Sadate Munyakazi wigeze kuyobora Rayon Sport akavaho mu buryo bugoranye RGB igombye kuhagoboka yatangarije Umuryango ko ateganya kurega Radio na Tv10 n’umunyamakuru Sam Karenzi nyuma y’iterana...
Umunyamakuru w’imikino, Sam Karenzi umaze iminsi mike atangiye akazi kuri radio Fine Fm ivugira kuri 93.1 FM, yahise agirwa Umuyobozi wayo nk’uko byari bimeze kuri Radio10 yavuyeho mu minsi...
Ku itariki nk’iyi nibwo hatangajwe inkuru y’akababaro y’uko Shyaka Claver yitabye Imana, ni kimwe mu bbyaranze uyu munsi mu mateka.
Turi ku wa Gatandatu tariki ya 12 Kanama, ni umunsi wa 224 mu...
Umunyamakuru w’imikino kuri Radio10, Horaho Axel, yambitse impeta umukunzi we Masera Nicole bitegura kurushinga mu muhango wabaye kuri iki Cyumweru tariki 14 Werurwe...
Mutuyeyezu Oswald umaze igihe atumvikana kuri radiyo yari asanzwe akoraho yatangaje ko ubwumvikane buke n’ubuyobozi bwa City radio aribwo bwatumye asezera kuri iyi radiyo yerekeza kuri Radio10 na...
Umunyamakuru w’imikino ukunzwe cyane mu kogeza imipira yok u mugabane w’I Burayi kuri Radio10,Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi yamaze gutangaza amatariki y’ubukwe bwe n’umukunzi we Delphine...
Umunyamakuru Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi ukundwa na benshi mu kogeza imipira yo ku mugabane w’I Burayi kuri Radio10,yagiye gusoreza ukwezi kwa buki mu mujyi wa Dubai we n’umufasha we...
Umunyamakuru Kwizigira Jean Claude ukora ibiganiro byibanda cyane ku makuru y’imikino kuri Radio na Televiziyo by’u Rwanda yakoye anasaba umukunzi we bamaze imyaka 15 bakundana mu muhango waranzwe...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu abaturage bavuga ko imisoro n’amahoro biri hejuru, bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko barembejwe n’ushinzwe isuku mu isoko kuko abazanye imyaka...
Abaturage bo mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza baravuga ko kutagira irimbi rusange bituma abatishoboye bashyingura mu ngo zabo kandi ubutaka ari butoya, bagasaba bakwiye gushakirwa irimbi...
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma Louise Mushikiwabo, yatangaje ko Dr.Raymond Dusabe azahabwa ubutabera kandi ko nta sano urupfu rwe rufitanye na...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23,Jimmy Mulisa yasabye imbabazi abakunzi ba Kiyovu Sports na Kirehe FC kubera amagambo yavuze ku bakinnyi bayo nyuma yo kunganya 0-0 na RDC ku munsi...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu gahinda kenshi yatewe na CAF yayiciye akayabo k’ibihumbi 160 by’amadolari y’Amerika kubera kunanirwa kubona televiziyo yo kwerekana imikino y’amatsinda ndetse na ¼ cya...
Ubwo habaga umukino wa nyuma wa Champions League wahuzaga Liverpool na Tottenham , Umunyamakuru w’imikino kuri RadioTv10 Hagenimana Benjamin (Gicumbi) ubwo yari mukazi yogeza uyu mukino yatunguwe...
Umunyamakuru ukundwa na benshi mu kogeza imipira yo ku mugabane w’I Burayi kuri Radio 10, Hagenimana Benjamin, uzwi ku izina rya Gicumbi,yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Ingabire Delphine...
Guverinamo y’u Rwanda yatesheje agaciro itangazo rya leta ya uganda rivuga ko u Rwanda rwakoresheje imbaraga z’umurengera mu gukumira Abagande bambukanaga magendu bayizana mu Rwanda. U Rwanda kandi...
Nyuma y’iminsi baterana amagambo,umuyobozi wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles n’umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate bagaragaye bari gusangira ndetse banishimye...
Umunyamakuru Horaho Axel uzwi mu kiganiro "Urukiko rw’Imikino"kuri Radio 10 aho aba ameze nk’umusangiza w’amagambo, yasezeranye n’umukunzi we Masera Nicole imbere y’amategeko kuri uyu wa Kane tariki...
Ikiganiro cy’imikino kuri Radio 10 kizwi ku izina "URUKIKO" cyamaze kugabanyirizwa imbaraga kuko abagikoraga iyi Radio yabatandukanyije kubera ko ngo batangaza amakuru atashimishaga benshi barimo...