Kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hatangiye kuburanishwa ubujurire mu mizi bwa Dr Kayumba Christopher wajururiye uru rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge muri kanama 2020...
Ndayisenga Jean Marie Vianey , Visi Meya Ushinzwe Imibereho Myiza mu Karere ka Nyarugenge / Foto: Igihe
Kuri uyu mugoroba wo kuwa kabili taliki 5/3/2019 Umuryango wamenye amakuru ko RIB yataye...
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge bwabyukiye mu gikorwa cyo gusenyera abantu batuye mu gishanga giherereye ku Muhima ,nyuma yo gusabwa kwimuka bakanangira.
Abantu 24 bafashwe n’inzego z’umutekano bari mu bikorwa byo kubaka inzu mu mudugudu wa Ganza mu kagali ka Kiyovu mu murenge wa Nyarugenge akarere ka Nyarugenge umujyi wa Kigali. Hari saa yine za...
Mu karere ka Nyarugenge ho mu mujyi wa Kigali,hatangiye gukoreshwa imashini abaturage bakoresha bagaragaza uko bakiriye serivisi bahawe, itu tumashini twashyizwe muri serivisi zikenerwa...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 17/8/2020, muri Nyarugenge, ku bufatanye bwa command post y’umurenge (Polisi) ya Nyarugenge, n’iy’ Akagari ka Kiyovu, hakozwe ubugenzuzi bugamije kureba ko amabwiriza yo...
Kwimura imibiri n’ abaturage batanu bari batuye hafi y’ irimbi ry’ abayisilamu I Nyambirambo byarangiye, mu kwezi gutaha akarere ka Nyarugenge karatangira kuhubaka ibitaro.
Ni mu Kagari ka...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA UMUTUNGO WIMUKANWA WA KWAKOO MARKET PLACE Ltd, UHEREREYE MU MUDUGUDU WA INYARUREMBO, KAGARI KA KIYOVU , UMURENGE WA...
Ubuyobozi bw’ibitaro bya Nyarugenge bwatangaje ko bwitandukanyije n’umukozi ushinzwe umutekano mu Bitaro by’Akarere ka Nyarugenge wagaragaye arwana n’umurwaza bapfa ko yanze ko yinjira ngo ajye...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2017 mu Rwanda hose habereye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rwego rwo gutangiza iki cyumweru cyo kwibuka ku...
Mu minsi ishize Ikinyamakuru Umuryango twabagejejeho inkuru y’ inzu bikekwa ko isengerwamo Shitani. Ni inzu iherere Nyakabanda Akagari ka Munanira II mu karere ka Nyarugenge. Abaturage bavuga ko...
Ku mugoroba wo kuwa gatatu taliki 11/12/2019 ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Karere ka Nyarugenge bakusanyije Miliyoni zirenga 128 zo gutera inkunga Akarere mu gikorwa cyo gushakira amacumbi...
Bamwe mu bagore bo mu karere ka Nyarugenge bihurije hamwe imbaraga bagoboka imiryango 20 yari ifite ikibazo cyo kubona ibyokurya nyuma y’ingamba zafashwe na Leta y’u Rwanda ko abantu bose baguma mu...
Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 ni yo imaze kuboneka mu byobo byamenyekanye ko byajugunywemo abantu mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Kagari ka...
Umusore usanzwe akora akazi ko gutwaza abantu imizigo no kuyipakira mu modoka zirangurira mu Mujjyi wa Kigali ku nyubako y’isoko rya Nyarugenge , yahanutse mu igorofa rya Kabiri,...
Nyirampakaniye Sperata, umubyeyi w’imyaka 54 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Ayabatanga, mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa Mageragere, Akarere ka Nyarugenge yishwe n’ingona yamufatiye ku ruzi rwa...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Madamu Kayisime Nzaramba yakiriye mu biro bye Bwana BUNANI Jean Claude wagaragaye mu mashusho ku mbuga nkoranyambaga ari gutabara umwana w’imyaka 6 witwa Gitego...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwasabye abakorera mu isoko rya Nyarugenge ryasubukuye imirimo kuri uyu wa Kane, kubahiriza ingamba zashyizweho zo kwirinda coronavirus kugirango icyatumye bafungirwa...
Inyandiko y’urukiko ivuga ko uwari ukuriye gereza ya Nyarugenge iri i Mageregere muri Kigali n’umwungirije, bafunzwe baregwa kwiba umwe mu bayifungiyemo ufite ubwenegihugu...
Kuri uyu wa gatatu, ku rukiko rwibanze rwa Nyarugenge hari hateganijwe kubera urubanza kw’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ubushinjacyaha buregamo Ngabo Richard [Kevin Kade] na Habimana...
Ubushinjacyaha bwasabye ko CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be bazahabwa gihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya Miyoni 2 ariko Twizere Amani Olivier we ntahabwe...