Nshimiyimana Muhammad wo mu itsinda rya Urban Boys mu ntangiriro z’umwaka wa 2016 yahoraga mu itangazamakuru asobanura iby’umwana yabyaranye n’umukobwa ukomoka mu Karere ka Rubavu, kuri ubu uyu...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ugushyingo 2017, amateka mashya aranditswe!Itsinda rya Urban Boys rigiye gukomeza urugendo rwa muzika ari babiri aho kuba batatu nk’uko byari bisanzwe ni nyuma...
Nshimiyimana Muhamed wiyeguriye nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boyz rimaze imyaka icumi rikora muzika, yahakanye yivuye inyuma ko umukunzi we uba mu Busuwisi yaje mu kumusura mu Rwanda...
Nshimiyimana Muhamed wamamaye muri muzika nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys; usanzwe ukundana byeruye na Umulisa Yvette kuri St Valentin yamubwiye ibanga riruta irindi mu rukundo, aho...
Umuhanzi Nyarwanda ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys uzwi ku izina rya Nizzo biravugwa ko ngo yaba yaramaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaze igihe kitari gito mu buryohe bw’urukundo nkuko...
Nshimiyimana Muhamed uzwi ku izina rya Nizzo Kabos uririmba mu itsinda rya Urban Boyz mu minsi yashize byavuzwe ko yatandukanye n’umukunzi we Umulisa Yvette gusa yirinda kugira byinshi...
Sacha Kat wavuzwe bigatinda mu rukundo na Nizzo Kaboss wa Urban Boys, yinjiye mu rukundo rushya n’umugabo w’umuherwe wamaze kumugurira inzu n’ibindi bikoresho nkenerwa mu buzima bwa buri munsi....
Ni inkuru idashobora kumvikana neza mu mitwe ya bafana be!Urban Boys imyaka icumi bafatanye agatoki Safi na Nizzo barekurana!Humble Jizzo yakomeje kugaragaza ko ariwe mukuru muri bose agatuza...
Safi wibereye mu kwezi kwa buki n’umufasha we Judith akomeje gusangiza abakunzi be amafoto atandukanye agaragaza uburyo amerewe aho ari kuruhukira, Kuri ubu ifoto yashyize hanze yavugishije abantu...
Nizzo Kaboss Nshimiyimana wa Urban Boys aravuga ko ariwe muntu wa mbere wafashije bikomeye Safi Madiba Niyibikora kwinjira muri muzika akanamuherekeza muri Studio bwa mbere.
Safi na Nizzo...
Niyibikora Safi wo mu itsinda rya Urban Boys yongeye kugaragaza ko Nizzo Nshimiyimana Muhammed atakiri mu bandimwe be, yagaragaje amazina y’abo yita inshuti magara anashyira hanze ifoto bahuriyeho...
Ifoto ya Safi Madiba yambaye amapingu na Nizzo yambaye imyenda ya Giporisi afite n’imbunda bigaragaza ko ariwe wari wambitse amapingu Safi,yatumye umuDj wo mu Rwanda uzwi ku izina rya Dj Lion...
Humble Jizzo yatangaje ko azambarirwa n’bamwe mu nshuti ze, abahanzi bagenzi be, abo mu muryango ndetse na Nizzo Kaboss baririmbana muri Urban Boys. Ndetse ko ubukwe bwe buzabera ku Inzozi Beach...
Nshimiyimana Muhammed wamamye nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko we na Humble Jizzo barambiwe by’ikirenga imyitwarire ya Safi Niyibikora Madiba akomeje kugaragaza, ngo...
Humble Jizzo wa Urban Boys yasobanuye byimbitse ibyaranze itsinda rya Urban Boys kuva mu myaka irenga icumi bamaranye; Humble yaranzwe n’amarira menshi mu gusobanura ikibazo kiri mu Urban Boys;...
Sacha Kate wabaye umuhanzikazi ndetse wanakundanye na Nizzo Kaboss wo muri Urban Boyz wanabyaranye na Dj Toyxxk,yemeza ko atakunda umusore ngo ni uko ari mwiza mu gihe adafite...