Umuhanzikazi Clarisse Karasira wamenyekanye mu ndirimbo za Gakondo nyuma y’igihe ateguza abantu kwakira Umwuzukuru w’Imana n’Igihugu ari mu mashimwe akomeye nyuma yo kumwakira mu...
Umunyarwandakazi wamamaye nka Cherrie Silver kubera ubuhanga yagiye agaragaza mu kubyina yatangaje ko yageze mu Rwanda aho ari umwe mu bazitabira inama ya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 15 Kamena 2022 i Goma haramukiye imyigaragambyo ikomeye yateguwe na Sosiyete Sivile ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru aho abaturage bashakaga kwinjira mu...
Amakuru aravuga ko ikipe ya Rayon Sports yatangiye gusinyisha abakinnyi bashya hakiri kare, yatangiye kunyuza umweyo mu bari bahasanzwe aho kuri ubu ngo yamaze gutandukana n’abakinnyi 5 barimo na...
Ku wa gatatu, tariki ya 15 Kamena 2022, umukuru w’igihugu Félix Tshisekedi yayoboye Inama Nkuru y’Umutekano yagejejwe kuri ba perezida b’imitwe ibiri y’inteko ishinga amategeko. Ni inama ya kabiri...
Abanyekongo batuye I Goma batangaje ko uyu munsi bateganya gukora indi myigaragambyo iraba ari rurangiza aho biyemeje gutwika ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda.
Mu iibaruwa bandikiye umuyobozi wa...
Nyuma y’amasaha make umutwe wa M23 ufunguye ku mugaragaro umupaka wa Bunagana uhuza Uganda na RD Congo,ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyaruguru bwasabye abaturage kutawukoresha ahubwo bagategereza...
Umutwe wa M23 wemeje ko wamaze gufata umupaka wa Kitagoma, nyuma y’imirwano ikomeye yawuhuje n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC).
Uyu mupaka wa Kitagoma uri mi...
Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ubwongereza Boris Johnson, uri mu Rwanda aho yitabiriye inama ya CHOGM,iri kubera mu Rwanda.
Aba bayobozi bombi baganirye ku mubano w’ibihugu byombi...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yashinje Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya gufunga ibyambu byari kugeza ibiribwa ku bakene cyane ku isi.
Ibi Bwana Johnson yabigarutseho mu...
Harry Maguire yaraye akoze ubukwe bwakataraboneka n’umukunzi we wo kuva mu bwana Fern Hawkins.Ubukwe bwabereye mu Bufaransa.
Myugariro Maguire usanzwe ari kapiteni wa Manchester United,yagize...
Polisi iri guhiga bukware abajura bivugwa ko binjiye mu nzu ya Marco Verratti bamwiba ibintu bifite agaciro ka miliyoni zisaga 2,5 z’amapound uri mu biruhuko ahitwa Ibiza.
Uyu mukinnyi wa Paris...