Mu rukererera rwo kuri uyu wa Mbere nibwo benshi bari bategereje kureba niba Gorden state Warriors iri buze gutwara igikombe cya gatanu cyangwa se niba iraza gutakaza umukino wa 5 w’imikino ya...
Umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports Gakwaya Olivier yahakanye amakuru yari amze iminsi avugwa mu bitangazamakuru ko ikipe ya Rayon Sports yaba ishaka gusinyisha umusore Sibomana Patrick usanzwe...
Ikipe ya Barcelona yongeye gutangaza ko yifuza bikomeye umusore philippe Coutinho aho iyi kipe yo muri Espagne yiteguye gutanga amafaranga yose Liverpool ishaka kugira ngo ibone uyu musore ukina...
Areruya Joseph abaye umunyarwanda wa mbere utwariye Etape ku mugabane w’I burayi nyuma y’aho mu kanya gashize amaze gutwara agace kabanza ka etape ya 5 (etape 5 a) mu irushanwa ry’abatarengeje...
Umutoza w’ikipe ya police Handball club Ntabanganyimana Antoine aratangaza ko ikipe ya Police FC igihe kigeze ngo irenge urwego rwo gutwara ibikombe mu Rwanda gusa no mu karere kuko ifite intego...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka 2 umusore Muhire kevin uje akurikira abasore 2 Mugisha Francois na Nova Bayama baherutse gusinya mu minsi ishize.
Nubwo bitamworoheye...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Bayingana Aimable yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gutsinda k’umusore Areruya Joseph mu isiganwa rya Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Kiyovu Sports izacakirana n’ikipe ya Rayon Sports ku Mumena aho abakinnyi ba Rayon Sports batangaje ko biteguye kumanura mu cyiciro cya kabiri Kiyovu Sports isabwa...
Kuri uyu wa gatatu nibwo ubuyobozi bwa FERWACY bumaze gutangaza inzira Tour du Rwanda izanyuramo aho hagaragaye imihanda mishya nka Musanze –Nyamata aho umugi wa Nyamata ari ubwa mbere ugiye...
Noel Le Graet ukuriye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu bufaransa (FFF) yatangaje ko yiteze kuzabona umutoza zinedine Zidane atoza ikipe y’igihugu y’Ubufaransa mu myaka iri mbere aho yavuze ko ari...
Nyuma y’umukino w’iteramakofe wiswe uw’ikinyejana “Fight of the Century” wahuje umunyamerika Floyd Mayweather jr n’umunya filipine Manny Pacquiao wabaye 2015 kuri iyi nshuro umukino utegerejwe...
Ikipe ya Kiyovu Sports bidasubirwaho isubiye mu cyiciro cya kabiri nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Rayon Sports 2-1 ku mukino wari wavuzweho byinshi mbere y’uko ukinwa.
Nubwo abafana ba kiyovu...
Nyuma yo kurangiza shampiyona y’uyu mwaka ikipe ya AS Kigali iri ku mwanya wa 4 kuri ubu amakuru atugeraho ni uko yatangiye kwiyubaka isinyisha abakinnyi 3 barimo Ngama Emmanuel bakuye muri...
Umukinnyi wa Real Madrid Marco Asensio yatunguye benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru ubwo yavugaga ko Lionel Messi atabanza mu kibuga aramutse aje mu ikipe Ya Real Madrid iherutse gutwara...
Umwe mu bakinnyi b’imena b’ikipe ya REG BBC Ngandu Bienvenue ntabwo azagarara ku mukino uzahuza ku munsi w’ejo ikipe ya REG BBC iyoboye shampiyona na UGB BBC kubera ikibazo cy’uburwayi nkuko...
Ku munsi w’ejo nibwo imwe mu makipe y’ubukombe hano mu Rwanda Kiyovu Sports yamanutse mu cyiciro cya kabiri nyuma yo kurangiza ku mwanya wa 15 n’amanota 27 n’umwenda w’ibitego 16.Umuryango wagerageje...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo yabwiye abakinnyi bakinana ko atacyifuza gukina muri Espagne mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo gushinjwa kunyereza imisoro irenga miliyoni 13 z’amapawundi ibirego...
Nyuma y’aho inkuru ibaye kimomo ko abasore 3 Iranzi Jean Claude,Kalisa Rachid na Ombolenga Fitina batandukanye n’ikipe ya MFK Topvar Topolčany yo muri Slovakia amakuru agezweho ni uko aba basore...
Umusore Micheal Phelps watwaye imidali 5 ya zahabu mu mikino Olimpiki iheruka yatunguye abakunzi be ababwira ko yiteguye gusiganwa n’igifi kinini (shark) mu rwego rwo gushimisha abakunzi be ibintu...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17 Kamena nibwo hamaze kumenyekana amakipe 2 agomba kuzamuka mu cyiciro cya mbere gusimbura Pepieres Fc na Kiyovu Sports zamaze kumanuka mu cyiciro cya kabiri....
Umusore w’ Umunyarwanda Valens Ndayisenga ukinira ikipe ya Tirol Cycling Team akomeje kwitabira amarushanwa y’ i Burayi aho kuri ubu ari guhatana mu irushanwa riri kubera muri Slovenia “Tour de...
Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...