Umugore witwa Nyabyenda Sarah wabyariye ku bitaro bya Muhima akomeje kuvuga ko yabyaye agahabwa umwana umwe nyamara ngo we n’umugabo we bari babwiwe mbere y’uko azibaruka impanga.
Nyabyenda Sarah...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yakuye muri gahunda ya Guma mu Rugo amasibo ane yo mu Karere ka Kicukiro mu Murenge Kigarama, mu gihe Imidugudu itatu yo mu Murenge wa Muhima yo...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yafashe umwanzuro wo gukagarika ku kazi abaforomokazi babiri b’abagore bamusuzuguye ubwo yari mu bitaro bya muhima kuri uyu a 17 nzeri uyu mwakwa.
Diane...
Kuva mu cyumweru gitaha umuhanda uva kuri Rond Point nini yo mu Mujyi ukagera mu Gatsata unyuze Muhima-Nyabugogo, uzaba ufunzwe, ibinyabiziga byawukoreshaga byimurirwe mu yindi mihanda....
Kwimura imibiri n’ abaturage batanu bari batuye hafi y’ irimbi ry’ abayisilamu I Nyambirambo byarangiye, mu kwezi gutaha akarere ka Nyarugenge karatangira kuhubaka ibitaro.
Ni mu Kagari ka...
Rwiyemezamirimo Muhima Michel aravugwaho kwambura abaturage bamukoze ku inzu ifitwe mu nshingano na kompanyi yubaka amazu ’Inkundamahoro Ltd’ imyaka igera kuri ibiri nta faranga babona.
Uyu...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 14/02/2020 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya NDAKAZA...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabiri taliki 25/02/2020 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya NDAKAZA...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 23/07/2020 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ikibanza kirimo...
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge bwabyukiye mu gikorwa cyo gusenyera abantu batuye mu gishanga giherereye ku Muhima ,nyuma yo gusabwa kwimuka bakanangira.
Umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly yatabarutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane azize uburwayi mu bitaro bya Muhima aho amakuru avuga ko yahitanwe n’ibiyobyabwenge...
Umukobwa wo mu kagari ka Rugenge mu murenge wa Muhima mu mujyi wa Kigali yaturikanwe na Gaze ahita ajyanwa igitaraganya kwa muganga ubwo yari atetseku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri taliki ya...
Kuwa Gatandatu tariki ya 12 Nyakanga 2020, umugabo witwa Nsabimana Innocent utuye mu Murenge wa Muhima w’Akarere ka Nyarugenge, yamennye ibiryo bishyushye bivuye ku ziko ku mutwe w’umugore we...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu,MINALOC yatangaje ko imidugudu itatu (3) yo mu kagali ka Tetero, umurenge wa Muhima muri Nyarugenge yashyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15 mu...
Muhima Michael uzwi nka Mike,wo mu murenge wa Jabana mu kagari ka Bweranvura,umudugudu wa Rugogwe mu karere ka Gasabo, mu gitondo cyo kuri uyu wambere yafatiye mu rugo rwe Umugabo witwa Simeon...
Umugabo rawi usanzwe akora akazi ko kwikorera imiziho muri Nyabugogo, yasanzwe yapfiriye ahazwi nko kwa Mutangana mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko kugeza muri Mata 2024 nta muntu uzaba akibarurwa mu batuye mu manegeka mu Mirenge ya Muhima, Gitega, Rwezamenyo na Kimisagara, binyuze muri gahunda...
Umukozi wo mu rugo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ugushyingo 2018, yabyaye uruhinja aruta mu musarane inzego z’ umutekano n’ ubuyobozi zirutabara...
Umusekirite wo mu isoko rya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali, yabwiye umuntu bari kumwe ko yamutema n’ intebe yicayeho akayitemagura, bituma abantu 17 bahungabana bikomeye...
Inyubako ikorerwamo ubucuruzi izwi nko ku mashyirahamwe iherereye I Nyabugogo mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro mu rukerera rwo kuri...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Nzeri 2019,undi mugore uri mu kigero cy’imyaka hagati ya 25 na 30 utamenyekanye amazina yiyahuriye ku rukuta rwo mu murenge wa Muhima mu karere ka...
Mu ma saa sita z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, abantu 130 bafatiwe muri Motel Laguna iri ku Muhima mu karere ka Nyarugenge barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 aho bamwe banywaga inzoga...