Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Nyakanga 2023 nibwo Ismaël Mwanafunzi uri mu banyamakuru bakunzwe muri iki gihe, yashyingiranywe na Mahoro Claudine na we wahoze ari umunyamakuru.
Ni ubukwe...
Umunyamakurukazi Mahoro Claudine uri kwitegura kurushinga kurushinga na Ismaël Mwanafunzi uri mu banyamakuru bakundirwa ijwi rye mu biganiro akora, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryamaze gusaba Ferwafa[Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda] ko bakwigiza inyuma amatora y’umuyobozi wa Ferwafa yari ateganyijwe.
Mu ibaruwa...
Umuyobozi w’ikipe ya Mukura VS Nizeyimana Olivier wari waratanzwe na Nzamwita Vincent De Gaulle ku rutonde rw’abazaba bagize komite ye niyongera gutorerwa kuyobora FERWAFA yamaze gutangaza ko...
Umuhanzi Diplomat Nuru Fasasi ukundwa na benshi cyane kubera ubutumwa ashyira mu njyana ya Hip Hop,yavuze ko yahisemo kwita izina ry’indirimbo ye nshya ’icyuki gikaze’kugira ngo akurure urubyiruko...