Muri iyi minsi byavugwaga ko umusore Sibomana Patrick ari hafi kumvikana n’ikipe ya Rayon Sports gusa amakuru agera ku Umuryango aravuga ko bitagishobotse kuko ikipe ya APR FC yamaze kongerera...
Umuyobozi w’ikipe ya Mukura VS Nizeyimana Olivier wari waratanzwe na Nzamwita Vincent De Gaulle ku rutonde rw’abazaba bagize komite ye niyongera gutorerwa kuyobora FERWAFA yamaze gutangaza ko...
Ku munsi w’ejo taliki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo abayobozi ba CAF bari bateraniye I Rabat muri Maroc bemeje ko amakipe yitabiraga igikombe cy’Afurika avuye kuri 16 agiye kuba 24 mu marushanwa...
Umunyezamu wa mbere w’ikipe y’igihugu Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame arasaba abafana b’Amavubi kuzaza kubashyigikira ari benshi ku mukino bazahuramo na Tanzania ku munsi w’ejo taliki ya 22...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ko Karekezi Olivier ariwe uzasimbura Masudi Djuma nk’umutoza wa Rayon Sports umwaka utaha, mu Kiganiro umuyobozi w’iyi kipe Gacinya...
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Chelsea Ngol’o Kante yatangaje ko umusore Alexandre Lacazette uherutse kugurwa n’ikipe ya Arsenal abona ari rutahizamu ukomeye ndetse anashimangira ko kugura uyu...
Christopher Froome umwongereza ukomeje kuyobora urutonde rusange muri Tour de France y’uyu mwaka iri kugera ku musozo yatangaje ko umunya Colombia Rigoberto Uran ariwe mukinnyi abona wamwambura...
Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka...
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga nibwo ikipe y’u Rwanda Amavubi iracakirana na Tanzania mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN aho umutoza Antoine Hey...
Umutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko aje mu ikipe ya Rayon Sports gushaka intsinzi nyuma yo gusinya amasezerano y’imyaka 2 atoza iyi kipe mu minsi ishize.
Uyu...
Ku munsi w’ejo taliki ya 21 Nyakanga nibwo ikipe ya Chelsea yatangaje ko yasinyishije ku mugaragaro umusore Alvaro Morata amasezerano y’imyaka 5 ku kayabo ka miliyoni 70 n’ibihumbi 600...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 Amavubi yabonye itike yo gukina amajonjora ya nyuma yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma yo kunganya na Tanzania 0-0 mu mukino...
Ikipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa ikomeje urugamba rwo gushaka umunya Brasil ukinira ikipe ya FC Barcelona Neymar ibintu bimaze iminsi bivugwa cyane mu bitangazamakuru by’I burayi aho...
Amakuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports na mayor w’akarere ka Nyanza Murenzi Abdallah na Mugenzi we Hadji basanzwe ari abafana bakomeye b’ikipe ya...
Ku munsi w’ejo taliki ya 22 Nyakanga 2017 nibwo byari biteganyijwe ko umwongereza Christopher Froome w’imyaka 32 ari buze gushyira akadomo kuri Tour de France y’uyu mwaka akayegukana ku nshuro ye...
Wari umunsi wa kabiri w’imikino y’akarere ka Gatanu yatangiye ku munsi wo ku wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 ikaza gusoza kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga aho U Rwanda rumaze gutsinda...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey aratangaza ko Amavubi yiteguye gusezerera Uganda mu mikino yo gushaka itike ya CHAN 2018 igeze ku cyiciro cya nyuma.
Amavubi azacakirana na Uganda mu kwezi...
Umutoza Seninga Innocent uherutse kongererwa amasezerano y’imyaka 3 mu ikipe ya Police FC yatangaje ko yiteguye gukora ibirenze ibyo yakoze umwaka ushize ubwo yarangizaga ku mwanya wa 2 muri...
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 25 Nyakanga mu rwego rwo kwitegura umwaka w’imikino utaha ndetse no kwitegura urugendo rw’umwiherero izagirira mu gihugu cya...
Umusore Lionel Messi kizigenza w’ikipe ya Barcelona yatangaje abakinnyi 3 abona bashobora gusimbura Neymar uri kuvugwa cyane ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya PSG ku kayabo ka miliyoni 195...
Umusore Cristiano Ronaldo wigeze kuvugwaho ibibazo byo kunyereza imisoro mu mezi ashize ndetse bigatangazwa ko yafashe umwanzuro wo kuva muri Real Madrid ku munsi w’ejo taliki ya 24 Nyakanga...
Mu mwaka ushize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza umusore Bimenyimana Bonfils Caleb wakinaga mu Burundi biranga bitewe n’impamvu nyinshi zirimo n’amasomo gusa kuri ubu biri...
Imikino ya kamarampaka muri Basketball (playoffs) yari imaze icyumweru cyose idakinwa yongeye yagarutse aho amakipe ahanganiye ku mukino wa nyuma ariyo Patriots na REG BBC akomeje imihigo nyuma...
Mu minsi ishize nibwo umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Bwana Gacinya Dennis yatangarije Radio 10 ko Karekezi Olivier ariwe mutoza mushya wa Rayon Sports ibintu byakuruye umwuka mubi muri iyi kipe...
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo imikino ya shampiyona y’isi mu mikino ngororamubiri (IAAF World Championships 2017) izabera I London mu Bwongereza itangire,Nyirarukundo Salome amaze iminsi mu...
Ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi ikina irushanwa rya Cascade Classics ryaberaga muri Leta Zunze Ubumwe ryasojwe ku cyumweru taliki ya 23 Nyakanga aho itahanye umwanya wa...
Umusore Alassane Tamboura w’imyaka 20 wakinaga mu ikipe ya AS Bamako muri Mali ategerejwe kuri uyu wa gatatu I Kigali aho aje gusinyira ikipe ya Rayon Sports yifuza Rutahizamu wo ku rwego rwo...