Umugore w’imyaka 26 witwa Amanda Sharp-Jefferson, ukomoka i Las Vegas muri Amerika ashinjwa ibyaha bibiri by’ubwicanyi mu rupfu rw’abakobwa be babiri b’impinja aho polisi ivuga ko yabishe avuga ko...
Umukecuru witwa Ayinkamiiye Eupharasie ufite imyaka 76 utuye mu kagari ka Rwimbogo, umurenge wa Musanze mu karere ka Musanze, yaraye yitabye Imana ku mugoroba wo ku cyumweru nyuma yo kumva...
Umunya Kenya,Ferdinand Omanyala,yabaye umugabo unyaruka kurusha abandi muri Commonwealth nyuma yo gutsindira umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 100.
Ntabwo bisanzwe ko Kenya ihatana muri...
Abasivili babarirwa mu magana binjiye mu gisirikare cya Ukraine kurwanya ingabo z’Uburusiya zateye igihugu cyabo mu cyumweru gishize,Anastasiia Lenna wahoze ari Miss Ukraine, na we yafashe imbunda...
Londres mu Bwongereza, abagabo babiri babana bahuje igitsina bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kubyarirwa abana b’impanga hakoreshejwe ikoranabuhanga (In vitro fertilization), ryahuje intanga...
Kiliziya gatolika mu Gihugu cya Espagne ivuga ko yirukanye umupadiri wo mu mujyi wa Medina-Sidonia kubera ko basanze atarigeze ahabwa ubupadiri Alabama yabikoraga mu buryo bwa magendu nubwo yari...
Joseph Oberhansley wo mu mujyi wa Jeffersonville muri Leta ya Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yishe umukunzi we arangije arya bimwe mu bice by’umubiri birimo umutima, ubwonko...
Umugabo wo mu gihugu cy’u Buyapani witwa Itaru Sasaki wo mu gace ka Otsuchi kegereye inyanja ya Pacifique yahibye telefone izajya imufasha kuvugana n’abapfuye mu rwego rwo kwimara agahinda, kugeza...
Muri Leta zunze ubumwe za Amerika umukobwa w’isugi witwa Hayes Jessica wari usanzwe ari umwarimu mu mashuri yisumbuye, yakoze ubukwe bw’akataraboneka nta mugabo afite avuga ko ashyingiranywe na...
Amashusho yakomeje gucicikana ahantu ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ifarasi yitwa Sereno iririra ku kiriyo cya nyirayo Wagner de Lima Figueiredo ubwo bari mu muhango wo kumushyingura yakoze ku...
Umuryango w’Umushinwa wari uzwiho kurira inyubako zikomeye kandi ndende uri mu gahinda gakomeye nyuma y’uko umwana wabo ahanutse ku nyubako ndende iri mu gihugu cy’u...