We saw it coming: after Pyongyang’s refusal to kneel, the accusations are coming from everywhere: US officials claim that Pyongyang is trying to deceive the Washington authorities. They think that...
US Secretary of State Mike Pompeo arrived in Pyongyang to prepare for historic talks between North Korean leader Kim Jong-Un and President Donald Trump.
Umunyamidelikazi Kimberly Kardashian uzwi mu izina rya Kim Kardashian yavuze ibigwi umukobwa we w’imfura yabyaranye na Kanye West witwa North West .Uyu mwana wizihizaga isabukuru y’imyaka 8 amaze...
Ikipe y’igihugu ya North Macedonia yatunguye Ubudage bufite ibikombe by’isi bine, ku gitego cy’intsinzi cyo mu minota ya nyuma cyatsinzwe na Eljif Elmas.
Ifi y’imbonekarimwe ifite amenyo nk’ay’abantu bayirobye muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Ifoto y’iyi fi yashyizwe kuri Facebook muri iki cyumweru na Jennette’Pier, ikigo abantu bajya kurobamo muri...
Senateri wo ku rwego rwa leta wo muri North Dakota, umugore we n’abana babo babiri b’urubyiruko cyane, bapfiriye mu ihanuka ry’indege nto muri leta ya Utah, nkuko abategetsi babivuze ku wa...
Landslides caused by heavy rains killed at least 18 people in Rwanda’s Northern and Western province over the weekend, pushing the death toll since January to more than 200, a government official...
Gunmen kidnapped 79 school students on Monday in an English-speaking region of Cameroon where separatists are fighting an armed campaign for independence, security and government sources...
Umuryango mpuzamahanaga uharanira uburenganzira bwa muntu muri Koreya ya Ruguru NKDB washyize ahagaragara raporo ivuga ko Perezida w’ iki gihugu Kim Jon un ategeka ababyeyi gutanga abana babo...
Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gufata umwanzuro wo kubuza abaturage bayo gukorera ingendo muri Koreya ya Ruguru. Birakekwa ko intandaro y’ iki cyemezo ari uko aba baturage bafatwa...
Myugariro witwa Darnell Fisher w’ikipe ya Preston North End ari gukurikiranwa na FA nyuma yo gukanda udusabo tw’intanga [amabya] twa mugenzi we ukinira Sheffield Wednesday witwa Callum...
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya North West University muri Afurika y’Epfo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yokwibagirirwa amakayi mu rugo ababyeyi be bakayamuzanira bakoresheje...
Umugore wo muri leta ya North Carolina muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika agiye gufashisha impyiko ye umugabo wamureze mu myaka 27 ishize arokore ubuzima bwe, mu gisa nk’inkuru itangaje ya ya mvugo...
Umugabo witwa Mike Watt w’imyaka 40 wahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’amashuli abanza cyitwa Colburn giherereye ahitwa North Yorkshire mu bwongereza,yafashwe ari gusambanya umwarimukazi wigisha mu...
Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko yifuza kongera kwishimira igitego yambara mask ya Spider Man ku mukino bazacakirana na Tottenham ku munsi w’ejo mu kizwi nka...
Jenerali Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yagiye mu mpaka zerekeranye n’igitero cyagabwe ku mutungo w’umuryango w’uwahoze ari Perezida Uhuru Kenyatta mu...
Nyuma yo kwegukana Euro 2020 mu mpeshyi ishize, Ubutaliyani bwananiwe kujya mu gikombe cy’isi 2022 nyuma yo gutsindwa na North Macedonia igitego 1-0 mu mikino ya kamarampaka yo kwerekeza muri...
Umukinnyi Danny Rose w’ikipe ya Tottenham yatawe muri yombi azira gutwara imodoka ku muvuduko mwica bigatuma ateza impanuka mu rukerera ahagana saa 4:00...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 05 Ugushyingo 2020,Covid-19 yahitanye umugore w’imyaka 73 aba uwa 36 wishwe n’iyi ndwara mu Rwanda.Iyi ndwara yaherukaga kwica umuntu mu Rwanda...
Umukozi wa Leta ya Australia yahembwe umushahara ukubye inshuro 100 umushahara we usanzwe w’ukuri kubera akitso gatandukanya imibare kashyizwe mu mwanya utariwo bigatuma hiyongeraho amadorali 500...
Are you a citizen of a member state of the African Union (AU) and want to contribute to the creation of the Africa we want? Below is a list of professional opportunities to work for the AU. Apply...
Nyuma y’iminsi micye umunyamidelikazi Kim Kardashian asabye urukiko ko rwamugira ingaragu mu mategeko mu gihe gatanya ye na Kanye West itarasinywa, yatangaje ko atifuza kwiyunga n’uyu muraperi...
Abaturage ba Africa y’Epfo bagaragaje akababaro nyuma y’uko umuyobozi w’umujyi apfiriye mu mpanuka, akaba uwa kabiri upfuye mu byumweru bitageze kuri bitatu.
Neo Shalk wari mayor w’agacek ka...