skol
Kigali

Search: RURA (5878)

Byinshi wamenya ku ibarura rusange rya 5 rigiye kuba mu Rwanda

U Rwanda ruri kwitegura ibarura rusange rya 5 ry’abaturage n’imiturire nyuma y’Amabarura yo muri 1978, 1991 na 2002,2012 n’umwaka utaha rizamara iminsi 15(16-30 Kanama 2022). Buri myaka icumi, mu...
23 September 2021 8590 0

Gasabo: Umuturage arashinjwa gushumuriza imbwa umukarani w’ibarura

Umukarani w’ibarura yashumurijwe imbwa n’umuturage wo mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo aho yari ageze ku rugo rw’ uwitwa Kanani aho bari baje kumubarura mu Ibarura Rusange ry’abaturage...
23 August 2022 2138 0

Ngoma: Prof. Karuranga yagizwe umwere ku byaha byo "guhombya" Kaminuza ya INATEK yari ayoboye

Prof. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko...
18 April 2021 3555 0

RURA yamaze guhindura ibiciro by’ingendo byari bibangamiye cyane Abanyarwanda

Urwengo ngenzuramikorere [RURA] rwamaze guhagarika ibiciro by’ingendo byari bimaze igihe bibangamira abanyarwanda kubera ko byari hejuru cyane kandi benshi baragizweho ingaruka na...
21 October 2020 10340 0

Nyarugenge:Umwana w’imyaka 9 yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa na ruhurura avuye ku ishuri

Umwana witwa Mugisha Happy w’imyaka 9 wigaga ku kigo cy’amashuri abanza cy’Intwari giherereye mu murenge wa Rwezamenyo mu karere ka Nyarugenge,yatwawe na ruhurura ubwo yari kumwe na mugenzi we...
12 March 2020 4778 0

Rurangwa Oswald wahamijwe ibyaha bya jenoside yagejejwe mu Rwanda [Yavuguruwe]

Umunyarwanda Rurangwa Oswald wirukanwe ku butaka bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika kubera uruhare yagize muri jenoside yakorewe abatutsi,yagejejwe mu Rwanda.
7 October 2021 1823 0

Reba ibice 10 by’umubiri ku mukobwa bikurura abagabo bigatuma amarangamutima yabo adasanzwe azamuka

Burya koko nkuko bikunzwe kuvugwa, buri kintu n’umumaro wacyo, no mu rukundo byavugwa ko rufite icyo rushingiyeho, kuko hari icyagutera gukunda umuntu runaka, ariko kenshi ku bakundana cyangwa...
22 May 2020 8857 0

NISR yasohoye amatariki ibarura rusange rya 5 ry’abaturage n’imiturire rizakorerwaho

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyasohoye amatariki y’ingenzi ibarura rusange rya 5 ry’abaturage n’imiturire rizakorerwaho, aho rizatangira tariki ya 14 kugera kuri 30 Kanama 2022 ndetse...
14 March 2022 1636 0

US: Umugore wari muri siporo y’igare ikirura cyamukuye mu ihema kiramwica

Abakozi muri Amerika bari guhiga ikirura cyishe umugore muri leta ya Montana nyuma y’uko kimusohoye mu ihema yari akambitsemo hagati mu ijoro.
9 July 2021 2075 0

Abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti baciwe intege n’amafaranga byavuzwe ko azajya asabwa na...

Ku wa Gatanu taliki ya 19 Gashyantare 2021, Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) rwatangarije abakora ubucuruzi bwo kuri interineti banatanga serivisi zo kugeza ibicuruzwa ku baguzi...
23 February 2021 1299 0

RURA yanze kuva ku izima yemeza ko itari bugabanye ibiciro by’ingendo

Umuyobozi wa RURA, Lt Col Patrick Nyirishema yavuze ko barakomeza gukora n’izindi nzego harebwa ubundi buryo abaturage bakoroherezwa, gusa ngo ibiciro ntibigiye...
18 October 2020 5652 0

Abagore babiri bahataniye ikamba ry’umubyeyi ukurura abagabo bashyize hanze amafoto akurura abagabo...

Umugore w’umwongereza witwa Carrie Hilton w’imyaka 36 n’umunya Australia witwa Gina Stewart w’imyaka 47 bahanganye karahava,bashyira amafoto akurura abagabo ku mbuga nkoranyambaga zabo, buri umwe...
3 June 2018 5016 0

Radio Ubuntu Butangaje mu bujurire yatsinzwe mu rubanza yaregagamo RURA na RMC

Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ikirego Umuyobozi wa Radio Amazing Grace(Radio Ubuntu butangaje), Gregg SchooF, yarezemo Urwego Ngenzuramikorere (RURA) ndetse n’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura...
28 May 2019 833 0

Ingabire Marie Immaculée yavuze uburyo ngo bititondewe RURA ishobora kuzasenya leta y’u Rwanda

Ingabire Marie Immaculée, umuyobozi uhagarariye Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (Transparent International) mu Rwanda, yagaragaje impungenge abona k’ Urwego rw’Igihugu...
19 October 2020 7212 0

RURA yanyomoje amakuru avuga ko ibiciro by’ ingendo byagabanyijwe

Ikigo cy’ igihugu ngenzura mikorere RURA cyamaganye amakuru yiriwe acicikaka muri ku mbugankoranyambaga avuga ko ibiciro by’ ingendo mu mugi wa Kigali, n’ ingendo zerekeza mu ntara byagabanyijwe....
6 March 2018 2651 0

