N’ubwo hashize iminsi itari mike batandukanye nyuma yo kubyarana abana babiri, Anita Pendo yifurije umunyezamu wa AS Kigali Ndanda wahoze ari umugabo we ibintu bitanu by’ingenzi mu buzima .
Ibi...
Ndanda Alphonse usanzwe ari umuzamu wa As Kigali ndetse wanaciye mu ikipe ya Mukura Vs, yifurije umukunzi we Anitha isabukuru Nziza anasaba Imana gukomeza kumubaha hafi muri ubu ubuzima bwo ku...
Ku munsi w’ejo tariki ya 5 Nyakanga nibwo hasakaye inkuru ivuga ko Ndanda wabyaranye na Anita Pendo abana ba bahungu 2 yambitse impeta umukunzi amusaba ku zamubera...
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yibarutse umwana wa kabiri ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 5 Ukwakira 2018 mu bitaro biherereye i...
Nizeyimana Alphonse Ndanda wahoze ari umuzamu wa Mukura VS wamaze kwinjira mu ikipe ya AS Kigali, aratangaza ko bimwe mu byatumye ava mu mujyi wa Huye akaza gutura ikigali birimo kuba akumbuye...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu k’umusore w’umukinnyi Ndanda Alphonse bivugwa ko ariwe wayimuteye.
Anita Pendo ni umwe...
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yamaze guhishura ko mu gihe yari atwite yabaye mu buzima bwifuza kurya Biscuit za Compat kurigata ibumba no gushaka ko umugabo we amuhora...
Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo nibwo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu ku musore w’umukinnyi Ndanda Alphonse yanahishuye ko n’umwana yabyaye ariwe basa cyane,gusa uburyo...
MC Anita Pendo, umwe mu bagore bakora imirimo inyuranye mu myidagaduro yo mu Rwanda, yatangaje byeruye ko agiye kubyarana na Ndanda Alphonse umwana wabo wa...
Biravugwa ko Anita Pendo asigaye abana na Ndanda mu nzu imwe nk’umugabo n’umugore, ngo aba bombi baranitegura gukora ubukwe bagahuza imiryango yabo.
Anita asanzwe ari umunyamakuru, Dj ndetse...