Umukarani w’ibarura yashumurijwe imbwa n’umuturage wo mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo aho yari ageze ku rugo rw’ uwitwa Kanani aho bari baje kumubarura mu Ibarura Rusange ry’abaturage...
Prof. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko...
Umwana witwa Mugisha Happy w’imyaka 9 wigaga ku kigo cy’amashuri abanza cy’Intwari giherereye mu murenge wa Rwezamenyo mu karere ka Nyarugenge,yatwawe na ruhurura ubwo yari kumwe na mugenzi we...
Umunyarwanda Rurangwa Oswald wirukanwe ku butaka bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika kubera uruhare yagize muri jenoside yakorewe abatutsi,yagejejwe mu Rwanda.
Burya koko nkuko bikunzwe kuvugwa, buri kintu n’umumaro wacyo, no mu rukundo byavugwa ko rufite icyo rushingiyeho, kuko hari icyagutera gukunda umuntu runaka, ariko kenshi ku bakundana cyangwa...
Ku wa Gatanu taliki ya 19 Gashyantare 2021, Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) rwatangarije abakora ubucuruzi bwo kuri interineti banatanga serivisi zo kugeza ibicuruzwa ku baguzi...
Umudepite akaba n’umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (The Democratic Green Party of Rwanda), Dr Habineza Frank, yatangaje ko anenga RURA mu kugena ibiciro...
Kuwa Mbere w’iki cyumweru nibwo hatangiye umuganda wo gushaka imibiri y’Abatutsi yajugunywe mu cyuzi cya Ruramira giherereye mu karere ka Kayonza nyuma y’aho imirimo yo kugikamisha yari imaze...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Mata 2020, mu murenge wa Ruramira wo mu karere ka Kayonza habaye igikorwa cyo gushakisha imibiri y’abatutsi yajugunywe mu cyuzi cya Ruramira, hakaba habonetse...
Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize ku wa 16 Ugushyingo 2019, umuryango w’abibumbye wambitse imidari y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda 428 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro...
RURA yatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli kizatangira kubahirizwa ku wa Kane, tariki ya 7 Mutarama 2021 aho cyiyongereye ugereranyije n’igiheruka gushyirwaho kuwa 03 Ugushyingo...