Depite Dr Habineza Frank yasabye RURA kugabanya ibiciro by’ingendo mu kurengera rubanda

Umudepite akaba n’umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (The Democratic Green Party of Rwanda), Dr Habineza Frank, yatangaje ko anenga RURA mu kugena ibiciro...
18 October 2020 2009 0

Dore uko ibice by’umubiri w’umukobwa / umugore bigenda birushanya ububasha mu gukurura abagabo cyane

Ibi ni byo bice by’umubiri ku mukobwa bishobora gukurura abagabo bigatuma amarangamutima yabo azamuka bakaba banabibagaragariza mu ruhame.
7 September 2018 5793 0

Abadepite babona RURA nk’ikigo gikura gisubira inyuma mu mikorere

Depite Mukabalisa Germaine uri mu bagize Komisiyo ishinzwe gukirikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu, PAC, yagaragaje agahinda k’abagenda na bisi muri Kigali, aho yavuze ko inzego...
21 September 2023 412 0

Mu Rwanda hatangiye ibarura rusange rya 5 ry’abaturage

Buri myaka icumi, mu Rwanda hakorwa iri barura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire (Population and Housing Census, PHC); aho hakusanya amakuru atandukanye afasha igihugu mu igenamigambi nko kumenya...
16 August 2022 127 0

Depite Dr. Frank Habineza yasabye abayobozi ba RURA kwegura niba badashoboye gukorera abanyarwanda

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umudepite,Dr.Frank Habineza yasabye Urwego ngenzuramikorere kwegura niba rudashoboye gukorera...
19 October 2020 10203 0

Kayonza: Mu cyuzi cya Ruramira hamaze kuboneka imibiri 83 y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi

Kuwa Mbere w’iki cyumweru nibwo hatangiye umuganda wo gushaka imibiri y’Abatutsi yajugunywe mu cyuzi cya Ruramira giherereye mu karere ka Kayonza nyuma y’aho imirimo yo kugikamisha yari imaze...
10 April 2020 708 0

Kayonza: Habonetse imibiri 15 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yajugunywe mu cyuzi cya Ruramira

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Mata 2020, mu murenge wa Ruramira wo mu karere ka Kayonza habaye igikorwa cyo gushakisha imibiri y’abatutsi yajugunywe mu cyuzi cya Ruramira, hakaba habonetse...
6 April 2020 2192 0

Kayonza:Icyuzi cya Ruramira kiri hafi gukamishwa kugira ngo hashakishwe imibiri y’abazize Jenoside yajugunywemo...

Icyuzi cya Ruramira giherereye mu murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza,mu minsi itatu kiraba cyakamijwe kugira ngo hashakishwe imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi...
31 March 2020 4863 0

Mtn iri kwiga ku kibazo cy’amande angana na Miliyoni 8.5 z’amadorali baciwe na RURA

Sosiyete y’itumanaho MTN Rwanda yatangaje ko iri kwiga ku butumwa yohererejwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) bwo kuyimenyesha ko iciwe amande ya...
18 May 2017 1393 0

Abapolisi b’u Rwanda bambikiwe imidali y’ishimwe muri Centrafrica

Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize ku wa 16 Ugushyingo 2019, umuryango w’abibumbye wambitse imidari y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda 428 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro...
18 November 2019 662 0

Ikibazo cy’ubucye bw’imodoka zitwara abagenzi muri Kigali cyongeye gukurura impaka

Ikibazo cy’ubucye bw’imodoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali cyongeye gukurura impaka nyuma y’uko hashize igihe iki kibazo kimenyekanye ariko ntihagire impinduka...
25 July 2022 1860 0

Abarimu ibihumbi 28 bazakoresha ikoranabuhanga mu gukora ibarura rusange rya Gatanu

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) gitangaza ko kigeze ku musozo w’imyiteguro y’Ibarura rusange rya Gatanu ry’abaturage n’imiturire, rizakorwa tariki 16 Kanama muri uyu mwaka wa 2022,...
6 January 2022 5072 0

RURA yahaye igihe ntarengwa MTN Rwandacell cyo gukemura ibibazo biri muri serivisi itanga

Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) rwahaye MTN Rwanda Cell Plc igihe ntarengwa cyo kuba yamaze gukemura ibibazo byose biri muri serivisi z’itumanaho itanga, bitabaye ibyo ikazafatirwa...
23 August 2021 1667 0

RURA yatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli cyazamutse

RURA yatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli kizatangira kubahirizwa ku wa Kane, tariki ya 7 Mutarama 2021 aho cyiyongereye ugereranyije n’igiheruka gushyirwaho kuwa 03 Ugushyingo...
6 January 2021 2149 0

RURA yahaye gasopo Airtel Rwanda yashinjwe gukora amatangazo yibasira MTN Rwanda

Nyuma y’amatangazo Airtel Rwanda yari imaze iminsi ikora akangurira abantu kuva ku giti bakayigana,Urwego ngenzuramikorere [RURA]rwayitegetse kumanura ibyapa bitandukanye bigaragaza umuntu wambaye...
15 December 2020 5425 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 5850