Mugisha Philbert uherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’Igihugu yahagaritswe ku buyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe n’Inama njyanama y’Aka Karere.Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yabahuje kuri uyu wa 18...
Polisi ikorera mu Karere ka Nyamagabe muri Sitasiyo ya Polisi ya Tare, yafashe umusore w’imyaka 26, imufatana litiro 40 za mazutu yari imaze kuvomwa mu modoka zikora umuhanda...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza 017 Urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo , rwemeje ko Philbert Mugisha wayoboraga Akarere ka Nyamagabe arekurwa.
Kuwa 17 Ugushyingo...
Mu Karere ka Nyamagabe mu Murenge wa Mbazi, umugabo ukurikiranyweho kwica umugore wari utwite inda yendaga kuvuka amutemaguye bikekwa ko ari iye, akamwivugana abanje kumusambanya, yemeye ko ibi...
Abaturage bo mu kagari ka Kaganza umurenge wa Tare ho mu karere ka Nyamagabe,baravuga ko hashize imyaka igera ku munani basabwe kwegeranya amafaranga ngo babone umuriro,ariko magingo aya bakaba...
Umuyobozi w’ akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere yasabwe kuva mu inzu ebyiri z’abarimu ziri mu ishuri rya Ecole de Sciences zafatanyijwe akaba azibamo kuva 2013 nyamara...
Rwiyemezamirimo Adonia wo mu karere ka Nyamagabe arashakishwa ngo yishyure amafaranga yari guhemba abaturage bakoze muri VUP mu myaka itatu ishize yayoberejwe kuri konti ye. Adonia avuga ko ayo...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame yagabiye inka umukecuru witwa Nyiramandwa Rachel bahuriye mu karere ka Nyamagabe ubwo yahasuraga kuri uyu wa Kabiri taliki ya 26 Gicurasi...
Polisi ikorera mu karere ka Nyamagabe kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Nyakanga yafashe abantu bane bahigaga inyamaswa mu buhumekero bw’ishyamba rya Nyungwe. Bafashwe bamaze kwica inyamaswa yo mu...
Umusore utuye mu Kagari ka Karama mu Murenge wa Cyanika mu karere ka Nyamagabe, yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda akurikiranyweho icyaha cyo gukubita Dasso igiti mu mutwe akamwica.
Uyu...
Bamwe mu bakoze ibizamini byo kwigisha mu mashuri abanza mu karere ka Nyamagabe,baravuga ko barenganyijwe nyuma yo gutsinda ibizamini ariko bajya gutangira akazi bakabwirwa ko impamyabumenyi zabo...
Abayobozi 9 bo mu karere ka Nyamagabe barimo uwo mu karere,ab’imirenge,utugari beguye ku nshingano zabo kubera ahanini kunanirwa kubahiriza inshingano zabo bigatuma imibereho y’abaturage...
Umuntu utaramenyekana yataye umwana w’amezi 4 mu ishyamba ryo mu mudugudu wa Sumba, Akagari ka Sumba umurenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe, arangije amusigira akandiko gato kanditseho igihe...
Abagabo babiri bari bakurikiranyweho kwica umucuruzi wo mu Murenge wa Kaduha mu Karere ka Nyamagabe bamuziza kutabaha inzoga y’urwagwa, babihamijwe n’Urukiko, rubakatira gufungwa...
Imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere Taliki ya 15 Mutarama, 2024 ikageza ku mugoroba, yatumye igisate cy’umuhanda uhuza Akarere ka Huye na Nyamagabe...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu 11 Ugushyingo 2017, Ntawubizera Celestin w’imyaka 44 y’amavuko yasanzwe mu ipironi y’umuriro w’amashanyarazi yapfuye. Ubuyobozi burakeka ko yiyahuye....
Uwamahoro Bonavanture niwe watorewe kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe atsinze arusha cyane Mujawayezu Louise bari bahanganiye uyu mwanya.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Marie Rose...