya politiki.
Itangazo ryasohowe n’ishyaka Rwandan Alliance for the National...
Mu Karere ka Muhanga, umugabo witwa Ntwari Jean de Dieu w’imyaka 34 y’amavuko yagwiriwe n’igikuta cy’amabuye ahubakwa Ruhurura mu Mujyi wa Muhanga ahita...
Benshi bari bazi ko Lionel Messi ariwe mukinnyi Pep Guardiola yemera ko ari umuhanga kurusha abandi mubo yatoje bose gusa yatunguranye avuga ko umusore w’imyaka 19 Phil Foden atoza muri Manchester...
Abagore n’ abagabo bo mu karere ka Muhanga barasabwa guhindura imyumvire no kuganira hagati yabo kuko aribyo byagabanya amakimbirane akunze kuba intandaro y’ ubwicanyi na...
Hashize iminsi abaturage bo mu karere ka Gisagara na Nyaruguru bugarijwe n’ ikibazo cy’ amabandi yitwaza intwaro ziganjemo iza gakondo yirara mu ngo zabo akabasahurira imitungo aya mabandi yamaze...
Abakandida-Depite b’Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) batangiriye ibikorwa byo kwiyamamariza mu mirenge ibiri yo mu Karere ka...
Ubuyobozi bw’ akarere ka Muhanga bwatangaje ko bwakomereye ababumbyi n’ abatwitswi b’ amatafari mato yitwa mpunyu ngo bakomeze akazi kabo bari barahagaritseho mu mezi 9...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagali ka Kinini ko mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, Uwamahoro Photide akurikiranweho...
Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baravuga ko babangamiwe n’umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ako kagari witwa Uwamohoro...
Umwana witwa Nisingizwe Benjamin w’Imyaka 8 wo mu Murenge wa Muhanga, Akarere ka Muhanga yakubiswe n’inkuba ahita apfa arimo gufata amafunguro ya ku manywa.
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize Maj Gen Kayanja Muhanga umuhuzabikorwa w’imitwe ya gusirikare ikorera i Kampala, mu gihe amatora y’Umukuru w’Igihugu muri kiriya gihugu akomeje...
Inyigo yakorewe mu karere ka Muhanga igamije kumenya igitera amakimbirane hagati y’ abashakanye yagaragaje ko kutumvikana ku icungwa ry’ umutungo n’ ubusambanyi biza ku isonga mu bitera...
Inka 20 mu nka 104 zahawe bamwe mu baturage b’ umurenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga zimaze gupfa mu byumweru bitatu, bigakekwa ko zirimo kuzira kutishimira...