skol
Kigali

Search: Radio10 (39)

Fuade uzwi nka ‘Papa w’abatoto’ kuri Radio10 yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ingabire

Uwihanganye Fuade yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ingabire Bilha bari bamaze igihe bari mu rukundo.
8 October 2018 2497 0

Sadate Munyakazi avuga ko agiye kurega Sam Karenzi na Radio10

Sadate Munyakazi wigeze kuyobora Rayon Sport akavaho mu buryo bugoranye RGB igombye kuhagoboka yatangarije Umuryango ko ateganya kurega Radio na Tv10 n’umunyamakuru Sam Karenzi nyuma y’iterana...
21 November 2020 3081 0

Sam Karenzi yahawe imirimo ikomeye kuri Fine FM

Umunyamakuru w’imikino, Sam Karenzi umaze iminsi mike atangiye akazi kuri radio Fine Fm ivugira kuri 93.1 FM, yahise agirwa Umuyobozi wayo nk’uko byari bimeze kuri Radio10 yavuyeho mu minsi...
6 October 2021 1825 0

Ibyaranze tariki 12 Kanama harimo urupfu rw’ Umunyamakuru Shyaka Clever

Ku itariki nk’iyi nibwo hatangajwe inkuru y’akababaro y’uko Shyaka Claver yitabye Imana, ni kimwe mu bbyaranze uyu munsi mu mateka. Turi ku wa Gatandatu tariki ya 12 Kanama, ni umunsi wa 224 mu...
12 August 2017 1516 0

Axel Horaho yambitse impeta umukunzi we bagiye kurushinga [AMAFOTO]

Umunyamakuru w’imikino kuri Radio10, Horaho Axel, yambitse impeta umukunzi we Masera Nicole bitegura kurushinga mu muhango wabaye kuri iki Cyumweru tariki 14 Werurwe...
14 March 2021 2259 0

Bidasubirwaho Oswald na Ramesh bamaze kuva kuri City Radio kubera ubwumvikane bucye n’ubuyobozi

Mutuyeyezu Oswald umaze igihe atumvikana kuri radiyo yari asanzwe akoraho yatangaje ko ubwumvikane buke n’ubuyobozi bwa City radio aribwo bwatumye asezera kuri iyi radiyo yerekeza kuri Radio10 na...
25 August 2018 7639 0

Ikiganiro "Urukiko” cyakunzwe na benshi kimuriwe kuyindi radiyo

Ikiganiro cy’imikino cyari kimenyerewe kuri Radio 10 kizwi ku izina "URUKIKO" kigiye gukorera kuri Fine FM aho biteganyijwe no gutwara izina ryacyo.
11 September 2021 2449 0

Umunyamakuru w’imikino uzwi nka Gicumbi yatangaje igihe azashingira urugo [AMAFOTO]

Umunyamakuru w’imikino ukunzwe cyane mu kogeza imipira yok u mugabane w’I Burayi kuri Radio10,Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi yamaze gutangaza amatariki y’ubukwe bwe n’umukunzi we Delphine...
21 April 2019 5574 0

Umunyamakuru Gicumbi n’umufasha we bagiye kurira ukwezi kwa buki I Dubai [AMAFOTO]

Umunyamakuru Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi ukundwa na benshi mu kogeza imipira yo ku mugabane w’I Burayi kuri Radio10,yagiye gusoreza ukwezi kwa buki mu mujyi wa Dubai we n’umufasha we...
7 August 2019 7454 0

Ishimwe Adelaide witabiriye Miss Rwanda yerekeje mu itangazamakuru

Ishimwe Muhayimpundu Adelaide witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 ahagarariye Intara yerekeje mu mwuga w’itangazamakuru ry’Imikino.
26 October 2022 1132 0

Hashize imyaka 10 ’Shyaka Clever’ wamenyekanye mu biganiro bya siporo yitabye Imana[IBYO WAMENYA KURI...

