Biravugwa ko Aime Bluestone ashobora gusimbura Safi muri Urban boys
Ibyiyumviro by’abafana ku gutandukana kwa Urban boys
Abenshi ntibifuza kubona Urban boys itandukana
Ubunshuti bwa Nizzo na...
Humble Jizzo wa Urban Boys yasobanuye byimbitse ibyaranze itsinda rya Urban Boys kuva mu myaka irenga icumi bamaranye; Humble yaranzwe n’amarira menshi mu gusobanura ikibazo kiri mu Urban Boys;...
Kuri iki cyumweru Urban Boys yanenzwe n’abafana bayo nyuma yo gusohoka mu kabyiniro aho bari bagiye kwerekana amashusho yabo kubera ko bahahuriye n’umuhanzi ukizamuka nawe wari uje kwereka abafana...
Umukino wo kwishyura wa ½ cy’igikombe cy’igihugu cya Turkiya wahuzaga Beskitas na Fenerbahce wasubitswe kubera ko abafana ba Fenerbahce yari mu rugo bateye ikintu umutoza Senol Gunes wa Beskitas mu...
Nshimiyimana Muhammed wamamye nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko we na Humble Jizzo barambiwe by’ikirenga imyitwarire ya Safi Niyibikora Madiba akomeje kugaragaza, ngo...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ugushyingo 2017, amateka mashya aranditswe!Itsinda rya Urban Boys rigiye gukomeza urugendo rwa muzika ari babiri aho kuba batatu nk’uko byari bisanzwe ni nyuma...
Umuhanzikazi Robyn Fenty Rihanna, yagizwe intwari y’igihugu cye cya Barbados mu muhango ukomeye iki gihugu cyakoze wo gukuraho Umwamikazi Elizabeth II kigahinduka repubulika nshya ku...
Uwari umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga mu ishyaka Alliance for National Transformation (ANT) ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Barbara Allimadi, yasanzwe yapfiriye mu rugo rwe...
Umuyobozi wa Televiziyo y’u Rwanda, Munyangeyo Dieudonné Kennedy, yatanze umucyo ku kibazo kiri hagati ya RBA na Rwanda Premier League ku busabe bwo kwerekana Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu...
Abantu bagera hafi ku 100, barimo n’abaturage b’abasivile, ni bo bamaze gupfira mu mirwano ikomeje kuba hagati y’ingabo za Armenia n’iza Azerbaijan zipfa akarere ka...
Mu mukino w’ishyiraniro wahuje amakipe abiri ahangana yo mu mujyi wa Istanbul ariyo Galatasaray na Fenerbahce,warangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2,ariko intambara yakurikiye uyu mukino niyo...
Umuyobozi wa Rwanda Premier League,Hadji Mudaheranwa, yavuze ko nta gihindutse, iki cyumweru kirarangira bamaze kumvikana na RBA, ku masezerano yo kwerekana shampiyona y’u...
Amasezerano hagati ya Rwanda Premier League na RBA ashobora kudasinywa nkuko byari biteganyijwe, bamwe mu banyamuryango ntabwo babyumva kuko Frw 280m barasanga ari make...
Babinyujije kuri ku rukuta rwa Instagram rwa Humble Jizzo ,bamwe bagize bati” "Muve mu byo murimo muduhe umuziki kubera ko mwaradutereranye ndetse nta n’ahantu hagaragara mwadusize ku buryo muzaza...