Umunya Portugal,Cristiano Ronaldo yafashije Portugal kunganya n’Ubufaransa ibitego 2-2 mu mukino wa nyuma wo mu itsinda F rya Euro 2020 bituma anakora agahigo ko kuba umukinnyi watsindiye ibitego...
Abakinnyi 10 bari mu ikipe ya Portugal yatwaye Euro ya 2016,ntibahamagawe n’umutoza Fernando Santos ubwo yatangazaga 23 azitabaza mu gikombe cy’isi kigiye kubera mu...
Mu mukino w’itsinda B wahuje ikipe ya Portugal na Espagne,warangiye amakipe yombi anganyije ibitego 3-3,Cristiano Ronaldo ataha aririmbwa n’abakunzi ba ruhago kubera ukuntu yigaragaje muri uyu...
The Euro 2020 group stage ends on Wednesday with crucial matches in the Group of Death. European champions Portugal face world champions France to get qualified for the knock-out stage, since...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yakuye imitima abafana b’ikipe y’igihugu cya Portugal ubwo yabazwaga niba ateganya gusezera mu ikipe ya Portugal ntabihakane cyangwa ngo abyemeze ahubwo agashyira...
Umugore w’umunyezamu Rui Patricio w’ikipe y’igihugu ya Portugal witwa Vera Ribeiro,yagiriye inama umugabo we na bagenzi be barimo na Cristiano Ronaldo ko bagomba kujya bikinisha mbere ya buri mukino...
Ikipe ya Espagne n’iya Portugal zinaniwe gutsinda imikino yazo ya nyuma ndetse zinganya ku kaburembe nubwo zibashije kugera mu mikino ya 1/16 cy’irangiza cy’igikombe...
Ikipe ya Portugal yatwaye Euro 2016 yasezerewe muri 1/16 cy’irushanwa ry’uyu mwaka n’Ububiligi itsinzwe igitego 1-0, mu gihe n’Ubuholandi bwasezerewe muri iki cyiciro na Czech Republic kuri iki...
Mu gihugu cya Portugal abantu 12 bahitanywe n’impanuka y’igiti yabaye ubwo bari mu birori byo kwizihiza ijyanwa mu ijuru rya Bikira Maria(Asomusiyo) ku munsi w’ejo tariki ya 15 Kanama 2017....
Umuhanga wanditse amateka muri ruhago y’Isi Cristiano Ronaldo yashyizeho agahigo ko kuba umukinnyi ukiniye imikino myinshi ikipe y’igihugu ya Portugal ari naho avuka abihererwa igihembo.
Kuri...
Mu mukino warimo amayeri menshi,ikipe ya Portugal yatsinze Ghana ibitego 3-2 bifasha Ronaldo gukora agahigo ko kuba umukinnyi utsinze igitego mu bikombe bitanu by’isi.
Cristiano Ronaldo yabaye...
Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Zanoco FC yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa agiye kurushinga n’inkumi yo muri Portugal aho yamaze no gufata irembo.
Umukino wa nyuma wa Champions League hagati ya Chelsea na Manchester City wo ku itariki ya 29 y’uku kwezi kwa gatanu uzabera muri Portugal, abafana 6,000 kuri buri ruhande bemerewe kujya...
Kizigenza Cristiano Ronaldo yaciye amarenga ko ashobora kuba agiye gusezera mu ikipe ya Portugal nyuma y’aho inzozi amaranye imyaka myinshi zo gutwara igikombe cy’isi ziyoyotse.
Kuwa Gatandatu...
Inzozi za Cristiano Ronaldo zo gutwara igikombe cy’isi zaraye zirangiye,nyuma y’uko Portugal isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’isi na Maroc itahabwaga amahirwe.
Uyu kizigenza yabanje ku ntebe...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo ari mu bakinnyi 26 bahamagawe mu ikipe ya Portugal izakina igikombe cy’isi cya 2022 kibura iminsi ngo gitangire muri Qatar.
Uyu mukinyi w’imyaka...
Ikipe ya Portugal yabaye ikipe ya mbere ye gukanye igikombe cya Euro Nations League giheruka gutangizwa na UEFA mu rwego rwo kongerera imikino amakipe y’ibihugu I Burayi aho yatsinze igitego 1-0...
Umukinnyi wa Filimi witwa Paula Labaredas yashyize hanze amafoto akurura abagabo yambaye utwenda tw’imbere dusa n’imyenda y’ikipe y’igihugu ya Portugal mu rwego rwo kureshya Cristiano Ronaldo na...
Ikinyamakuru Record cyo muri Portugal, cyatangaje ko Ronaldo yabwiye umutoza mukuru Fernando Santos ko ashobora kuva muri Qatar nyuma yo kumenya ko arabanza ku ntebe y’abasimbura bakina...
Umutoza wa AS Roma Jose Mourinho uri gukora ubusesenguzi ku mikino ya Euro 2020,yatangaje ko Portugal iri gukina ari abakinnyi 10 gusa, kuko Fernandes ari mu kibuga ariko adakina.
Bruno...
Umunya Portugal, Bruno Fernandes ukinira ikipe ya Manchester United yatangaje ko mugenzi we bakinana mu ikipe y’igihugu,Cristiano Ronaldo atajya asimbuka nk’abandi bakinnyi ahubwo...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yatunguye abakobwa bakina mu ikipe ya Portugal y’abatarengeje imyaka 17 abagenera impano y’inkweto zo gukinana kuri wese ndetse abandikira ibaruwa irimo...
Umushumba wa kiriziya gatorika, Papa Fransisiko, yageze mu gihugu cya Portugali kuri uyu wa gatatu mu ruzinduko rw’iminsi itanu, kwizihiza umunsi w’urubyiruko...