Hari tariki ya 12 Kanama 2010 mu buryo butunguranye Shyaka Claver yitabye Imana, ni inkuru yahungabanyije cyane abakunzi ba Sports.
12 August 2020 2907 0

Sam Karenzi yavuze uko yahohotewe n’Umunya-Nigeria akagomba kwitabaza inzego z’umutekano

Umunyamakuru w’imikino, Sam Karenzi yatangaje uburyo aherutse gusagarirwa n’umugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria yamwitambitse akagomba guhamagaza Polisi kugira ngo abashe kubona inzira yo...
1 November 2021 1993 0

Impapuro z’ubutumire mu bukwe bwa Gentil Gedeon zageze hanze

Umunyamakuru Gentil Gedeon azasezerana imbere y’Imana n’umukunzi we Maniraho Irakoze Ritha Taliki ya 08 Nzeli 2018 .
6 September 2018 3797 0

Amarira y’ ibinezaneza ubwo umunyamakuru wa RBA yakwaga umukobwa bakundanye imyaka 15

Umunyamakuru Kwizigira Jean Claude ukora ibiganiro byibanda cyane ku makuru y’imikino kuri Radio na Televiziyo by’u Rwanda yakoye anasaba umukunzi we bamaze imyaka 15 bakundana mu muhango waranzwe...
22 July 2018 15911 0

Rubavu: Umugabo yatangaje ko amaze kurya imbwa 32

Mu gace kitwa Ubugoyi (Rubavu) abahatuye bavuga ko bamaze igihe barya inyama ry’itungo ririnda urugo, kandi ngo nyuma yo kuzirya bemeza ko inyama zaryo zifite ibanga. Dr Bitwayiki inzobere mu...
11 October 2018 2220 0

Nyaruguru: ’Ruduri’ yaka abaturage imyaka bajyanye mu isoko

Mu gihe hirya no hino mu gihugu abaturage bavuga ko imisoro n’amahoro biri hejuru, bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko barembejwe n’ushinzwe isuku mu isoko kuko abazanye imyaka...
18 July 2018 1968 0

Nyanza: Bakora urugendo rurerure bajya gushyingura ababo bitabye Imana

Abaturage bo mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza baravuga ko kutagira irimbi rusange bituma abatishoboye bashyingura mu ngo zabo kandi ubutaka ari butoya, bagasaba bakwiye gushakirwa irimbi...
3 May 2018 714 0

Min.Mushikiwabo avuga ko urupfu rwa Dr. Dusabe nta mvano rufitanye na Politiki

Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma Louise Mushikiwabo, yatangaje ko Dr.Raymond Dusabe azahabwa ubutabera kandi ko nta sano urupfu rwe rufitanye na...
11 January 2018 1019 0

Dr Kayumba asanga Perezida Nkurunziza nyuma y’ iyi manda aziyongeza ebyiri

Umusesenguzi akaba n’ impuguke muri politiki Dr Kayumba Christopher yagaragaraje umuzi wo kuba kuvugurura itegeko nshinga muri Afurika biteza ikibazo gikomeye. Yanagaragaje ko aho bigana Perezida...
29 October 2017 3595 0

Jimmy Mulisa yasabye imbabazi kubera ibyo yavuze kuri Kiyovu Sports na Kirehe FC

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23,Jimmy Mulisa yasabye imbabazi abakunzi ba Kiyovu Sports na Kirehe FC kubera amagambo yavuze ku bakinnyi bayo nyuma yo kunganya 0-0 na RDC ku munsi...
15 November 2018 2497 0

Rayon Sports yaciwe amafaranga menshi na CAF kubera kubura TV yerekana imikino muri CAF Confederations...

