Ubwami bw’Umwamikazi Elizabeth II bwaranzwe n’umurava ukomeye mu nshingano ndetse no kwitangira ingoma ye n’abaturage be.
Yabaye izingiro ry’impinduka za bwangu mu isi mu gihe ijambo ry’Ubwongereza...
Ijambo ryavuzwe muri iki cyumweru n’Igikomangoma Turki al-Faisal cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite), ku rugomo rurimo kuba mu Burasirazuba bwo Hagati, ririmo kudaca ku ruhande mu mvugo kudasanzwe...
Abatimbo bo mu gihugu cy’uBurundi biriwe mu rugendo rwo kwamagana itorero ryitwa Himbaza Club ryo mu Rwanda bashinja ko ryiyitiriye ingoma z’Uburundi rikajya kuzikoresha mu irushanwa rya "East...
Umuturage witwa Nsanzitora Jean Claude utuye mu mudugudu wa Gisaka akagari ka Mango umurenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma , aravugako ahangayikishijwe n’inzu ye yayoboweho amazi yatangiye...
Umwamikazi Elizabeth II, wari urambye ku ngoma kurusha abandi mu mateka y’Ubwongereza, yatangiye I Balmoral ku myaka 96, nyuma yo kumara ku ngoma imyaka 70.
Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane...
Ubushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngoma mu karere ka Ngoma, bwasabiye igihano cyo gufungwa burundu umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo kwica murumuna we wa kwa Se wabo bapfuye igiceri cya 100...
Nubwo afite imyaka icyenda gusa, ariko igikomangoma George azi neza uwo ari we kandi yagarutse ku bwami ku munyeshuri bigana wamusagariye, nk’uko impuguke w’ibwami yabitangaje.
Umuhungu w’imfura...
Igikomangoma cyo mu Bubiligi cyanduye coronavirus nyuma yo kwitabira ibirori mu gihe cy’ingamba za ’guma mu rugo’ muri Espagne, nkuko bitangazwa n’ubwami...
Igikomangoma Harry akaba uwa gatanu mu baragwa b’ingoma y’ubwongereza agiye kurushinga n’umukinnyi wa filime, Markel ufite inkomoka ku babyeyi badahuje inkomoko, umwe ni umuzungu undi ni umwirabura....
Umuhungu w’imfura w’umwami w’aba Zulu wo muri Afurika y’epfo Goodwill Zwelithini uherutse gutanga ni we watoranyijwe nk’ugiye kumusimbura ku ngoma, mu gihe hari ubushyamirane bukomeye mu...
Benshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa...
Igikomangomakazi Catherine cyangwa Kate Middleton, umugore w’Igikomangoma William cy’u Bwongereza, kuri uyu wa 22 Werurwe 2024, yatunguranye ubwo yahishuraga ko afite uburwayi bwa...
Igikomangoma Cpt Al Hussein bin Abdullah II yasezeranye kubana akaramata na Rajwa Al Saif bari bamaze igihe bakundana mu birori byitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo na Perezida Paul...
Igikomangoma Henry Harry na Meghan Markle bamaze hafi amezi umunani bakoze ubukwe, ubu baritegura kwibaruka imfura yabo. Meghan si kenshi akunze kugaragara mu ruhame nyuma yuko arushinze...
Mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasiriazuba, habaye igikorwa cy’isuku muri gahunda yiswe ‘Igitondo cy’Isuku’ yitabiriwe n’Umuyobozi w’aka Karere, aho we n’abaturage batuye mu mujyi wa Kibungo bakoze...
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye Igikomangoma Prince Charles n’umugore we, Camilla Parker Bowles, bitabiriye inama ya CHOGM i Kigali.
Charles Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ndetse atera igiti mu rwego rwo kwibuka...
Mu gitondo cya tariki ya 28 Nzeri ahagana za tanu Polisi ikorera mu Karere ka Ngoma yafashe Kazoza Audace w’imyaka 45 na Sinigenga Christopher w’imyaka 27, yabafatanye amafaranga y’u Rwanda...
Umwamikazi w’Ubwongereza,Elizabeth II yagaragaye ari wenyine yigunze mu muhango wo gushyingura umugabo we bari bamaranye imyaka 73,Igikomangoma Philip.Umuhango wo kumusezeraho wabereye muri...
Benshi mu bakongomani bari kwisuka I Rubavu kubera ubwoba bw’umutekano batekereza ko ushobora kuba muke I Goma bitewe n’ibizava mu matora y’umukuru aheruka kuba mu mpera z’umwaka ushize, byatumye...