Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA rimaze gutangaza abakinnyi 24 bazatoranywamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize, urutonde rwiganjemo abakinnyi b’ikipe ya Real Madrid ....
Muri iyi minsi ikipe ya Barcelona iri gushaka umukinnyi wo gusimbura Neymar Jr uherutse kugurwa akayabo ka miliyoni 222 z’amayero n’ikipe ya PSG aho kwisonga bifuza undi munya Brazil Philippe...
Umukunnyi Samuel Eto’ o Fils, ukomoka mu mugabane w’ Afurika mu gihugu cya Cameroun wigeze gukinira ikipe ya Barcelone mu gihugu cya Espagne ashobora kumara imyaka 10 mu buroko akanacibwa na...
Umunya Portugal ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, Cristiano Ronaldo niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza wahize abandi ku mugabane w’u Buraya mu mwaka wa 2016 gitangwa na France...
Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA.
Iki...