Itsinda ry’inzobere za ONU rivuga ko rifite “ibimenyetso bikomeye” ko ingabo z’u Rwanda zarwanye hamwe n’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bwa DR Congo zinabaha...
Urubyiruko rwo mu Mujyi wa Goma rubarizwa mu ishyaka rya Union Pour la Democratie et le Progres Social, UDPS riri ku butegetsi rwatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki 25 Nyakanga 2022 hari...
Igisirikare cya leta ya DR Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare batatu ba Tanzania bari mu ngabo za MONUSCO bakomeretse mu gihe M23 yateye ibirindiro byabo muri Rutshuru.
MONUSCO yemeje ko...
Ingabo za ONU muri Repubulika ya demokarasi ya Congo - MONUSCO zirahakana ibiherutse gutangazwa n’u Rwanda ruzishinja gukorana n’umutwe wa FDLR mu ntambara ingabo za leta ya Congo zirwana n’umutwe...
Umukuru w’agashami ka ONU gashinzwe uburenganzira bwa muntu yavuze ko ababajwe n’ubwicanyi bwiyongereye mu ntara ya Darfur ya Sudani, inyuma y’aho mu minsi ishize hiciwe abantu barenga...
Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) mu butumwa bw’icyumweru yagejeje ku bakozi bayo, bwavuze ko umutekano “ugenda...
Ku wa gatanu, tariki ya 9 Gashyantare, MONUSCO, yemeje ko yiyemeje gushyigikira FARDC mu kurinda umujyi wa Sake (Masisi) n’umujyi wa Goma kurwanya umutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi...
i Goma kuri uyu wa Gatatu habaye imyigaragambyo y’abaturage bamagana ubufatanye bwa FARDC na MONUSCO, aho bongeye gusaba izi ngabo za Loni kuva muri Congo ahubwo bagahamagarira FARDC kuva mu byo...
Umunyamabanga mukuru wa ONU, Antonio Guterres yavuze ko ibitero by’abarwanyi b’umutwe wa Hamas kuri Isiraheli bidasobanura “igihano rusange” ku banyepalestina kandi yahamagariye ihagarikwa...
Igisirikara cya Afurika y’Epfo cyahamagaje mu gihugu abasirikare bacyo umunani bashinjwa imyifatire mibi yo kujya mu buraya mu butumwa barimo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya...
Ingabo za Leta ya Congo FADC na MONUSCO biyemeje gukora iyo bwabaga ngo bahashye imitwe y’inyeshyamba ibarizwa mu burasirazuba bwa Congo, ikomeje kubica bigacika muri aka gace.
Ibi byabereye mu...
Kuri uyu wa Gatanu M23 yasohoye itangazo yamagana iperereza ryakozwe na Monusco,rishinja uyu uwo mutwe kwica abaturage mu gace ka Kishishe gaherereye i Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru.
Kuwa...
Amerika ivuga ko yemeranya n’inshuti zayo zo mu burengerazuba ko kuba Iran iha Uburusiya indege ntoya z’intambara zitarimo umupilote (drone) birenga ku bihano yafatiwe n’umuryango w’abibumbye...
Ishami rya ONU ryita ku mpunzi-UNHCR ryabwiye Urukiko Rukuru rw’Ubwongereza ko gahunda y’icyo gihugu yo kohereza bamwe mu basaba ubuhungiro mu Rwanda iciye ukubiri n’inshingano-remezo icyo gihugu...
Ababungabunga amahoro batawe muri yombi ku cyumweru kubera kurasa bakica abantu babiri mu mujyi wa Kasindi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo uri ku mupaka na Uganda ni Abanyatanzania, nkuko...
Abantu benshi babonetse mu myigaragambyo mu mujyi wa Goma bamagana ingabo za ONU ziri muri DR Congo abandi banaboneka bangiza kandi basahura ibiro byayo.
Iyi myigaragambyo yavuzweho mu mpera...
Imyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyuma yo kwamagana u Rwanda, ubu abaturage badukiriye Monusco, bavuga ko ntacyo ibamariye kuva yagera muri...
Umunyamabanga mukuru wa ONU António Guterres ntashyigikiye umugambi w’Ubwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda, umugambi na Danmark iri gutekereza gukora.
Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu rirasaba Ubwongereza guhagarika umugambi wo kohereza bamwe mu bimukira bari ku butaka bwabwo mu Rwanda.
Abacamanza bo mu rukiko rukuru rw’Umuryango w’Abibumbye bategetse nta n’umwe uvuyemo ko Israel ituma imfashanyo igera muri Gaza nta mbogamizi, mu rwego rwo kwirinda...
Perezida wa Republika ya Demokrasi ya Congo, Felix Tshisekedi,yanenze ingabo za MONUSCO zimaze imyaka irenga 20 muri icyo gihugu, "ariko zikaba zarananiwe kugarura amahoro mu burasirazuba bw’icyo...