Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 2023, nibwo abarimu 4 bo mu kigo cya Sainte Trinité de Nyanza bafatiye mu cyuho bari gukuramo inda umunyeshuri bigishaga.,
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha...
Ku mugezi bavomaho amazi mu Mudugudu wa Rugwa, Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi hasanzwe umurambo w’umusore w’imyaka 37, ubuyobozi buvuga ko basanze acigatiye icupa ririmo inzoga...
Ubushinjacyaha buvuga ko taliki ya 26 Nzeri 2022 ahagana i saa munani z’igicuku, ko hari umwana wagiye gukoresha ibizamini ku bitaro bya Nyanza kuko byakekwaga ko yasambanyijwe n’undi muntu....
Umugabo w’imyaka 45 wo mu mudugudu Kigarama mu Kagari ka Kiruri mu Murenge wa Mukingo, Akarere ka Nyanza yaguwe gitumo n’umugore we ari gusambana na nyirabukwe w’imyaka 72.
Byabaye kuri uyu wa...
Mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza hari umusore bahimbye Rukacira bitewe n’ingeso mbi afite zo kwirirwa azana abakobwa mu nzu akabasambanya ndetse inzego z’ubuyobozi ntizigere icyo zikora....
Abantu 73 barimo n’abageni bafatiwe mu bukwe mu muhango wo gusaba no gukwa mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza kandi bitemewe kubera ingamba zafashwe na Leta mu kwirinda Covid-19....
Umugabo w’itwa Mana François Xavier n’umugore witwa Uwambayeneza Marie Claire bashakanye umwe aretse ubupadiri n’undi aretse ububikira.Ubu bombi basegera kuri Kiliziya gatolika paruwasi ya Christ...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 04/12/2020 guhera saa tatu za mu gitondo (09h00) azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu yo guturamo...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 27/11/2020 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu yo guturamo...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 20/11/2020 guhera saa sita z’amanywa (12h00) azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu yo guturamo ya...
Umuhesha w’inkiko utari uw’umwuga mu murenge wa Cyabakamyi aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 13/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 01 Ugushyingo 2019, ku rukiko rukuru ku Kimihurura habaye umuhango wo gusezera Me Umuhire Claudine witabye Imana tariki ya 29 Ukwakira 2019 azize...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 04/10/2019 guhera saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Kubwimana Isaac...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 20/9/2019 guhera saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Kubwimana Isaac...
Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Muvunyi Paul yabwiye abakunzi ba Rayon Sports ko ikipe ya Rayon Sports nta hantu ibarizwa bityo ahantu hose yabona uburyo bwo kubaho neza yahaba nta kibazo aho...
Abarundi 517 bari mu karere ka Nyanza mu nkambi y’ agateganyo y’impunzi bategereje guhabwa ubuhungiro, kuri uyu wa Mbere basubiye mu gihugu cyabo, nyuma y’uko basabye gutaha kubera ko ibyo basabwe...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyanza yafatiye ibiro bigera kuri 80 by’urumogi mu bikorwa byo kurwanya icuruzwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge mu...
Umusore witwa Irakoze Arsene wo mu karere ka Nyanza akurikiranyweho kwica nyirakuru Murekatete Bernadette w’ imyaka 68 y’ amavuko wamureze kuva afite imyaka ibiri.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Guhera ku wa gatanu taliki ya 25 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yerekeje mu ntara y’amajyepfo mu mwiherero wari wateguwe n’itsinda ry’abafana bay obo muri iyi ntara Les Bleus du Sud aho...
Umubyeyi witwa Nyiraminani Epiphanie wo murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, yabyaye impanga z’abana bane bamubaze, abahungu batatu n’umukobwa umwe.
Saa sita zibura iminota 10 ku cyumweru...
Gihana Théogène uhagarariye Organisation pour le Soutien des Rescapés du Génocide de Mayaga (OSRGM)
Ubwo abarokotse bo mu gace k’Amayaga bibukaga ku nshuro ya 23 imiryango yabo yatikiriye muri...