Bamwe mu baturage bari mu gare ya Remera mu karere ka Kicukiro baravuga ko batishimiye uburyo babuze imodoka zo kubatwara mu byerekezo byajyagamo, ngo kubera ko ari sositeye zitandukanye bahisemo...
Abahahira n’abakorera mu isoko rya Nyirabisekuro riherereye mu murenge wa Remera ho mu karere ka Musanze, bavuga ko hashize imyaka irenga 60 iri soko riharemera, gusa ngo babangamirwa n’imiterere...
Mu ijoro ryo kuwa 6 rishyira uwa 7 Mata, ku isaha ya saa saba n’iminota 10 z’igicuku, nibwo mu Murenge wa Remera, mu Kagari ka Nyabisindu habayeho ubugizi bwa nabi bwari bugamije kugirira nabi...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo w’ikipe ya Juventus,yanditse asa n’utebya ko yifuza ko Floyd Mayweather amuremera akamuha imwe mu modoka yo mu bwoko bwa Bugatti...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 12/6/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka burimo...
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 19 Kamena 2021 Abanyamuryango ba RPF Bibungo ho mu murenge wa Kanyinya bunamiye abazize Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994, igikorwa cyabereye ku rwibutso rwa...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 25/02/2021 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ikibanza kirimo...
Umusore uri mukigero cy’ imyaka 28 ukora umurimo wo gucuruza m2u yakubiswe na bagenzi be inzego z’ umutekano zihagera bamaze kumugira inoge.
Ahagana mu ma saa y’ ine n’ igice kuri uyu wa Gatanu...
Tariki 12 Mata 1994, yakomeje kuba umunsi mubi ku Batutsi bariho bakorerwa Jenoside yari igeze ku munsi wa gatandatu, aho Karemera Frodouald wa MDR-Power yahamagariye buri Muhutu gukora...
Umugabo wo mu Murenge wa Gishamvu mu Karere ka Huye, akurikiranyweho icyaha cyo gushaka kwica umugore we amukubise isuka mu mutwe amuziza kuba yari yamututse ko ari imbwa ngo ko ntacyo...
Kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 05 Kamena 2020, kuri station ya polisi ya Remera, Polisi yerekanye abaturage 29, batawe muri yombi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.Aba barimo abasanzwe bari...
Umusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Nyamagabe akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana w’igitambambuga w’umuturanyi.
Ku wa Mbere tariki ya 5 Werurwe, nibwo ubushianjacyaha bwaburanye urubanza...
Umufaransa utoza ikipe y’u Bubiligi nk’umutoza wungirije, Thierry Henry avuga ko Zlatan nta kosa yakoze akubita Mings inkokora kuko nawe iyo aza kuba Zlatan niko yari kubigenza.
Hari mu umukino...