Ikipe ya Rayon Sports iri mu gahinda kenshi yatewe na CAF yayiciye akayabo k’ibihumbi 160 by’amadolari y’Amerika kubera kunanirwa kubona televiziyo yo kwerekana imikino y’amatsinda ndetse na ¼ cya...
31 January 2019 5994 0

Bwa mbere Haruna yahishuye icyo yapfuye n’umutoza w’Amavubi

Haruna Niyonzima, ukinira Al Ta’awon yo muri Libya akaba na Kapiteni w’Amavubi, yatangaje ko inama yagiriye Carlos Ferrer wari Umutoza w’Ikipe y’Igihugu yabyaye inzigo hagati yabo byatumye uyu...
18 August 2023 453 0

"Ntimukangereranye na Amiss Cedric ntitugereranywa." Nahimana Shassir

Umukinnyi mpuzamahanga w’Umurundi ukinira ikipe ya Rayon Sports, Nahimana Shassir, yabujije abantu kumugereranya na Amiss Cedric nawe w’Umurundi avuga ko ntaho bahuriye. Ngo Cedric yakoze byinshi...
27 December 2016 2228 0

Haruna Niyonzima yavuze uburyo Mazimpaka umuzamu wa Rayon Sports akwiye gusaba imbabazi Migi kapiteni wa APR FC kubera...

Haruna Niyonzima ugifatwa nka Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, asanga Mazimpaka Andre ukinira ikipe ya Rayon Sports akwiye gusaba imbabazi Mugiraneza Jean Baptiste Migi usanzwe ari Kapiteni wa...
3 May 2019 5696 0

Benjamin Gicumbi wogeza umupira w’amaguru umukunzi we bagiye kurushinga yamutunguye ubwo yararimo kogeza...

Ubwo habaga umukino wa nyuma wa Champions League wahuzaga Liverpool na Tottenham , Umunyamakuru w’imikino kuri RadioTv10 Hagenimana Benjamin (Gicumbi) ubwo yari mukazi yogeza uyu mukino yatunguwe...
2 June 2019 5979 0

Umunyamakuru w’imikino Benjamin uzwi nka Gicumbi yarahiriye kubana akaramata na mugenzi we bakorana Ingabire Delphine...

Umunyamakuru ukundwa na benshi mu kogeza imipira yo ku mugabane w’I Burayi kuri Radio 10, Hagenimana Benjamin, uzwi ku izina rya Gicumbi,yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Ingabire Delphine...
19 July 2019 6218 0

U Rwanda rwatesheje agaciro itangazo rya Leta ya Uganda rivuga ku bagande baheruka kurasarwa n’abashinzwe umutekano w’u...

Guverinamo y’u Rwanda yatesheje agaciro itangazo rya leta ya uganda rivuga ko u Rwanda rwakoresheje imbaraga z’umurengera mu gukumira Abagande bambukanaga magendu bayizana mu Rwanda. U Rwanda kandi...
15 November 2019 3553 0

Ifoto y’umunsi: KNC na Sadate basangiye nyuma y’iminsi baterana amagambo

Nyuma y’iminsi baterana amagambo,umuyobozi wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles n’umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate bagaragaye bari gusangira ndetse banishimye...
3 July 2020 5289 0

Umunyamakuru Horaho Axel waherukaga kwambika impeta umukunzi we bahise basezerana [AMAFOTO]

Umunyamakuru Horaho Axel uzwi mu kiganiro "Urukiko rw’Imikino"kuri Radio 10 aho aba ameze nk’umusangiza w’amagambo, yasezeranye n’umukunzi we Masera Nicole imbere y’amategeko kuri uyu wa Kane tariki...
18 March 2021 2224 0

Ikiganiro cy’imikino "Urukiko" cyakundwaga na benshi mu Rwanda kiri mu marembera

Ikiganiro cy’imikino kuri Radio 10 kizwi ku izina "URUKIKO" cyamaze kugabanyirizwa imbaraga kuko abagikoraga iyi Radio yabatandukanyije kubera ko ngo batangaza amakuru atashimishaga benshi barimo...
4 June 2021 3090 0
0 | 30